Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Umwami wa Eswatini, Mswati III yohereje abasilikare n’abapolisi Ingabo n’abapolisi muri Eswatini ku bigo by’amashuri guhangana n’abanyeshuri bamaze iminsi bigaragambya basaba ko habaho amavugurura ya politiki mu gihugu.
Hashize iminsi abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye muri iki gihugu kikigendera ku Bwami banga kujya kwiga basaba ko habaho amavugurura muri politiki.
Mu byo basaba harimo irekurwa ry’abadepite bafashwe mu myigaragambyo yabaye mu minsi ishize, kandi hagashyirwaho (…)
Ndayambaje Jean Claude
U Rwanda rwatoranyijwe nka kimwe bihugu bizitabira Igikombe cya Afurika cy’imikino y’amaboko, Handball, ku bagabo, kizabera mu gihugu cya Maroc. Ni irushanwa rigomba gutangira tariki ya 13 kugeza 23 Mutarama 2022.
Ni irushanwa u Rwanda rugiye kwitabira ku nshuro ya mbere mu gihe rizaba ribaye ku nshuro ya 25 ku rwego rw’Afurika.
Impuzamashyirahamwe y’Umukino wa Handball muri Afurika "CAHB" yamenyesheje ibihugu byose bigomba kwitabira Igikombe cya Afurika (…)
Uruganda rwa Burera Dairy rwahoze ari urwa Leta rucungwa n’akarere ka Burera ariko kuri ubu rweguriwe abikorera. Kugeza ubu rutunganya litiro ibihumbi bibiri n’amaganatanu ku munsi (2500) ndetse bakaba bafite inzozi zo kuzajya bakora litiro miliyoni mu kwezi.
Mutungirehe Samuel
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’igihugu cy’Ubuzima RBC, Dr Nsanzimana Sabin, yatangaje ko iki kigo cyatangiye ikiciro cyo gukingira COVID19 mu buryo bwagutse mu turere 12 hanyu y’Umujyi wa Kigali, bakoresheje doze zirenga miliyoni imwe mu minsi igera ku 10.
Ni muri gahunda u Rwanda rwihaye yo kugera ku ntego y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima OMS yo gukingira nibura 60% by’abaturage b’igihugu kugira ngo igihugu kizere ko cyarwanyije gukwirakwira k’ubwandu bwa (…)
Mutungirehe Samuel
Ubushinjacyaha Bukuru bwa Repubulika y’u Rwanda bwashyize ahagaragara amazina n’amasura y’abantu bahamwe n’icyaha cyo gusambanya abana ndetse n’abantu bakuru.
Hashize igihe byemejwe ko hagiye kujya hatangazwa amazina n’amasura y’abantu bahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana mu rwego rwo kugira ngo nibura abatekereza kubikora batinye ko bazamenyekana, wenda bigabanye umubare w’abishora mu konona u Rwanda rw’ejo.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Ukwakira 2021 (…)
Nzeyimana Viateur
Abanyeshuri begukanye intsinzi mu marushanwa y’imyuga n’ubumenyingiro yaberaga muri IPRC Kigali iherereye Kicukiro barasabwe gukora cyane no gukomeza kwitoza, kugira vuba, kugira ngo bazashobore gutsinda mu marushanwa yo ku rwego rw’Afurika azabera muri Namibiya.
Abo ni Nizeyimana Janvier wiga iby’amashanyarazi, Niyigena Elie wiga iby’amazi, Irimaso David wiga iby’amashanyarazi na Ndayishimiye Andres wiga iby’ubwubatsi bose bazahagararira u Rwanda mu gihugu cya Namibiya (…)
Madamu Jeannette Kagame yashimye uruhare rw’abageze mu zabukuru mu kubaka u Rwanda rwifuzwa no guha abakiri bato umurage mwiza bazagenderaho.
Ni ubutumwa yabutanze binyuze ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 8 Ukwakira 2021, itariki isanzwe yizihizwaho Umunsi Mpuzamahanga w’Abageze mu Zabukuru.
Ku rwego rw’isi, uyu munsi w’abageze mu zwizihijwe mu nsanganyamatsiko igaruka ku ’Gukangurira no gufasha abantu gukoresha ikoranabuhanga, abageze mu zabukuru badahejwe’.
Umunsi Mpuzamahanga (…)
Clarisse,“” is a teen mother from Nyankora cell, Kayonza district, she is 19 years old, her father died.
She got pregnant on 18 years old when she was in S3, her family rejected her severely.
"My brother was always insulting me, he brought me out, they denied me food." She said.
She gave birth and she was very hungry, stressed, traumatized. It is that situation when Komera came and picked her, Komera counseled her, teach her self-confidence, family planning, to love her child, to love (…)
Rurangwa w’imyaka 59 yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe saa Kumi n’iminota itanu kuri uyu wa Kane, tariki ya 7 Ukwakira 2021.
Yoherejwe mu Rwanda nyuma yo kwirukanwa ku butaka bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Yageze i Kigali yambaye ishati y’ubururu bwerurutse, ikoboyi n’inkweto z’umweru.
Yahise afatwa n’abapolisi babiri, bamwambitse amapingu mbere yo kumwinjiza mu modoka y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB.
Rurangwa wabonye izuba mu 1962, mu mwaka wa (…)
Ku manywa yo kuri uyu wa Gatatu, Laboratoire y’Ibitaro bya Kibagabaga yafashwe n’inkongi y’umuriro aho bikekwa ko ishobora kuba yatewe n’umuriro w’amashanyarazi.
Ibitaro bya Kibagabaga biherereye mu Karere ka Gasabo. Ahagana saa kumi nibwo bivugwa ko inkongi yatangiye, igice cy’ahagana inyuma muri iyi laboratoire kirashya.
Abari bahari bakeka ko iyo nkongi yaba yatewe n’umuriro w’amashanyarazi kuko mbere yayo hari ibintu bumvaga biturika ariko ntibasobanukirwe ibyari byo.
Igihe cyavuze (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















