Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Uyu munsi biramenyekana niba Rusesabagina ari Umunyarwanda cyangwa Umubiligi

Friday 26 February 2021
    Yasomwe na

Uyu munsi ku wa Gatanu nibwo urukiko ruri butangaze umwanzuro ku mbogamizi Rusesabagina yatanze zirimo ko ari gukurikiranwa n’ubutabera bw’u Rwanda nk’Umnyarwanda kandi we yarahakanye ku nshuro ya Gatanu ko atari Umunyarwanda ahubwo ari Umunyarwanda ahubwo ari Umubiligi.

Rusesabagina atsimbaraye kuri iyo turufu nk’umuntu udashaka kuburanishwa n’inkiko zo mu Rwanda, akifuza ko yajyanwa kuburanishirizwabmu Bubiligi aho yita iwabo.

Ubushinjacyaha burega Paul Rusesabagina wari Perezida w’Impuzamashyaka MRCD na Nsabimana Callixte wiyise Sankara wahoze ari umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba wa FLN n’abandi 19.

Mu iburanisha ry’ubushize, Nsabimana Callixte wiyise Sankara wahoze ari umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba wa FLN icyo gihe yabwiye Urukiko ko atangajwe no kumva uwo yita Shebuja ahakana ko ari Umunyarwanda kandi bakiri mu ishyamba yarababwiraga ko afite umugambi wo kuzayobora u Rwanda.

Paul Rusesabagina akomoka mu cyahoze ari Komine Murama, Perefegitura ya Gitarama; ubu ni mu Karere ka Ruhango, Intara y’Amajyepfo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru