Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Yanditswe na: Romeo Akanama k’amatora ka Nigeria katangaje ko amatora ya perezida n’ay’abagize inteko ishingamategeko yari ateganyijwe kuri uyu wa gatandatu yasubitsweho icyumweru.
Aka kanama katangaje ibi habura amasaha atanu gusa ngo aya matora atangire.
Mahmood Yakubu, ukuriye aka kanama, yagize ati: "Gukora amatora nkuko byari biteganyijwe ntabwo bigikunze". Yavuze ko icyemezo gikomeye cyo kuyasubika cyagombaga gufatwa kugira ngo hazabe amatora arimo ubwisanzure kandi akozwe mu (…)
Isosiyete y’itumanaho yo muri Afrika yepfo MTN riratangazako ritazi impamvu igaragara Leta ya Uganda yahambirije Wim Vanhelluputte waruyihagarariye muri iki gihugu.
Amakuru ava muri Uganda mw’ijoro ryo ku musi wa kane avuga ko Wim Vanhelleputte, ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi, yatwawe ku ngufu ku kibuga cy’indege ategekwa kwrira indege no kuva mu gihugu byihuse.
Abategetsi muri Uganda batangaje ko iryo yirukanwa rifitaniye isano n’iperereza ku nkuru zivuga ko abakozi b’iyi kompanyi baba (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Agace ka Escobares ko mu ntara ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, niko ka mbere gakenye mu gihugu cy’a Amerika nubwo ari cyo gihugu cya mbere gitunze cyane kw’isi.
Aka gace kari ku nkengero z’uruzi rwa Rio Grande - urubibi rutandukanya igihugu cya Mexique na Amerika - ntikigeze gashyigwa ku rutonde rw’ibiturage bikenye muri Amerika kubera ko gafite abaturage bake ( 2512), kubera kandi ko gafatwa nkagace gato cyane bigatuma batajya (…)
Amategeko agenwa hagendewe kw’Itegekoshinga rya Repeburika y’uRwanda kuko ntategeko cyangwa ibwiriza rishobora gushyirwaho rivuguruza itegekoshinga.
Niyo mpamvu ikinyamakuru Mamaurwagasabo.rw kigiye kujya kibagezaho amwe mu mategeko, ni muri urwo rwego tugiye guhera kw’itegekoshinga rya Repeburika y’uRwanda aho tuzajya tubagezaho ingingo zaryo duhereye ku ngingo yambere tukazageza ku ya nyuma.
Izi ngingo tukazajya tuzibaha mu buryo bw’uruhererekane(ibyiciro). (…)
Yanditswe na: Pierre Romeo Ku itariki ya 14 Gashyantare buri mwaka mu mpande 4 zisi haba hacicikana indabyo, impano n’ubutumwa bw’urukundo mu kwizihiza umunsi w’abakundanye benshi bazi nka Saint Valentin.
N’ubwo ibihugu byose bidatanga ikiruhuko kuri uyu munsi, ntibibuza kubona abakundana cyangwa abashakanye hirya no hino ku isi bacicikana mu maresitora, amahoteli, utubyiniro no mu tubari ndetse abandi bajya mu maduka gushakira impano abo bakundana.
N’ubwo muri iki gihe, umunsi (…)
Umugore w’umunyasomaliya wari warahungiye muri Kenya yafatiwe ku ngufu n’abayisilamu b’abanyasomaliya muri iki gihugu. Abisilamu b’abanyasomalia bakubise uyu mubyeyi w’abana bane ukwezi gushize, batangiye kumwohereza ubutumwa bwo kumutera ubwoba aho acumbikiwe mu nkambi y’impunzi muri Kenya.
Amakuru dukesha urubuga Morning Star News avuga ko uyu mugore- utashatse ko amazina ye atangazwa ku bw’umutekano we, yahoze ari umuyisilamu akibana n’umugabo we muri Somalia. Muri Gashyantare 2016, (…)
Polisi yo muri Indonesia yasabye imbabazi nyuma yaho ku mbuga za interineti hagaragaye amashusho agaragaza polisi y’iki gihugu ikoresha inzoka mu gutera ubwoba ucyekwaho ubujura.
Abapolisi bagaragara muri iyi videwo baseka ubwo umwe muri bo wahataga ibibazo ucyekwaho ubujura yakozaga inzoka ku mugabo utabaza kandi waboheshejwe amapingu wo mu ntara ya Papua mu burasirazuba bw’iki gihugu.
Uyu ucyekwaho ubujura bicyekwa ko yibye telefone zigendanwa. Tonny Ananda Swadaya, umukuru wa polisi (…)
Abagore bibumbiye muri koperative KOABIKIGI iterwa inkunga n’umushinga actionaid baravuga ko kwibumbira mu mashyirahamwe y’ubunzi bibinjiriza bigatuma abagabo babo babuha.
Umushinga Action Aid ni umuryango utegamiye kuri leta uterwa inkunga n’umuryango w’ibihugu by’ubumwe bw’burayi (Europian union) nawo ukaba utera inkunga abahinzi b’imyumbati bo mu karere ka gisagara bagize koperative KOABKIGI binyuze mu mushinga wabo witwa SCAB. Bamwe muri aba bagore bibumbiye muri iri shyirahamwe (…)
Kuri uyu wa 10 Gashyantare 2019 nibwo Perezida Kagame wari umaze umwaka ari Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe, yahererekanyije ububasha na Perezida wa Misiri Abdel Fattah el-Sisi ugiye kuyobora AU mu gihe cy’ umwaka wa 2019.
Tariki ya 29 Mutarama 2018 nibwo Perezida Paul Kagame yatangiye inshingano nk’Umuyobozi wa AU mu nama y’Inteko Rusange ya 30 y’Abakuru b’Ibihugu bigize uyu muryango yabereye i Addis Ababa. Ubwo Perezida Kagame yari ayoboye AU Mu mwaka wose wa 2018 Perezida Kagame (…)
Irushanwa ngarukamwaka ryo kwibuka Padiri Kayumba Emmanuel ku nshuro ya 10, ryasojwe ikipe ya UTB Volleyball Club mu bagabo no mu bagore zegukanye ibikombe mu mikino yaberaga i Huye muri GSOB kuri iki cyumweru.
Imikino yatangiye kuwa Gatandatu, yakinwaga mu byiciro 5 harimo abagore, abagabo basanzwe bakina shampiyona ya Volleyball ndetse n’abakiri bato biga mu mashuri y’isumbuye n’abakanyujijeho muri uyu mukino (Veterans).
Mu cyiciro cy’abari n’abategarugori ikipe nshyashya ya UTB niyo (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















