Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Urwego Ngenzuramikorere RURA rwasobanuye impamvu rwinjiye mu mikorere y’ibigo bikora ubucuruzi bwo kugeza ibicuruzwa ku bakiriya mu ngo hifashishijwe interineti, ko byaturutse ku buryo biri kwiyongera ku muvuduko uteye impungenge, bigatera amakenga ku mitangira ya serivisi inoze ku bakiriya.
Kuva aho RURA itangarije imbanzirizamushinga ko ibigo bikora ubucuruzi bwo kuri interineti bigiye kujya byishyura ruhushya rw’imyaka itanu rugura amadolari y’Amerika ibihumbi bitatu (3000$), arenga (…)
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko dosiye ya Idamange Iryamugwiza Yvonne yashyikirijwe Ubushinjacyaha.
Iyi dosiye ikubiyemo ibyaha bitatu aregwa ari byo guteza imvururu cyangwa se imidugararo muri rubanda, gukubita cyangwa kugirira urugomo abayobozi mu nzego za Leta no kwigomeka ku buyobozi.
Idamange yatawe muri yombi na RIB tariki ya 15 Gashyantare nyuma yuko yari amaze iminsi yumvikana avuga ibintu bitandukanye birimo kunenga cyane zimwe mu nzego za leta ndetse asba (…)
Ambasaderi w’Ubutaliyani muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congi, Luca Attanasio, yiciwe mu gitero cyagabwe ku modoka y’Umuryango w’Abibumye Ishami rishinzwe ibiribwa PAM.
Amakuru y’urupfu rwe yemejwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Ubutaliyani kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Gashyantare 2021 nk’uko le Figaro dukesha iyi nkuru yabyanditse.
Iki gitero cyabereye mu Burasirazuba bwa Congo hegera i Goma, ahitwa Kanyamahoro, gikozwe n’abarwanyi baba mu mashyamba ya Congo baba (…)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu hatangajwe abakobwa 37 batsinze amajonjora y’ibanze mu irushanwa rya Miss Rwanda 2021.
Aba bakobwa batoranyijwe n’akanama nkempurampaka kagizwe n’abagore batanu aribo Miss Mutesi Jolly, Mudakikwa Pamella, Emma Claudine Ntirenganya, na Michelle Iradukunda.
Bitewe n’ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 amajonjora y’ibanze yakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga aho abakobwa bohereje amashusho basubiza ibibazo bari babajijwe.
Emma Claudine yavuze ko (…)
Mu gihe abatari bake bari bategerezanyije amatsiko yo gukomorerwa imirimo yo gutwara abagenzi mu modoka rusange zihuza intara n’Umujyi wa Kigali, ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri byongeye kubisubiza irudubi hakomeza ingendo z’imbere mu Murwa Mukuru w’u Rwanda Kigali.
Iyi nama yayobowe na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame kuri uyu wa gatanu tariki ya 19 Hashyantare yagumishijeho Guma mu Karere, iyongerera ibyumweru bigera kuri bitatu, bizarangira ku wa 15 Werurwe 2021.
Kuri uyu wa (…)
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri byateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Gashyantare 2021 byemeje ko ingendo mu Mujyi wa Kigali zikomeza, ndetse imodoka rusange zigatwara 75% by’abo zitwara ariko ingendo zihuza intaravn’Umujyi wa Kigali kimwe n’ingendo hagati mu turere zikibujijwe kereka iza serivisi z’ubuvuzi, ubukerarugendo.
Ni ibyemezo bitandukanye byafashwe bizatangira kubahirizwa guhera tariki ya 23 Gashyantare 2021, byakuye Umujyi wa Kigali ku isaha ya saa moya ikagera kuri saa (…)
Umunyafurika Makhtar Diop, w’Umunyasenegal yagizwe Umuyobozi Mukuru akaba na Vice Perezida w’Ikigo Mpuzamahanga cy’Imari cya Banki y’Isi (International Finance Corporation (IFC).
Iki ni kimwe mu bigo bya Banki y’isi byibumbiye mu kiswe "Bretton Woods institution", byashyizweho mu kwa Karindwi 1944 nyuma y’intambara y’isi kugira ngo bifashe kuzahura ubukungu bw’ibihugu ubuhahirane mpuzamahanga mu by’ubukungu. Ni ibihugu 43 byibumbiye muri ibyo bigo, ikicaro gikuru kikaba kiri i New (…)
Kuri uyu wa Gatanu i Kigali mi Rwanda hafunguye ku mugaragaro icyicaro cy’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru, FIFA cyo mu karere (FIFA Regional Development Office) kizaba gishinzwe ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba.
Umuhango wo gufungura ku mugaragaro icyo kicaro wafunguwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta hamwe na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino na Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, bari kumwe na Perezida wa Federation y’umupira (…)
Perezida Kagame Paul yatangaje ko u Rwanda rukomeje gushaka uburyo bwo kuzahura ubukungu bwarwo bwashegeshwe n’icyorezo cya Coronavirusi (COVID-19) n’ubu rugihanganye nacyo.
Yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Televiziyo ya CNN ikorera muri America, Richard Quest.
Perezida Kagame yabwiye uyu munyamakuru ko nubwo u Rwanda rwahungabanyiwe bikomeye na COVID-19 ruticaye ubusa kuko hari ibisubizo rwatangiye gushaka.
Muri ibyo bisubizo birimo n’ik’ingenzi cyo gukingira (…)
Kubera ubwoba ubutegetsi bwa Joe Biden butewe nuko ikibazo cy’ubuzima gihagaze ku mugabane w’Afurika nyuma yuko muri Congo DRC no muri Guinea, bwatangaje ko buzakora ibishoboka byose kugira ngo burandurane n’imizi icyo cyorezo.
Byatangajwe kuri uyu wa Kane n’Umujyanama wa Biden mu bijyanye n’umutekano w’igihugu.
Yavuze ko ubuyobozi bwa Biden buzafatanya n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ibihugu byibasiwe na Ebola ndetse n’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















