Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Perezida Biden yerekeje mu Burayi kugarura umubano wazahajwe na Trump

Wednesday 9 June 2021
    Yasomwe na

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden kuri uyu wa Gatatu yerekeje mu Burayi mu ruzinduko rwo kujya kuzahura umubano n’ibihugu byaho wari warazahajwe n’uwo yasimbuye Donald Trump mu myaka ine yamaze ayoboye Amerika.

Ni uruzinduko atangirira mu Bwongereza ari naho hazabera inama y’iminsi itatu guhera ku wa 11 Kamena2021, izahuza y’ibihugu birindwi bikize ku isi, bizwi nka G7, igamije gufatirwamo ingamba zo guhangana n’ingaruka icyorezo cya COVID-19 kiri gutera isi kugira ngo bategure ahazaza heza hazabasha guhangana n’ibindi byorezo bishobora kuzagwira isi.

Uru ni rwo ruzinduko rwa Mbere Perezida Biden akoreye hanze y’igihugu cye kuva yajya ku buyobozi muri Mutarama 2021.

Uruzinduko rwa Bwana Biden na Madamu we ruzamara i minsi igera ku munani rukazibanda cyane ku kubaka umubano n’ibihubu bihuriye ku nyanja ya Atlantic cyane cyane no kongera kuzahura umubano n’Uburusiya.

Ibiro by’Abongereza Reuters duikesha iyi nkuru byavuze ko uruzinduko rwe rugaragaza inyota afite y’abademokarate mu bushobozi bwo kubasha kunagura umubano mpuzamahanga cyane ku bihugu by’ibicuti bya Amerika byari byaramazr kurebana ay’ingwe kubera imiyoborere n’ibyemezo bya Trump byavangavanze ubuhahirane n’ubucuruzi mpuzamahanga

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru