Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Uringiyeimana n’umwe mu bagore b’intwari zu Rwanda ubarizwa mu cyiiro cy’I MENA abaka ari mugore wa rwanyije poloticyi bi yariho kubutegetsi muri yogihe, Mu ijoro ryo kuwa 6 Mata rishyira kuwa 7 Mata 1994, indege y’uwari Perezida Juvenal Habyarimana yari iturutse i Dar es salaam muri Tanzania, yarashwe biba imbarutso yo gushyira mu bikorwa umugambi wa Jenoside, hicwa abatutsi mu bice bitandukanye by’igihugu n’Abanyapolitiki batari bashyigikiye uwo mugambi mubisha Wuringiyeimana nawe yapfuye (…)
Kuri uyu wa gatanu Tariki ya 1 gashyantare mu gihe Abanyarwanda bari mu myiteguro yo kwizihiza umunsi w’Intwari, umuhanzi nyarwanda Kizito Mihigo yongeye gukora mu nganzo akora indirimbo nziza yise “Uzabe Intawari” ikaba yarakunzwe n’imbaga nyamwinshi y’abanyarwanda.
Nkuko tubikesh ikinyamakuru celebz magazine , Kizito Mihigo yavuze ko iyo ndirimbo ari umusanzu we w’umuhanzi muri ibi bihe twibukamo Intwari z’igihugu.
Yagize ati: “Umuhanzi nawe ni umunyagihugu nk’abandi, agomba (…)
Hakizumwami Elie yasuwe n’abayobozi mu murima we mu Karere ka Gatsibo, abereka uburyo akoresha amazi y’imvura akayuhiza imyaka ye mu gihe cy’umwaka wose.
Uyu mugabo ubusanzwe utuye mu Bubiligi, ubwo abo bayobozi bo muri Komisiyo y’Imari n’Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Gatsibo bamusuraga, yavuze ko uyu mushinga yawushoyemo amafaranga angana na miliyoni 24.
Izo miliyoni ni zo zubatswemo ibigega bibiri by’amazi biri mu butaka, akaba afite n’utumashini tuzamura amazi muri ibyo bigega (…)
Ni kimwe mu bitaramo by’imyidagaduro na muzika bihenze kwinjiramo mu Rwanda, iki cyateguwe n’itsinda Charly na Nina kizaba kuri St Valentin aho kwinjira ari amafaranga 90 000Frw kuri couple.
Charlotte Rulinda na Muhoza Fatuma bazwi cyane nka Charly&Nina baririmba cyane indirimbo z’urukundo. Bakoze nka ‘Indoro’,’Face to face’,’Mfata’,’Zahabu’ n’ izindi.
Ku munsi ‘w’abakundana’ kuri 15 Gashyantare muri Kigali haba hateguwe ibirori binyuranye byagenewe abakundana ngo bishimane (…)
Ukwezi kwa Gashyantare ni ukwezi mu Rwanda kwakunze kurangwamo amahoro, nta ntambara, inzara, ibyorezo n’ibindi bisa nkabyo. Kuva kera na kare Abanyarwanda bagufataga nk’ukwezi k’umugisha n’amahoro.
Ni muri urwo rwego, mu Rwanda hatoranijwe tariki ya mbere Gashyantare, itariki ngarukamwaka yo kwizihiza umunsi mukuru w’intwari z’u Rwanda. Ukwezi kutarangagwamo icyasha. Ibi bikaba ari mu rwego rwo guha agaciro n’icyubahiro intwari z’igihugu ari nako zizirikanywa.
Mu mateka y’u Rwanda, (…)
Juan Guaidó, umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Venezuela, avuga ko yagiranye ibiganiro mu ibanga n’igisirikare cy’iki gihugu agisaba kumushyigikira mu guhirika ku butegetsi Perezida Nicolás Maduro.
Muri uku kwezi kwa mbere, Bwana Guaidó yitangaje nka perezida w’agateganyo wa Venezuela, ako kanya ahita yemerwa na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’ibihugu bimwe byo muri Amerika y’epfo.
Ibihugu bikomeye by’Ubusuriya n’Ubushinwa, bishyigikiye Bwana Maduro kandi gushyigikirwa (…)
Umukiliya uwo ari we wese azaryoherwa no kugura umugati, pizza cyangwa capati bikoze mu ifarini ivanze n’ifu y’imyumbati ikorwa n’Uruganda rwa Kinazi Cassava Plant (KCP).
Nyuma y’uko ifu y’uruganda rwa Kinazi iherutse guhabwa ibyangombwa byo gucururizwa ku isoko ryo muri Amerika, kuri ubu abahanga bavuga ko abakora imigati n’ibindi bikorwa mu ifarini badakwiye kwibagirwa gushyiramo 20% by’ifu y’imyumbati y’uruganda rwa Kinazi Cassava Plant.
Kuri ubu uruganda rwa Kinazi rutunganya ifu (…)
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Aline Gahongayire, ku nshuro ya mbere agiye kuyobora ibirori byiswe ‘The East African Wedding Show’ bizerekanirwamo ibikenerwa n’abageni. Ibi birori bizaba tariki 09-10 Gashyantare 2019 muri Kigali Convention Centre.
Ibi birori byiswe ‘The East African Wedding Show’ bizerekanirwamo ibikenerwa n’abageni, bizahuza ababarizwa mu karere k’Afurika y’Uburasirazuba, Nigeria ndetse no muri Ghana.
Bizerekanirwamo imideli, ibikoreshwa mu bukwe, (…)
Icyegeranyo cy’ubutasi cyasohowe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kivuga ko Koreya ya ruguru bisa nkaho itazareka gahunda yayo yo gucura ibitwaro kirimbuzi bya nikleyeri, nubwo bwose ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump w’Amerika bugifite icyizere.
Iki cyegeranyo kigaragaza ibishobora kuba byashyira mu kaga umutekano w’Amerika ku isi, kinavuga ko Iran itarimo gucura ibitwaro kirimbuzi bya nikleyeri, ariko ko impungenge z’ibitero byo kuri mudasobwa zitewe n’Ubushinwa n’Uburusiya ari ikibazo (…)
Nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru AFP, abakuru batatu b’umutwe w’inyeshyamba ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bishyikirije ubutegetsi bw’iki gihugu.
AFP bisubiramo amagambo y’abategetsi ba Kongo bavuga ko umwe muri aba batatu ari Mubiayi Dewayi.
Bwana Dewayi ashinjwa kuba yariciye ku karubanda umugore w’uwahoze ari umutegetsi wa teritwari (territoire) ya Luebo mu ntara ya Kasaï, akamwica amuciye umutwe.
Joseph Mutshipayi, umukuru wa teritwari ya Luebo, (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















