Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Mukansanga Clarisse wigeze kuba Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza yagizwe umwere ku byaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside, guhakana no gupfobya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Yarezwe n’ubushinjacyaha mu mwaka 2018, ibyo byaha ubwo Akarere ka Nyabihu kari mu ijoro ryo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi tariki ya 12 Mata 2018 hashingiwe ku magambo ubushinjacyaha bwamuregaga yo kwanga kwakira urumuri rw’icyizere.
Urukiko rukuru urugereko rwihariye (…)
Minisitiri Prof. Shyaka yavuze ko kuva amabwiriza mashya yatangira gushyira mu bikorwa, mu ijoro ryakeye, ryo ku wa 15 rishyira ku wa 16 Ukuboza 2020, ishusho rusange yagaragaje ko hari utubari twafashwe dukora kandi tutemewe, abantu barajwe muri sitade barengeje amasaha y’ingendo n’ibindi bibusanye n’amabwiriza mashya yashyizweho azamara ibyumweru bitatu.
Yagize ati “Iri joro ryakeye gusa mu gihugu hose twafashe utubari 85 turimo abantu bakabakaba 300, ibi byose ni ukurenga ku mabwiriza. (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anasatse yatangaje ko kuba hari abaturage bari kubona abayobozi mu nzego z’ibanze bagahindagana batinya ko bahanwa bagacibwa amande kubera gutinya ko hari uwahanirwa kutubahirizwa ingamba zo kwirinda COVID-19 bidateye ikibazo, asobanura ko kuzamura ibihano ari uburyo bwo kwirinda COVID-19 atari uburyo bwo kubashakamo amafaranga y’amande ku warenze ku mabwiriza.
Yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru cyahuje (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe abaturage bamwe na bamwe bibazaga niba ibiciro by’imodoka bitagiye kongera kuzamurwa mu rwego rwo gufasha abatanga serivisi zo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, Ikigo Ngenguzamikorere RURA cyatangaje ko nta gahunda ihari yo kuzamura ibiciro ahubwo abafite imodoka zitwara abagenzi bagiye guhabwa ingoboka bemerewe na Leta nyuma yo kuvugurura ibiciro biheruka.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Ukuboza 2020, Umuyobozi ushinzwe ubwikorezi mu Rwego (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Abasheshakanguhe bagize Umuryango Nyarwanda w’Abari mu za Bukuru bafata Ubwiteganyirize bw’izabukuru (Pension) ARR, batangaje ko mu bunararibonye bwabo bagiye gutanga umusanzu wabo ku gihugu mu gufatanya n’abandi banyarwanda gukemura ibibazo birimo iby’abana b’abakobwa baterwa inda bakiri bato bikabicira ejo hazaza habo heza kandi ari bo babyeyi b’igihugu.
Babitangaje mu kiganiro bagiranye na mamaurwagasabo.rw, bagaragaza uruhare rwabo mu gukora ibikorwa by’iterambere (…)
Ku wa Mbere, tariki ya 14 Ukuboza 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 27 Ugushyingo 2020.
2. Ishingiye ku buryo imibare y’ubwandu bwa COVID-19 ikomeje kwiyongera, Inama y’Abaminisitiri yafashe ikemezo cyo gusubika amakoraniro ahuza abantu benshi ku rwego rw’lgihugu, harimo n’Inama y’lgihugu y’Umushyikirano. Muri (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Nyuma yo gutangaza ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa mbere tariki ya 14 Ukuboza 2020, ingamba ya 6 ni imwe mu ngamba zigomba kubahirizwa mu gihugu hose , ivuga ko imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange (public transport) zemerewe gutwara 50% by’umubare w’abantu zemerewe gutwara, kandi hakubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID- 19.
Ibicoro by’ingendo mu modoka rusange zitwara abagenzi byaherukaga gusubirwamo n’ikigo ngenzuramikorere RURA nyuma (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase, yatangaje ko kugira ngo ubuzima bw’Abanyarwanda bukomeze kurindwa kwandura icyorezo cya COVID-19 hakenewe ingamba nshya, zituma ubwandu butiyongera mu gihe abantu baba bahugiye ku kwishimira kwizihiza iminsi mikuru.
Yabitangaje mu kiganiro cyatambutse ku bitangazamakuru bya RBA n’izindi radio mu gihugu, ikiganiro yahuriyemo na Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel, Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda, Soraya (…)
UMUGIRANEZA Alice
Abanyamakuru b’igitsina gore n’abiga uwo mwuga muri kaminuza y’u Rwanda basabwe guhindura imyumvire ishingiye ku muco wo kumva ko ntacyo bashoboye, bagashirika ubwoba bagakora bakiteza imbere bityo n’iterambere ry’igihugu rikihuta.
Ibi babisabwe kuri uyu wa gatanu mu muhango wo gusoza amahugurwa yaberaga mu karere ka Musanze, tariki ya 11 Ukuboza 2020, ajyanye no guhanga udushya ndetse no kwihangira imirimo, yateguwe n’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) ku bufatanye na (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Ubumwe ni imwe mu ndangagaciro remezo Abanyarwanda bubakiyeho, nk’uko bikunze kugarukwaho n’Umukuru w’igihugu mu kugaragaza ibintu bitatu abanyarwanda bahisemo bituma u Rwanda rugeze aho ruri mu kwihuta mu iterambere, ikaba kandi inkingi mwikorezi Leta y’Ubumwe yubakiyeho nyuma y’ivangura ryabayeho rikaganisha u Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Aya mahame ashyirwa mu bikorwa mu nzego zose za Leta, zirimo n’uturere nk’urwego rushyira mu bikorwa gahunda za (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















