Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Umumotari, umunyonzi n’umugenzi barasabwa kuba barikingije COVID-19

Friday 7 January 2022
    Yasomwe na

Ibyemezo bya Minisitiri w’Intebe byasohotse ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Mutarama 2022, byemereye moto n’amagare gukomeza gukora gutwara abagenzi ariko bishyirirwaho amabwiriza ko utwaye n’utwawe bagomba kuba barikingije Covid-19.

Ubusanzwe ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri cyangwa izindi nzego zibishinzwe zari zimaze igihe zemerera abamotari n’abashoferi b’amagare gukomeza gukora bubahiriza izindi ngamba za covid-19 bidasabye ko abagenzi bagomba kuba barikingije.

Iri tangazo rivuga kandi ko abatazubahirizs izo ngamba bazabihanirwa.

Ku batwara imodoka rusange, bemerewe gutwara 100% by’abicaye nabo bakaba barikingije COVID-19

Mu zindi mpinduka ni iz’abakizi mu biro bya Leta byemerewe gukomeza gukora ariko ariko buri rwego rurasabwa gukoresha 15% by’abakozi bose bakorera mu biro.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru