Wednesday . 22 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Perezida Kagame yavuze ko abayobozi biyita ntibindeba bakwiye kujya babihanirwa

Thursday 5 February 2026
    Yasomwe na

Ubwo yatangizaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20 Perezida Kagame yavuze ko abayobozi batuzuza inshingano zabo, bakwiye kuba babihanirwa.

Aha yatunze agatoki abo mu nzego zibanze naza Minisiteri aho yatanze urugero ko hari igihe basiga abaturage babakeneyeho Serivisi bakigendera ndetse ashimangira ko bakwiye kujya babihanirwa bakabibabazwa.

Ati “Rimwe na rimwe bamwe bagira amahirwe ntibamenyekane”

Perezida Kagame yavuze ko abayobozi batuzuza inshingano zabo, bakwiye kuba babihanirwa.


Inama ya 20 y’umushyikirano iteraniye muri Kigali Convention Center.

Umukuru w’Igihugu yavuze ko bikwiye kuba bikorwa haba mu nzego z’ibanze ndetse no muri za minisiteri, umuyobozi utahaye abaturage ibyo abagomba, akabihanirwa.

Perezida Kagame kandi yongeye gushimangira ko iyi nama ifite icyo imariye Igihugu ndetse ibaye kenshi ndetse buri uko ibaye ibyaganiriwemo, ibyemezo byafashwe bigenda bigira uburyo bifasha Igihugu gutera intambwe ndende iganisha ku bindi bikorwa by’iterambere.

Jean Claude Ndayambaje

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru