Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Rubavu: Polisi yarashe umunyeshuri arapfa mu gukumira magendu

Monday 7 October 2024
    Yasomwe na


Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ku itariki 07 Ukwakira 2024, Polisi y’u Rwanda yarashe abaturage bari mu bikorwa by’ubucoraracora, hanyuma umwana umwe wigaga mu wa kabiri w’Amashuri y’Isumbuye ahasiga ubuzima.

Intandaro y’iri hangana ryabaye ngo ubwo abazwi nk’abacoracora bageragezaga kwinjiza mu Rwanda magendu y’imyenda bari bavanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Ibi byabereye mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu. Urupfu rwuyu mwana rwarakaje abaturage, bafata amabuye batera kuri Polisi nayo mu kwirwanaho ibarasaho, ndeste bamwe barakomereka ngo aho batandatu (6), bajyanywe kuvuzwa

Twagerageje kuvugisha Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba ntiyatwitaba, n’ubutumwa twamwoherereje ngo aduhe ibisobanuro muri ibi ntuyabushubije.

Nyuma yubu bushyamirane Umuyobozi wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa, CP Vincent B Sano ari kumwe na Meya w’akarere ka Rubavu, Murindwa Prosper, bahise bakorana inama n’abaturage. Basabye abaturage kwirinda guhangana n’inzego zishinzwe umutekano.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru