Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Uyu munsi biramenyekana niba Rusesabagina ari Umunyarwanda cyangwa Umubiligi

Friday 26 February 2021
    Yasomwe na

Uyu munsi ku wa Gatanu nibwo urukiko ruri butangaze umwanzuro ku mbogamizi Rusesabagina yatanze zirimo ko ari gukurikiranwa n’ubutabera bw’u Rwanda nk’Umnyarwanda kandi we yarahakanye ku nshuro ya Gatanu ko atari Umunyarwanda ahubwo ari Umunyarwanda ahubwo ari Umubiligi.

Rusesabagina atsimbaraye kuri iyo turufu nk’umuntu udashaka kuburanishwa n’inkiko zo mu Rwanda, akifuza ko yajyanwa kuburanishirizwabmu Bubiligi aho yita iwabo.

Ubushinjacyaha burega Paul Rusesabagina wari Perezida w’Impuzamashyaka MRCD na Nsabimana Callixte wiyise Sankara wahoze ari umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba wa FLN n’abandi 19.

Mu iburanisha ry’ubushize, Nsabimana Callixte wiyise Sankara wahoze ari umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba wa FLN icyo gihe yabwiye Urukiko ko atangajwe no kumva uwo yita Shebuja ahakana ko ari Umunyarwanda kandi bakiri mu ishyamba yarababwiraga ko afite umugambi wo kuzayobora u Rwanda.

Paul Rusesabagina akomoka mu cyahoze ari Komine Murama, Perefegitura ya Gitarama; ubu ni mu Karere ka Ruhango, Intara y’Amajyepfo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru