Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Urubanza rwa Rusesabagina ruraburanishwirizwa mu ruhame kuri uyu wa Gatatu ku Kimihurura
Urubanza rwa Rusesabagina ruraburanishwirizwa mu ruhame kuri uyu wa Gatatu ku Kimihurura

Urubanza rwahurijwe hamwe ruregwamo Paul Rusesabagina wari Perezida w’Impuzamashyaka MRCD na Nsabimana Callixte wiyise Major Sankara ndetse na Herman Nsengimana, abo babiri bahoze ari abavugizi b’umutwe wa FLN ndetse n’abarwanyi babo uko ari 17 ruratangira kuburanishwa mu mizi kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Gashyantare 2021 mu cyumba cy’urukiko rw’ikirenga ruri i Kigali ku Kimihurura.
Uru ni urubanza ruburanishwa n’urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruburanisha imanza z’ibyaha (…)

424 Shares 4 Comments
RIB yataye muri yombi Idamange akurikiranyweho guteza imvururu n'imidugararo
RIB yataye muri yombi Idamange akurikiranyweho guteza imvururu n’imidugararo

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwamaze guta muri yombi Idamange Iryamugwiza Yvonne akurikiranwaho guteza imvururu n’imidugararo muri rubanda.
Uyu Idamange yari umaze iminsi agaragara ku mbuga nkoranyambaga avuga amagambo benshi bamaganiraga kure, yimvikanamo gusebya no kunenga ubufasha yahawe n’Ikigega FARG gifasha abanyeshuri batishoboye barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ni umugore w’umunyarwandakazi ndetse abavandimwe be bamwe bari bamaze iminsi nabo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Inteko y'u Rwanda yateye utwatsi ibyemezo by'iy'Uburayi isaba kurekura Rusesabagina
Inteko y’u Rwanda yateye utwatsi ibyemezo by’iy’Uburayi isaba kurekura Rusesabagina

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yanenze cyane ibyemezo by’inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi bwasabye u Rwanda kurekura byihuse Umunyarwanda akaba afite n’Ubwenegihugu bw’Ububiligi, ivuga ko yafashwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Uyu munsi ni bwo inteko ishinga amategeko imitwe yombi yagezwagaho umushinga w’imyanzuro wakozwe na Komisiyo z’imitwe yombi z’ubutwererane n’ububanyi n’amahanga.
Uyu mushinga urimo ibitekerezo binenga umwanzuro w’inteko ishinga amategeko (…)

424 Shares 4 Comments
Abanyarwanda na mbere bahawe urukingo rwa Coronavirusi
Abanyarwanda na mbere bahawe urukingo rwa Coronavirusi

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko u Rwanda rwatangiye gukingira Coronavirus haherewe ku bantu bafite ibyago byinshi byo kwandura iki cyorezo barimo abaganga.
Amakuru y’uko abantu ba mbere batangiye gukingirwa Coronavirus mu Rwanda yamenyekanye kuri uyu wa 14 Gashyantare 2021.
Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yatangaje ko muri gahunda y’igihugu yo gutanga inkingo, abafite ibyago byo kwandura biganjemo abakozi bo kwa muganga batangiye kuzihabwa.
Minisante (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RBC yashyizeho gahunda yo gupima Covid-19 abatuye Kigali biyumvamo ibimenyetso byayo
RBC yashyizeho gahunda yo gupima Covid-19 abatuye Kigali biyumvamo ibimenyetso byayo

Ikigo k’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje gahunda n’ingengabihe yo gupima COVID-19 abatuye mu Mujyi wa Kigali biyumvamo ibimenyetso bya corona n’abagize aho bahurira n’urwaye iki cyorezo ariko akaba ataripimisha.
Ni gahunda yashyizwe ahagaragara kuri iki cyumweru tariki ya 14 Gashyantare, 2021 habura icyumweru kimwe ngo Inama y’Abaminisitiri yongere iterane ifate izindi ngaamba zishobora gukuraho Guma mu Karere igiye kumara ukwezi.
RBC yavuze ko gupima bikorerwa kuri buri kagari guhera (…)

424 Shares 4 Comments
Uturere 12 twabuzemo uwanduye COVID-19
Uturere 12 twabuzemo uwanduye COVID-19

Amakuru yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatandatu, tariki ya 13 Gashyantare 2021, yagaragaje ko umubare w’abanduye coronavirusi wongeye kugabanuka, ndetse mu bipimo byafashwe mu turere 30 tw’igihugu bigaragaza ko utugera kuri 12 nta wanduye coronavirusi.
Hari hashize igihe kitari gito imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko buri karere kabonekagamo abanduye coronavirusi kimwe n’abahitanwa nayo.
Imibare yasohotse muri aka kanya yagaragajemo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kalim Khan, yatorewe kuyobora rwa rukiko ICC ruvugwaho kwibasira abaperezida b'Afurika
Kalim Khan, yatorewe kuyobora rwa rukiko ICC ruvugwaho kwibasira abaperezida b’Afurika

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 13 Gashyantare 2021 ni bwo Umwongereza akaba n’inzobere mu by’amateheko Kalim Khan yatorewe kuyobora urukiko Mpuzamahanga ICC, akaba azasimbura Umumya-Gambia Fatubensuda, muri Kamena 2021.
Ni amatora yabereye uyu munsi i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, atorwa ku majwi 72.
Kalim Khan afite ubunararibonye bukomeye bw’imyaka 25 mu by’amateheko, yakoze mu nkiko mpuzamahanga zitandukanye z’Umuryango w’Abibumbye zirimo urwashyiriweho u Rwanda ruri (…)

424 Shares 4 Comments
Padiri muri Diyoseze ya Kabgayi arakekwaho gusambanya umwama w'umuhungu
Padiri muri Diyoseze ya Kabgayi arakekwaho gusambanya umwama w’umuhungu

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Padiri Habimfura Jean Baptiste wo muri Paruwasi ya Ntarabana muri Diyosezi ya Kabgayi akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17 wabakoreraga.
RIB itangaza ko uyu mupadiri, kuri uyu wa Kane, yafatiwe ku mupaka wa Rusumo agerageza gutoroka.
Iki cyaha Padiri Habimfura akurikiranweho cyabereye i Muhanga, mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Kavumu, Umudugudu wa Gitarama.
Umuvugizi w’Umusigire wa RIB, Dr Murangira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abanyamahanga 150 bategereje guhabwa ubwenegihugu bw'u Rwanda
Abanyamahanga 150 bategereje guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda

Urwego rw’Igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka mu Rwanda, Immigration, rwatangaje ko rwatangaje ko kuva mu 2019 kugeza mu uyu munsi abanyamahanga 940 bamaze guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda mu gihe abagera ku 150 bagitegereje igisubizo ku busabe bwo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda.
Ku itariki ya 3 Gashyantare 2021 Inama y’Abaminisitiri iherutse guterana yemeje ko abantu 5 bahabwa ubwenegihugu bamaze gusuzumwa iyubahirizwa ry’ingingo zigize itegeko ryo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda ku (…)

424 Shares 4 Comments
Lt Gen Musemakweli yitabye Imana
Lt Gen Musemakweli yitabye Imana

Lt. Gen. Jacques Musemakweli wari Umugenzuzi Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatanu.
Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda, Lt Col Ronald Rwivanga, yemereye ikinyamakuru Ukwezi ko Lt Gen Musemakweli yitabye Imana ninjoro.
Yakomeje avuga ko nyuma yo kumenya urupfu rwe bakigenzura ngo hamenyekane icyamwishe.
Lieutenant General Jacques MUSEMAKWELI yari Umugenzuzi Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yagiye kuri uyu mwanya yari Umugaba w’Ingabo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru