Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Uwahoze ari Visi meya wa Nyabihu Mukansanga yagizwe umwere
Uwahoze ari Visi meya wa Nyabihu Mukansanga yagizwe umwere

Mukansanga Clarisse wigeze kuba Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza yagizwe umwere ku byaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside, guhakana no gupfobya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Yarezwe n’ubushinjacyaha mu mwaka 2018, ibyo byaha ubwo Akarere ka Nyabihu kari mu ijoro ryo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi tariki ya 12 Mata 2018 hashingiwe ku magambo ubushinjacyaha bwamuregaga yo kwanga kwakira urumuri rw’icyizere.
Urukiko rukuru urugereko rwihariye (…)

424 Shares 4 Comments
COVID-19: Mu ijoro rimwe abagera ku 2538 barajwe muri Sitade 300 bafatirwa mu tubari
COVID-19: Mu ijoro rimwe abagera ku 2538 barajwe muri Sitade 300 bafatirwa mu tubari

Minisitiri Prof. Shyaka yavuze ko kuva amabwiriza mashya yatangira gushyira mu bikorwa, mu ijoro ryakeye, ryo ku wa 15 rishyira ku wa 16 Ukuboza 2020, ishusho rusange yagaragaje ko hari utubari twafashwe dukora kandi tutemewe, abantu barajwe muri sitade barengeje amasaha y’ingendo n’ibindi bibusanye n’amabwiriza mashya yashyizweho azamara ibyumweru bitatu.
Yagize ati “Iri joro ryakeye gusa mu gihugu hose twafashe utubari 85 turimo abantu bakabakaba 300, ibi byose ni ukurenga ku mabwiriza. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kuzamura ibihano ni uburyo bwo kwirinda COVID-19, ntabwo ari uburyo bwo gushaka amafaranga-Prof. Shyaka
Kuzamura ibihano ni uburyo bwo kwirinda COVID-19, ntabwo ari uburyo bwo gushaka amafaranga-Prof. Shyaka

MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anasatse yatangaje ko kuba hari abaturage bari kubona abayobozi mu nzego z’ibanze bagahindagana batinya ko bahanwa bagacibwa amande kubera gutinya ko hari uwahanirwa kutubahirizwa ingamba zo kwirinda COVID-19 bidateye ikibazo, asobanura ko kuzamura ibihano ari uburyo bwo kwirinda COVID-19 atari uburyo bwo kubashakamo amafaranga y’amande ku warenze ku mabwiriza.
Yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru cyahuje (…)

424 Shares 4 Comments
Nta biciro by'ingendo bizazamurwa, abatwara abagenzi bagiye guhabwa ingoboka ya Leta
Nta biciro by’ingendo bizazamurwa, abatwara abagenzi bagiye guhabwa ingoboka ya Leta

MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu gihe abaturage bamwe na bamwe bibazaga niba ibiciro by’imodoka bitagiye kongera kuzamurwa mu rwego rwo gufasha abatanga serivisi zo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, Ikigo Ngenguzamikorere RURA cyatangaje ko nta gahunda ihari yo kuzamura ibiciro ahubwo abafite imodoka zitwara abagenzi bagiye guhabwa ingoboka bemerewe na Leta nyuma yo kuvugurura ibiciro biheruka.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Ukuboza 2020, Umuyobozi ushinzwe ubwikorezi mu Rwego (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abasheshakanguhe bafata pansiyo bagiye gufasha gukemura ibibazo by'abangavu baterwa inda
Abasheshakanguhe bafata pansiyo bagiye gufasha gukemura ibibazo by’abangavu baterwa inda

MUTUNGIREHE SAMUEL
Abasheshakanguhe bagize Umuryango Nyarwanda w’Abari mu za Bukuru bafata Ubwiteganyirize bw’izabukuru (Pension) ARR, batangaje ko mu bunararibonye bwabo bagiye gutanga umusanzu wabo ku gihugu mu gufatanya n’abandi banyarwanda gukemura ibibazo birimo iby’abana b’abakobwa baterwa inda bakiri bato bikabicira ejo hazaza habo heza kandi ari bo babyeyi b’igihugu.
Babitangaje mu kiganiro bagiranye na mamaurwagasabo.rw, bagaragaza uruhare rwabo mu gukora ibikorwa by’iterambere (…)

424 Shares 4 Comments
Ingamba nshya zo kwirinda COVID-19 zavuye mu Nama y'Abaminisiriri / Musanze yashyiriweho umwihariko
Ingamba nshya zo kwirinda COVID-19 zavuye mu Nama y’Abaminisiriri / Musanze yashyiriweho umwihariko

Ku wa Mbere, tariki ya 14 Ukuboza 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 27 Ugushyingo 2020.
2. Ishingiye ku buryo imibare y’ubwandu bwa COVID-19 ikomeje kwiyongera, Inama y’Abaminisitiri yafashe ikemezo cyo gusubika amakoraniro ahuza abantu benshi ku rwego rw’lgihugu, harimo n’Inama y’lgihugu y’Umushyikirano. Muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibiciro by'ingendo bishobora kongera kuzamuka bitewe n'ingamba nshya zo kwirinda COVID-19
Ibiciro by’ingendo bishobora kongera kuzamuka bitewe n’ingamba nshya zo kwirinda COVID-19

MUTUNGIREHE SAMUEL
Nyuma yo gutangaza ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa mbere tariki ya 14 Ukuboza 2020, ingamba ya 6 ni imwe mu ngamba zigomba kubahirizwa mu gihugu hose , ivuga ko imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange (public transport) zemerewe gutwara 50% by’umubare w’abantu zemerewe gutwara, kandi hakubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID- 19.
Ibicoro by’ingendo mu modoka rusange zitwara abagenzi byaherukaga gusubirwamo n’ikigo ngenzuramikorere RURA nyuma (…)

424 Shares 4 Comments
Prof. Shyaka yemeje ko hakenewe ingamba nshya zo kurinda Abanyarwanda mu minsi mikuru
Prof. Shyaka yemeje ko hakenewe ingamba nshya zo kurinda Abanyarwanda mu minsi mikuru

MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase, yatangaje ko kugira ngo ubuzima bw’Abanyarwanda bukomeze kurindwa kwandura icyorezo cya COVID-19 hakenewe ingamba nshya, zituma ubwandu butiyongera mu gihe abantu baba bahugiye ku kwishimira kwizihiza iminsi mikuru.
Yabitangaje mu kiganiro cyatambutse ku bitangazamakuru bya RBA n’izindi radio mu gihugu, ikiganiro yahuriyemo na Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel, Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda, Soraya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abanyamakuru b'igitsina gore basabwe guhindura imyumvire ishingiye ku muco no kwitinya
Abanyamakuru b’igitsina gore basabwe guhindura imyumvire ishingiye ku muco no kwitinya

UMUGIRANEZA Alice
Abanyamakuru b’igitsina gore n’abiga uwo mwuga muri kaminuza y’u Rwanda basabwe guhindura imyumvire ishingiye ku muco wo kumva ko ntacyo bashoboye, bagashirika ubwoba bagakora bakiteza imbere bityo n’iterambere ry’igihugu rikihuta.
Ibi babisabwe kuri uyu wa gatanu mu muhango wo gusoza amahugurwa yaberaga mu karere ka Musanze, tariki ya 11 Ukuboza 2020, ajyanye no guhanga udushya ndetse no kwihangira imirimo, yateguwe n’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) ku bufatanye na (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Kwandika igitabo ku Barinzi b'Igihango, umwihariko mu byabagejeje ku mwanya wa gatatu mu Bumwe n'Ubwiyunge mu 2019/2020
Kicukiro: Kwandika igitabo ku Barinzi b’Igihango, umwihariko mu byabagejeje ku mwanya wa gatatu mu Bumwe n’Ubwiyunge mu 2019/2020

MUTUNGIREHE SAMUEL
Ubumwe ni imwe mu ndangagaciro remezo Abanyarwanda bubakiyeho, nk’uko bikunze kugarukwaho n’Umukuru w’igihugu mu kugaragaza ibintu bitatu abanyarwanda bahisemo bituma u Rwanda rugeze aho ruri mu kwihuta mu iterambere, ikaba kandi inkingi mwikorezi Leta y’Ubumwe yubakiyeho nyuma y’ivangura ryabayeho rikaganisha u Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Aya mahame ashyirwa mu bikorwa mu nzego zose za Leta, zirimo n’uturere nk’urwego rushyira mu bikorwa gahunda za (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru