Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko u Rwanda rwakoze ishoramari mu guhangana na Covid19 bituma ruzamura ubushobozi bwo gukora umwuka wa Oxygen ukene n’indembe kwa Muganga, ruva ku gukora amacupa 600 ya litiro 50 ku munsi rugera ku macupa 2400.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu mu nama yahuje inzobere zibumbiye mu ishyirahamwe ry’abakora mu rwego rw’ubuzima mu Muryango w’Afurika y’Iburasirazuba wongeyeho na Ethiopia imaze iminsi ibiri ibera ku (…)
Mutungirehe Samuel
Bishobora kubaho ko hari ababyeyi bafite umwana wavukanye ubumuga bwo mu mutwe ariko ntibamuhe amahirwe yo kugera aho abandi bana bari, haba no ku ishuri kugira ngo bitume hari amahirwe yahagirira mu bumenyi butandukanye burimo n’ubwo gukora siporo ashoboye bikaba byatuma akuza impano ye ikaba yamugeza kure hashoboka igiha yafashijwe kuyiteza imbere akanayibyaza umusaruro.
Umunyamabanga Mukuru wa Special Olympics Rwanda, Karenzi Christopher avuga ko hari ababyeyi (…)
Nairobi, le 9 septembre
Réformer l’agenda commercial de l’Afrique ou continuer à s’enfoncer plus profondément dans les griffes du néolibéralisme.
Le Nord global convoite farouchement et largement l’Afrique pour ses ressources, mais, dans quelle mesure, l’Afrique est-elle préparée à contrer cet indéniable néolibéralisme de notre temps?
L’Afrique, un continent de 1,3 milliard d’habitants, doit donc revoir et élaborer des stratégies sur la façon dont elle commerce avec le Nord global (…)
Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi binyuze mu bufatanye bw’Ingano z’u Rwanda zafashije iz’igihugu cye zamaze kwigarurira hafi ibice byose byari byarigaruriwe n’imitwe y’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado.
Hashize amezi abiri gusa ingabo z’u Rwanda zimanutse muri Mozambique mu ntara ya Cabo Delgado gufasha ingabo z’igihugu gutsinsura inyeshyamba zari zarigaruriye iyo ntara.
urugamba rukomeye rwatangiye muri Nyakanga 2021 ariko rukaza gufata indi ntera mu ntangiriro z’ukwezi gushize ubwo (…)
Inzego z’Ubuzima mu Rwanda ziri mu igerageza rigamije korohereza abaturarwanda bose kubona ibinini birinda umuntu kwandura agakoko gatera SIDA bya PrEP (pre-exposure prophylaxis) ubu bihabwa gusa abafite ibyago byinshi byo kwandura aka gakoko.
Umwaka ushize wa 2020 nibwo hatangiye igeragezwa ry’ibi binini mu Rwanda, bitangirira mu bigo nderabuzima icumi byo mu Mujyi wa Kigali ngo harebwe ubushobozi bifite bwo kurinda umuntu kwandura VIH, nyuma bibone gukwirakwiza hose nkuko bitangazwa na (…)
Mutungirehe Samuel
Perezida Paul Kagame yasabye ko hakwiye kongerwa ingamba ndetse n’ibihano ku bakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina, cyane cyane gufata ku ngufu abagore no gusambanya abana bikavuramo guterwa inda z’imburagihe.
Ni ikibazo asanga bamwe mu bagikora basigaye batekereza ko ari ikintu cyemewe.
Yabitangaje ubwo yatangizaga umwaka w’ubucamanza wa 2021/2022, abwira abakora mu by’ubucamanza ko icyi kibazo kimaze gufata Indi ntera, bamwe basa n’ababigize umuco.
Yavuze ko (…)
Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mukeshimana Gerardine, yatangaje ko muri iki gihembwe k’ihinga A 2021/2022 biteguye kubonera abahinzi bose imbuto z’ibigori, ibishyimbo, soya n’ingano ku kigero cyuzuye 100% ziturutse imbere mu gihugu hatongeye kubaho gutumiza imbuto hanze y’igihugu.
Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, asobanura ko Leta itazongera gutumiza hanze izo mbuto kuko zose zisigaye zituburirwa imbere mu gihugu kandi zihagije abazikeneye bose bityo uzajenera (…)
Mu mahame y’Abatalibani bazwiho kugendera kuri corowani ya Islam, ntibemerera abakobwa cyangwa se abagore kwiga bicaye mu ishuri rimwe n’ab’igitsina gabo. kuri ubu ariko aho bemereye amashuri ya kaminuza muri Afoganisitani gusubukura amasomo mu mashuri amwe n’amwe, ab’igitsina gore barigana ariko nabwo batandukanijwe n’ab’igitsina gabo hakoreshejwe ibitambaro binini cyangwa ibibaho.
Ibibera mu makaminuza n’ayandi mashuri muri Afuganistani, nkuko VOA ibitangaza, birimo gukurikiranirwa hafi (…)
Perezida Paul Kagame yabwiye abayobozi bakuru binjiye muri Guverinoma n’abahawe inshingano nshya mu zndi nzego ko ’Kubaka igihugu rero ni inshingano ya buri Munyarwanda’, abibutsa ko badashoboa kubigeraho badafatanyije n’abandi bayobozi.
Yabitangaje kuri uyu wa Mbere ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi batandatu baherutse guhabwa inshingano nshya barimo Dr Bizimana Jean Damascene wagizwe Minisitiri wa mbere wa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu.
Perezida Kagame (…)
Mutungirehe Samuel
Perezida Paul Kagame yagize icyo avuga ku bamubajije n’abagiye bibaza niba u Rwanda nanone rushobora gutanga umusanzu w’Ingabo z’igihugu mu gukemura ikibazo cy’intambara imaze Igihe ishyamiranyije ingabo za Leta ya Ethiopia n’iz’Ishyaka rya TPLF zigaruriye intara ya Tigray, ritavuga rumwe na Guverinoma iyobowe na Dr. Abiy Ahmed.
Mu gutanga igisubizo cy’aho u Rwanda ruhagaze byaturutse ku kibazo yabajijwe mu kiganiro yagiranye n’Ikigo k’Igihugu k’Itangazamakuru RBA kuri (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















