Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko kuri kimwe mu bigo bivurirwamo Ebola mu burasirazuba bw’iki gihugu hafashwe n’inkongi y’umuriro bikekwa ko wakongejwe nkana.
Biravugwa ko hari abantu bateye bitwaje imihoro babonwe ku cyumweru nijoro aha hitwa Katwa, mbere yuko iyo nkongi yaduka. Abantu bane barwaye Ebola bahungishijwe.
Nta batangajwe ko bazize iyo nkongi y’umuriro, ariko aho havurirwa Ebola hasenywe.
Abategetsi bo mu nzego z’ibanze bo muri ako (…)
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yashyizwe ku mwanya wa 12 mu baperezida bo ku Isi bazamuye ubukungu bw’ibihugu bayoboye.
Uru ni urutonde rwashyizwe ahagaragara na Kaminuza ya New York ndetse na Banki y’Isi.
Raporo yashyizwe hanze muri Gicurasi 2019 igaragaza ko Perezida Museveni ari umwe mu bakuru b’ibihugu bazamuye ubukungu bwa Uganda ku buryo bufatika.
Umujyanama wa Perezida Museveni mu by’ubukungu, Stephen Miyingo yavuze ko Perezida Museveni abikwiriye.
Ati “ Ubuyobozi (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Urubyiruko rw’abakobwa bahuguwe n’umuryango utegamiye kuri Leta Save Generations Organization bahawe impamyabumyenyi nyuma y’amahugurwa y’amezi 12 bahawe y’ubumenyingiro arimo ayamezi 6 mu kudoda. Ifoto y’urwibutso y’abahawe impamyabumenyi
Uyu muhango ukaba warabaye ku wa 20 Gashyantare mu kigo cy’urubyiruko cya Kabuga, witabirwa n’abakozi mu nzego za Leta barimo abahagarariye Ministeri y’urubyiruko, umurenge wa Rusororo ndetse n’abanandi (…)
Kuri uyu wa 21 Gashyantare 2019 nibwo Minisiteri y’ Uburezi yatangaje amanota y’ abakoze ibizamini bya Leta byasoje umwaka wa 6 w’ amashuri yisumbuye. Muri rusange abahungu batsinze kurusha abakobwa mu mwaka wa 2018.
Mu mashuri yisumbuye asanzwe abatsinze ni 88.2% mu banyeshuri 42,145 naho mu mashuri yisumbuye yigisha imyuga n’ ubumenyi ngiro abatsinze ni 95.2% mu banyeshuri 21,847.
Muri rusange abakobwa batsinze ku kigero cya 84,0% naho abahungu batsinda ku kigero cya 93,0%.
Minisiteri (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Joseph Kabila wahoze ayoboye Republika Iharanira Demokrasi ya Kongo yategetse abakuru b’ishyaka rye muri iki gihugu ko bagomba kwiyemeza kuzahora bamwubaha Bwana Kabila yatumyeho abayoboye ishyaka rye rya FCC (Front Commun pour le Congo) bose uko ari 18 mu rugo rwe ruri hanze y’umurwa mukuru Kinshasa.
Umwe umwe wese yicara imbere ya Bwana Kabila agatera igikumwe ku rwandiko, aho yagombaga kwiyemeza ko azahora amwumvira.
Abayoboye iri shyaka (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Umwari UGIRASE Rebecca wo mu murenge wa Kanyinya ho mu karere ka Nyarugenge akagari ka Nzove mu mudugudu wa Bibungo, aravuga ko kuba yarafashe umwanzuro wo gukora umwuga benshi mu bakobwa badakora wo kudoda inkweto, byamufashije kwirinda kwishora mu ngeso z’Ubusambanyi.
UGIRASE Rebecca ni Umukobwa uvuka mu muryango w’abana 5 akaba imfura muri uwo muryango . Ubu abana n’ababyeyi be bombi.
Nyuma yo gukora akazi ko mu rugo ahantu hatandukanye mu mujyi (…)
KABOYI Sam utuye mu mudugudu wa Gatatu Akagari ka Nyabwinshongozi Umurenge wa Matimba ho mu Karere ka Nyagatare ararangisha icyangombwa cy’ubutaka UPI: 777 cyatakaye mu nzira ava kwa muganga ku kigo nderabuzima cya Matimba muri nzeri 2018, uwakibona yahamagara kuri 0782848968 akazahembwa bishimishije.
Yanditswe na Pierre Romeo Imfurayabo
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangiye gusenya inyubako ziri ahantu hafatwa nk’ibishanga biwukikije nyuma y’igihe ntarengwa cyatanzwe kikarangira ibikorwa byinshi bigihagaze.
Uretse ibikorwa by’ubucuruzi by’abantu ku giti cyabo, hari n’ibindi by’inyungu rusange nabyo bigomba gukurwaho hubahirijwe iri tegeko.
Ahitwa ku Kinamba mu murenge wa Muhima, ku kigo gisanzwe gifasha abana batishoboye APABENA, abasore b’inkorokoro bitwaje amapiki n’imitarimba (…)
Amategeko agenwa hagendewe kw’Itegekoshinga rya Repeburika y’uRwanda kuko ntategeko cyangwa ibwiriza rishobora gushyirwaho rivuguruza itegekoshinga.
Niyo mpamvu ikinyamakuru Mamaurwagasabo.rw kigiye kujya kibagezaho amwe mu mategeko, ni muri urwo rwego tugiye guhera kw’itegekoshinga rya Repeburika y’uRwanda aho tuzajya tubagezaho ingingo zaryo duhereye ku ngingo yambere tukazageza ku ya nyuma. Izi ngingo tukazajya tuzibaha mu buryo bw’uruhererekane(ibyiciro). (…)
Imodoka ya Sosiyete itwara abagenzi ya Trinity Express yavaga i Kampala yerekeza i Kigali, yakoreye impanuka i Kabare muri Uganda, batatu barapfa abandi 19 barakomereka.
Iyo mpanuka yatewe n’uko imodoka ya Trinity yagonganye n’ikamyo ifite Purake y’i Burundi, yerekezaga i Kampala mu rucyererera rwo kuri uyu wa Gatandatu.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Jean Bosco Kabera, yabwiye IGIHE ko iyo modoka ya Trinity yari itwaye abagenzi 34 barimo Abanyarwanda 14, Abanya-Uganda 10, Abarundi (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




![ABAKOBWA BAHUGUWE NA SAVE GENERATIONS ORGANIZATION BAHAWE IMPAMYABUMENYI MU KUDODA[AMAFOTO]](IMG/logo/arton541.png?1633463770)

















