Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Ku nshuro ya kabiri mu mashuri y’imyuga hari kuba amarushanwa mu rwego rw’igihugu guhitamo abazahagararira u Rwanda mu rwego rwa Afurika kugera ku rwego rw’Isi.
Kuva kuri uyu wa kabiri kuwa 05/10/2021 i Kigali hari kubera amarushanwa y’abanyeshuri biga mu bigo by’amashuri y’imyuga, aribyo TVET na IPRC zose.
Mu bigo by’amashuri makuru y’imyuga byavuyemo abanyeshuri barushanwa nibyo bikurikira ; IPRC Gishari, IPRC Huye, IPRC Karongi, IPRC Kigali, IPRC Kitabi, IPRC Musanze, IPRC Ngoma na (…)
Alice Umugiraneza
Akarere ka Burera ni kamwe mu turere twakunze kugaragaramo Ibiyobyabwenge bitewe nuko gahana imbibi n’igihugu cya Uganda.
Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’Amashuri bibarizwa muri aka karere bameza ko hari impinduka zigaragara ku bijyanye n’imyitwarire y’abanyeshuri ugereranyije na mbere kuko wasanga abanyeshuri batoroka ibigo bakajya gushaka ibiyobyabwenge mu giturage ariko kuri ubu ntibikibaho bitewe n’imbaraga zashizwemo n’ibigo ku bufatanye n’ababyeyi ndetse n’inzego (…)
Mutungirehe Samuel
Ikigo gishinzwe imiti ku Mugabane w’Uburayi cyemeje ko kigiye kujya gitanga doze ya gatatu ku bantu bafite ubudahangwarwa bw’umubiri bufite intege nke mu rwego rwo kubarinda kwandura ndetse no kwanduza virusi ya Corona.
Ibi ngo bizajya bikorwa ku batewe urukingo rwo mu bwoko bwa Moderna na Phizer.
Doze ya gatatu bazajya bayifata nyuma y’iminsi 28 bahawe iya kabiri mu gihe abafite imyaka 18 kuzamura badafite ikibazo kindi bazajya bayihabwa hashize amezi atandatu (6) (…)
Alice Umugiraneza
Abatwara ibintu n’abantu ku magare babarizwa muri Koperative ya "Coperative de Velo de Musanze (CVM)" yo mu Mujyi wa Musanze baravuga ko babangamiwe na bamwe mu bashinzwe umutekano wabo bazwi nk’abasekirite babafatira amagare kugira ngo babone uko babaka ruswa mu gihe ubuyobozi bwabo buvuga ko ahari abantu batabura amakosa
Abaganiye na mamaurwagasabo.rw bavuga ko abasekirite b’abanyonzi babahohotera bitewe n’icyo bise inda nini.
Rudomoro ni izina twahaye uwo (…)
Mutungirehe Samuel
Minisiti w’Uburezi Dr Uwamaliya Valentine, yatangaje ko nyuma y’ibyiciro bine byatsinze ibizamini bya Leta mu mashuri abanza hari n’ikindi kiciro cya Gatanu, gikunze kwitwa Unclassfied (U) kirimo abanyeshuri 44 176, bangana na 17,50% batagejeje ku manona agaragaza ko batsinze.
Abo mu mashuri yisumbuye mu kiciro rusange bari mu kicoro cya gatanu nabo batagejeje ku manota fatizo y’abatsinze ibizamini ni 16 466 bangana na 13,6%.
igiteranyo cy’abo bose uko bari mu (…)
Rwanda rwakiriye doze 857,000 z’urukingo rwa COVID-19 zo mu bwoko bwa Astra Zeneca zitanzwe n’Ubutaliyani, zije kongerera imbaraga gahunda yo gukingira imaze kugera ku baturarwanda barenga 12%.
Zakiriwe ku mugaragaro kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Ukwakira 2021 na Hassan Sibomana wari uhagarariye Minisitiri w’Ubuzima akaba asanzwe anakuriye gahunda yo gukimgira mu gihugu, na Amb. Guillaume Kavaruganda Umuyobozi Mukuru ushinzwe Uburayi, Amerika n’imiryango mpuzamahanga muri Minisiteri (…)
By Scovia Mutesi
Nadine Akingeneye ( not her real name), an 18-year-old girl living in Ngoma district dropped out of school when she was in senior three due to poverty in 2019.
As a result, she got a domestic work where she then met a man who impregnated at a teen age.
“When I was pregnant I never went to the hospital for antenatal care. My family rejected me and no one else from who I could get support or give advice. The man who impregnated me advised me to do an abortion. He gave (…)
Mutungirehe Samuel
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, yatangaje ko yataye muri yombi abantu 13 bari mu mugambi wo gutegura ibikorwa by’iterabwoba i Kigali bashaka guturitsa bagashyira hasi zimwe mu myubako zikomeye zirimo Kigali City Tower, gare ya Downtown n’iya Nyabugogo.
Abafashwe beretswe itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ukwakira 2021, ku munsi u Rwanda rwizihizaga umunsi wo ukunda Igihugu hazirikanwa ubutwari bw’ingabo zari iza APR hatangiye (…)
Ku itariki nk’iyi twibuka icyemezo gikomeye cyashyizwe mu bikorwa cyo kuzura u Rwanda no kubohora Abanyarwanda byakozwe n’abana b’u Rwanda bari BATO ariko batari GITO,
Ku itariki nk’iyi twibuka abana b’u Rwanda baranzwe no kugira Umutima ukomeye Kandi ucyeye,
Ku itariki nk’iyi tuzirikana UBUDASA mu mitekerereze, imikorere ndetse n’imyifatire byaranze INKOTANYI.
Ntitwabona uko dushimira INKOTANYI zaduhaye ubuzima, zaduhaye u Rwanda, zaduhaye igihugu cyiza, zaduhaye byose. Gusa mu mitima (…)
Mutungirehe Samuel
Hari ababyeyi bo mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Karangazi mu tugari twa Rwenyemera na Kizirakome badatinya gutunga intoki bagenzi babo ko babaye ‘Tereriyo’, ntibite ku kwigisha hakiri kare ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere n’imyitarire ikwiye ku bana babo by’umwihariko b’abakobwa, bigatuma basambanywa abandi bakisanga batwaye inda zitateganyijwe.
Babitangarije mu nteko y’abaturage yongeye gufungurwa mu murenge wa Karangazi tariki ya 28 Nzeri 2021 hubahirijwe (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















