Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Kuri uyu wa Gatatu u Rwanda rurakira inkingo za AstraZeneca
Kuri uyu wa Gatatu u Rwanda rurakira inkingo za AstraZeneca

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 3 Werurwe 2021, u Rwanda rurakira icyiciro cya mbere cy’inkingo za Coronavirus, zizatangwa muri gahunda yo gukwirakwiza inkingo izwi nka Covax.
Inkingo u Rwanda rugiye kwakira ni izakozwe na Kaminuza ya Oxford yo mu Bwongereza za AstraZeneca nk’uko Igihe cyabitangaje. Uru rukingo ni narwo rwatanzwe muri iyi gahunda mu bindi bihugu bibiri bya Afurika, Ghana na Côte d’Ivoire, aho byombi byatangiye gukingira ku wa 1 Werurwe 2021, bikiyongeraho na Nigeria (…)

424 Shares 4 Comments
Ibindi bihugu 24 by'Afurika bigiye kubona inkingo muri COVAX
Ibindi bihugu 24 by’Afurika bigiye kubona inkingo muri COVAX

Gahunda y’Umuryango w’Abibumbye igamije kugeza inkingo ku bihugu byishyize hamwe hagamijwe kubona inkingo za Coronavirusi (COVAX) igiye guha inkingo ibindi bihugu 24 byo ku mugabane w’Afurika bigahita nabyo bitangira gukingira abaturage.
Ni ibihugu birimo Kenya na Nigeria biri bwakire inkingo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Werurwe 2021.
Kenya ubwayo irahabwa Doze miliyoni 1 n’ibihumbi 250 z’urukingo rwa Astrazeneca Oxford. Minisiteri y’Ubuzima muri iki gihugu yatangaje ko bagiye guhera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Cardinal Kambanda yavuze ibyaranze Padiri Rugirangoga asigiye Abanyarwanda
Cardinal Kambanda yavuze ibyaranze Padiri Rugirangoga asigiye Abanyarwanda

Mutungirehe Samuel
Antoine Cardinal Kambanda yavuze ko Padiri Obald Rugirangoga yaranzwe no kudaheranwa n’ububabare n’abaginda yagize kubera amateka yanyuzemo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ko ahubwo yabibyaje imbaraga zikomeye mu kubaka amahoro, yigisha abahemukiwe gusaba imbabazi no kwicisha bugufi.
Yabitangaje ubwo yasomaga Misa yo gusezera kuri Padiri Rugirangoga Obaldi uherutse kwitaba Imana aguye muri Amerika muri Mutarama 2021 azize ingaruka yatewe na Coronavirusi mu (…)

424 Shares 4 Comments
Umurambo wa Padiri Obaldi uragezwa mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu
Umurambo wa Padiri Obaldi uragezwa mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu

Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo biteganyijwe ko umurambo wa Padiri Rugirangoga Obaldi ugezwa mu Rwanda kugira ngo uzashyingurwe mu cyubahiro.
Padiri Rugirangoga yaguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yaragiye kwivuza ingaruka za Coronavirisi.
Ku wa mbere ni bwo umurambo wa Padiri Rugirangoga uzagezwa mu karere ka Rusizi kuri Diyoseze Gatulika ya Cyangugu nkuko byasobanuwe na Padiri Komerusenge Athanase, akaba n’Umunyamabanga wa Diyoseze Gatulika ya Cyangugu.
Yagize ati (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Minisitiri Busingye yasobanuye uko u Rwanda rwafashije uwaruzaniye Rusesabagina
Minisitiri Busingye yasobanuye uko u Rwanda rwafashije uwaruzaniye Rusesabagina

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Busingye Johnston, yemeje ko indege yavanye Rusesabagina Paul i Dubai ikamugeza mu Rwanda agahita atabwa muri yombi, yishyuwe na Leta y’u Rwanda ariko atari yo yayimushyizemo.
Ni amakuru yatangajwe mu gihe Rusesabagina akomeje kuburanishwa n’inkiko z’u Rwanda ku byaba by’iterabwoba, bifitanye isano n’umutwe w’abarwanyi wa MRCD/FLN, wagabye ibitero byishe abaturage mu nkengero z’ishyamba rya Nyungwe.
Mu kiganiro UpFront cyaciye kuri Al (…)

424 Shares 4 Comments
Congo DRC yatangije iperereza ku rupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio
Congo DRC yatangije iperereza ku rupfu rwa Ambasaderi Luca Attanasio

Urwego rw’ubugenzacyaha muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo rwatangiye guperereza ibyihishe inyuma y’iyicwa rya Ambasaderi Luca Attanasio.
Ku wa Mbere w’Icyumweru ni bwo humvikanye urupfu rwa Amb Attanasio arasiwe i Kanyamahiro hafi y’Umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari kumwe n’umushoferi we Moustapha Milambo n’umurinda Vittorio Iacovacci bari mu modoka z’Ishami rya Loni PAM/WFP bagemuriye abanyeshuri ibiribwa.
Umujyanama wa Perezida wa DRC Christian (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urukiko rwemejwe ko Rusesabagina akomeza kuburanishirizwa aho bikekwa ko yakoreye ibyaha
Urukiko rwemejwe ko Rusesabagina akomeza kuburanishirizwa aho bikekwa ko yakoreye ibyaha

Urukiko rusomeye Rusesabagina ko inzitizi yatanze ko rudafite ububasha bwo kumuburanisha kandi ari umunyamahanga nta shingiro ufite. Umwanzuro w’Urukiko umaze gusomwa uvuga ko ibyo Rusesabagina yavuze ko atagombye kuburanishwa n’u Rwanda kuko atari Umunyarwanda nta shingiro bifite.
Taarifa iri gukurikirana uru rubanza yanditse ko Urukiko rwemeje ko rufite ububasha bwo kumuburanisha kuko ibyaha akurikiranyweho yabikoreye ku butaka bw’u Rwanda kandi itegeko rivuga ko agomba (…)

424 Shares 4 Comments
Uyu munsi biramenyekana niba Rusesabagina ari Umunyarwanda cyangwa Umubiligi
Uyu munsi biramenyekana niba Rusesabagina ari Umunyarwanda cyangwa Umubiligi

Uyu munsi ku wa Gatanu nibwo urukiko ruri butangaze umwanzuro ku mbogamizi Rusesabagina yatanze zirimo ko ari gukurikiranwa n’ubutabera bw’u Rwanda nk’Umnyarwanda kandi we yarahakanye ku nshuro ya Gatanu ko atari Umunyarwanda ahubwo ari Umunyarwanda ahubwo ari Umubiligi.
Rusesabagina atsimbaraye kuri iyo turufu nk’umuntu udashaka kuburanishwa n’inkiko zo mu Rwanda, akifuza ko yajyanwa kuburanishirizwabmu Bubiligi aho yita iwabo.
Ubushinjacyaha burega Paul Rusesabagina wari Perezida (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Tchisekedi yabujije ba Ambasaderi kongera kurenga Kinshasa nta ruhushya
Perezida Tchisekedi yabujije ba Ambasaderi kongera kurenga Kinshasa nta ruhushya

Perezida Felix Tshisekedi yafashe umwanzuro wo kubuza bahagarariye ibihugu byabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kimwe n’abahagarariye imiryango mpuzamahanga muri icyo gihugu, ntibazongera kuva i Kinshasa bajya mu zindi ntara z’igihugu batabimenyesheje inzego zibishinzwe.
Byemejwe n’inama ishinzwe umutekano yayobowe kuri uyu wa kabili na Perezida Felix Tshisekedi nyuma y’iyicwa ry’Amabasaderi w’Ubutaliyani, Luca Attanasio.
Minisitiri Jean Bosco Lubuga Sebishimbo, ushinzwe (…)

424 Shares 4 Comments
Afurika: Igihugu cya mbere cyabonye inkingo z'ubufatanye bwa COVAX
Afurika: Igihugu cya mbere cyabonye inkingo z’ubufatanye bwa COVAX

Kuva aho ibigo bitandukanye ku isi bitangiye kugurisha inkingo za Coronavirusi, ibihugu byo ku mugabane w’Afurika byagaye cyane ibyo mu Burengerazuba bw’isi kwikubira inkingo, aho 75% byazo zabyihariye.
Ibihugu by’Afurika byari byaribumbiye mu bufatanye mu by’urukingo rwa Corona, bwiswe COVAX ariko kugeza ubu byari bitaratangira kubona urukingo na rumwe muri ubwo bufatanye.
Kuri uyu wa Gatatu ni bwo igihugu cya mbere ku mugabane w’Afurika ari cyo Ghana cyahawe inkingo za coronavirusi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru