Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Abantu 11 nibo basize ubuzima mu gitero cyakozwe n’abarwanyi b’umutwe wa Al-Shabaab ku nzu ya leta ya Somalia mu murwa mukuru Mogadishu.
Abategetsi bavuga ko muri abo bahasize ubuzima harimo icyegera cya minisitiri w’abakozi ba leta, Saqar Ibrahim Abdala, hamwe n’abapolisi batari bake. Abo barwanyi babanje guturitsa ikibombe cyari giteze mu modoka, mu nyuma bahita binjira mu nzu ikoreramo iyo minisiteri.
BBC dukesha iyi nkuru iravuga ko abo barwanyi (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Ikipe y’igihugu y’Uburundi yabonye itike iyinjiza muri gice cya nyuma cy’amakipe yaserukiye ibihugu mu irushanwa rya CAN 2019 nyuma ikipe inganirije igitego kimwe n’ikipe y’igihugu ya Gabon.
Nibwo bwa mbere Uburundi bugeze kuri iyo ntambwe mu mateka w’umupira w’amaguru.
Cedric Hamisi niwe yatangiye kwinjiza igitego ku munota wa 76 ku mupira mwiza cyane yari ahawe na Abdul Radzak uvuye ku ruhande rw’iburyo. Icyo gitego kinjiye hasigaye iminota mike (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Imiryango ifasha ivuga ko umubare w’abantu bazwi ko banduye indwara ya Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, ku nshuro ya mbere umaze kurenga 1000.
Abantu 629 ni bo bamaze gupfa bazize Ebola kuva yatangazwa ko yongeye kwaduka muri iki gihugu mu kwezi kwa munani mu mwaka ushize wa 2018.
Umubare w’abarwayi ba Ebola wariyongereye cyane mu cyumweru gishize - abarwayi 58 bashya mu cyumweru kimwe, umubare munini wa mbere (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Umugabo wari utwaye imodoka yari ivuye kwiba ibiryabarezi mu murenge wa Shyorongi yarasiwe mu murenge wa Kinyinya ahita yitaba Imana. Abaye umuntu wa 5 urasiwe mu mujyi wa Kigali akekwaho ubujura mu gihe kitarenze ukwezi kumwe.
Yarasiwe mu kagari ka Nzove mu murenge wa Kanyinya bivugwa ko bari bavuye kwiba mu murenge Shyorongi muri Rulindo aho abagabo batatu bari mu modoka bahishe plaque yayo kandi babiri bambaye imyenda ya gisirikare binjiye mu tubari (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Imodoka ya bisi itwaye abanyeshuri b’abana 51 yashimuswe n’umushoferi wari uyitwaye ndetse ihabwa inkongi hafi y’umujyi wa Milan mu Butaliyani.
Abo bana, bamwe muri bo bakaba bari baboshye, baje gutabarwa hamenwe ibirahuri by’amadirishya y’inyuma y’iyo bisi kandi nta n’umwe muri bo wakomeretse bikabije.
Abantu 14 bagize ikibazo cyo guherwa umwuka kubera guhumeka imyotsi. Uwo mushoferi w’imyaka 47 y’amavuko ufite ubwenegihugu bw’Ubutaliyani ariko akaba (…)
By Jean Claude HABIMANA Abaturage basaga gato 800 b’akarere ka Rwamagana bararanaga n’amatungo bemeza ko nyuma yo gusobanurirwa ibibi byo kurarana n’amatungo byabaga byiganjemo umwanda ukurura imbaragasa, kurwara inda n’amavunja bafashe umwanzuro wo kuraza amatungo yabo hanze mu biraro.
Gishari ni umwe mu mirenge igize akarere ka Rwamagana, igaragaza ko mu mwaka wa 2017-2018 wari ufite abaturage bagera kuri 895 bararanaga n’amatungo yabo yiganzemo ihene, intama, inkwavu, inkoko n’inka. (…)
BY HABIMANA Jean Claude Akarere ka Nyagatare kagaragaza ko umubare munini w’abimukira baza baturutse hirya no hino mu gihugu, bari mu batuma igipimo cy’abana bafite imirire mibi kitagabanuka uko bikwiye. Ibi ngo biterwa n’ubuharike bukabije bugaragara mu bimukira, umugabo agata umugore we n’abana barenga bane akajya kwishakira abandi bagore yagerayo naho akabyarirayo abandi bana. Mukabunani Florence avuga uko yatawe n’umugabo we Florence Mukabunani, umudamu wo mu mudugu wa Ryamuvara, mu (…)
Imibare y’abata ishuri mu karere ka Muhanga iri hejuru ugereranije n’ abarisubizwamo kuko mu mwaka wa 2017 banganaga na 4468 mu gihe kugeza mu ugushyingo 2018 abari bamaze gusubizwa mu ishuri ari 817.
Ubuyobozi bw’akarere buvuga ko bibuhangayikishije cyane ku buryo hagiye gukazwa ingamba zo gukumira iki kibazo.
Umwe mu bataye ishuri wo mu murenge wa Shyogwe yavuze ko we yarivuyemo yabuze amafaranga amufasha kwiga, gusa ngo ntacyo ubuyobozi butakoze ngo arisubiremo ariko byaranze (…)
Yanditswe na Romeo
Byibuze abantu 24 nibo bapfuye abandi 31 barakomeraka kuri iki Cyumweru, itariki 17 Werurwe, ubwo gari ya moshi yari ipakiye yakoraga impanuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nk’uko byatangajwe n’igipolisi na serivisi z’ubuvuzi.
Iyi mpanuka yabereye mu Ntara ya Kasai hagati mu burengerazuba bwo hagati muri Congo.
Umwe mu bayobozi b’imihanda ya gari ya moshi yavuze ko babashije kubona imirambo 24 yiganjemo abana ariko iyi mibare akaba ari iy’agateganyo (…)
Perezida wa Afurika y’ Epfo Cyril Ramaphosa mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 18 Werurwe 2019 yategeze gale ya moshi ikererwa amasaha arenga abiri.
Iyi gale ya moshe yavaga Mabopane yerekeza mu mujyi wa Pretoria yarimo Perezida Ramaphosa n’ abandi bayobozi b’ ishyaka ANC riri ku butegetsi muri Afurika y’ Epfo.
Abagenzi bari buzuye iyi gale ya moshe yakoresheje amasaha atatu ahantu yagombaga gukoresha iminota 45 bamwe bagiye bayiviramo bagahitamo kugenda n’ amaguru nk’ uko (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















