Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

KARONGI: IKIBAZO CY'ABANA B'INZEREREZI GIHANGAYIKISHIJE AKARERE
KARONGI: IKIBAZO CY’ABANA B’INZEREREZI GIHANGAYIKISHIJE AKARERE

Yanditswe na Pierre Imfurayabo
Mu gihe akarere ka Karongi ari kamwe mu tukibonekamo umubare munini w’abana b’inzererezi, ubuyobozi bw’aka karere buravuga ko buteganya gukemura ibibazo mu miryango bituma aba bana bajya kumihanda cyane ko benshi usanga bafite aho bakomoka.
Umwana w’umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 10, duhisemo kumwita Mugisha Eric ku mpamvu z’uburenganzira bwe.
Mu masaha ya saa mbili n’igice za mu gitondo, ari kumwe n’abandi bana batandatu, bari mu cyigero nk’icye. (…)

424 Shares 4 Comments
IMIRYANGO Y'ABAGUYE MU MPANUKA Y'INDEGE YA ETHIOPIAN AIRLINES BAHAWE IGITAKA CYO GUSHYINGURA
IMIRYANGO Y’ABAGUYE MU MPANUKA Y’INDEGE YA ETHIOPIAN AIRLINES BAHAWE IGITAKA CYO GUSHYINGURA

Yanditswe na Pierre Romeo Imfurayabo
Amakuru avuga ko ubuyobozi bwa Ethiopian Airlines bwahaye imifuka irimo igitaka benewabo b’abagenzi 157 baguye mu mpanuka y’indege ya Boeing 737 Max y’iyi kompanyi yakoze impanuka ku cyumweru gishize ngo babe ari cyo bashyingura.
Ibiro ntaramakuru Reuters bitangaza ko iki gitaka cyavuye ahabereye iyo mpanuka, kiri guhabwa buri wese ugishaka muri benewabo ba banyakwigendera ngo abe yagishyingura mu muhango wo gushyingura uteganyijwe kuba kuri iki (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
NYUMA YO KURYOHERWA N'UMWIHERERO PEREZIDA UHURU KENYATTA YIYEMEJE KUWUTANGIZA MURI KENYA
NYUMA YO KURYOHERWA N’UMWIHERERO PEREZIDA UHURU KENYATTA YIYEMEJE KUWUTANGIZA MURI KENYA

Yanditswe na Imfuraybo Pierre Romeo
Perezida Uhuru Kenyatta yitabiriye Umwiherero wa 16 w’abayobozi bakuru b’igihugu, aryoherwa n’ibiganiro bitangirwamo, ahavana icyifuzo cyo kuwutangiza muri Kenya.
Perezida Kenyatta uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kuva kuri uyu wa 11 Werurwe 2019, yageze i Kigali, akomereza urugendo rwe i Gabiro mu Kigo cy’Imyitozo cya Gisirikare mu Karere ka Gatsibo ahari kubera Umwiherero. Perezida Kagame ni we wamuhaye ikaze mu Mwiherero uteraniyemo abayobozi (…)

424 Shares 4 Comments
 PEREZIDA KENYATTA YAGEZE MU RWANDA AHITA YEREKEZA I GABIRO
PEREZIDA KENYATTA YAGEZE MU RWANDA AHITA YEREKEZA I GABIRO

Yanditswe na Pierre Romeo Imfurayabo
Perezida Kenyatta yageze ku kibuga Mpuzamahanga cya Kigali I Kanombe mu gitondo cyo kuri uyu wa 11 Werurwe 2019 ahita yerekeza I Gabiro mu karere ka Gatsibo ahari kubera umwiherero wa 16 w’ abakuru b’ ibihugu. Aha ninaho ibiganiro by’ aba bakuru b’ ibihugu byombi biza kubera.
Perezida Uhuru Kenyatta yaherukaga mu Rwanda muri Werurwe mu mwaka ushize wa 2018 ubwo yari yitabiriye inama ya 10 idasanzwe y’abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma bigize (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
KOMPANYI Z'INDEGE ZAHAGARITSE INGENDO ZA BOEING 737 MAX 8 NYUMA Y'IMPANUKA Y'INDEGE YA ETHIOPIAN AIRLINES
KOMPANYI Z’INDEGE ZAHAGARITSE INGENDO ZA BOEING 737 MAX 8 NYUMA Y’IMPANUKA Y’INDEGE YA ETHIOPIAN AIRLINES

Kompanyi nyinshi z’indege zahagaritse ingendo z’indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 8 nyuma yaho indege yo muri ubu bwoko ya kompanyi Ethiopian Airlines yo muri Ethiopia ikoreye impanuka.
Indege ya kompanyi Ethiopian Airlines yavaga mu murwa mukuru Addis-Abeba wa Ethiopia yerekeza mu murwa mukuru Nairobi wa Kenya, yakoze impanuka ku cyumweru hashize iminota micye ihagurutse, abantu 157 bose bari bayirimo bahagisa ubuzima.
Urwego rw’Ubushinwa rugenzura ingendo z’indege rwategetse (…)

424 Shares 4 Comments
PEREZIDA KAGAME YIHANGANISHIJE IMIRYANGO Y'ABANTU 157 BARIMO UMUNYARWANDA BAGUYE MU NDEGE YA ETHIOPIAN AIRLINES
PEREZIDA KAGAME YIHANGANISHIJE IMIRYANGO Y’ABANTU 157 BARIMO UMUNYARWANDA BAGUYE MU NDEGE YA ETHIOPIAN AIRLINES

Yanditswe na Pierre Romeo Perezida Paul Kagame yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka y’Indege ya Ethiopian Airlines yabaye mu gitondo cyo Cyumweru, igahitana abantu bose bari bayirimo uko ari 157 barimo Umunyarwanda umwe.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter yagize ati “Twifatanyije n’imiryango n’inshuti baburiye ababo mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines yavaga i Addis Ababa igana i Nairobi. Twifatanyije na Minisitiri w’Intebe, Abiy n’abaturage ba Ethiopie.”
Mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
NYAMASHEKE: BATEYE ABATURANYI BABO BICA UMUGORE UMUGABO AJYA MURI COMA
NYAMASHEKE: BATEYE ABATURANYI BABO BICA UMUGORE UMUGABO AJYA MURI COMA

Yanditswe na Pierre Imfurayabo Iburengerazuba – Mu ijoro ryakeye muri centre ya Kirambo mu kagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo hari amakuru y’uko umugore afatanyije na bamwe mu bavandimwe be babiri bateye urundi rugo bakica umugore waho bamukubise bakanakubita umugabo we bikomeye kugeza agiye muri coma.
Biravugwa ko uyu mugore ari we wayoboye icyo gitero ku rugo rwa Ntakirutimana Jean, ndetse ubu akaba yafatanywe n’abo babikoranye bagafungwa. Imiryango yombi ngo yari isanzwe ifitanye (…)

424 Shares 4 Comments
ABAGORE BAFUNGIYE MURI GEREZA YA NGOMA BIZIHIJE UMUNSI MPUZAMAHANGA W'ABAGORE (AMAFOTO)
ABAGORE BAFUNGIYE MURI GEREZA YA NGOMA BIZIHIJE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’ABAGORE (AMAFOTO)

Abagore bafungiye muri gereza ya Ngoma bizihije umunsi mpuzamahanga w’abagore, bagaragaza ko kudasurwa n’imiryango yabo bitera bamwe ihungabana no kwiheba. Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’abagore ku isi hose, gereza ya Ngoma ntiyasigaye inyuma, abagororwa b’igitsina gore bafungiye muri iyi gereza bizihije uyu munsi waranzwe n’imbyino ndetse n’imyiyereko y’imyenda ikoze mu bipapuro no mu birere.
Umunsi mpuzamahanga w’abagore muri uyu mwaka ufite insanganyamatsiko igira iti “Dufatanye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
PEREZIDA KAGAME YIFURIJE ABAGORE UMUNSI MWIZA W' UMUGORE
PEREZIDA KAGAME YIFURIJE ABAGORE UMUNSI MWIZA W’ UMUGORE

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yifurije abagore umunsi mwiza mpuzamahanga w’ umugore avuga bakwiye guhabwa ibibagenewe icyo byasaba cyose.
Mu butumwa yashyize kuri Twitter yagize ati “Abagore barenze kimwe cya kabiri cy’ abatuye Isi, reka dukomeze gukora icyo bisaba cyose kugira ngo babone ibibagenewe. Umunsi mwiza Mpuzamahanga mwiza w’ umugore”
U Rwanda nicyo gihugu cya mbere ku Isi mu kugira abagore benshi mu Nteko Ishinga Amategeko. Abagore b’ abadepite mu Rwanda ni 61%. (…)

424 Shares 4 Comments
BUMBOGO: BYARI IBIRORI BY'AGAHEBUZO MU KWIZIHIZA UMUNSI MPUZAMAHANGA W'UMUGORE [AMAFOTO]
BUMBOGO: BYARI IBIRORI BY’AGAHEBUZO MU KWIZIHIZA UMUNSI MPUZAMAHANGA W’UMUGORE [AMAFOTO]

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wabereye mu murenge wa Bumbogo ho mu karere ka Gasabo byari ibirori bihebuje byuje n’impanuro ku bakobwa n’abagore bari babyitabiriye. Umunsi witabiriwe n’abaturage b’utugari 7 tugize umurenge wa Bumbogo
Tariki 8 Werurwe, ni umunsi ngarukamwaka wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwari n’umtegarugori. Kuri uyu wa 5 mu murenge wa Bumbogo bawizihirije ku biro by’umurenge wa Bumbogo bikaba ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru