Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abakobwa 14 n’abahungu babiri bafatiwe mu birori bisanzwe biba nta rusaku, bizwi nka "Silent Disco" bari kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umwe muri bo, bose bakaba kurikiranyweho kurenga ku mabwiriza yashyizweho hagamijwe kwirinda ikwirakwira rya COVID19.
Igikorwa cyo kubereka itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa gatatu tariki ya 23 Ukuboza 2020.
Aba bakobwa, urebye ni bo bikozeho, kuko baherutse gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto abagaragaza (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Depite Dr. Habineza Frank yasabye ko nk’uko mu mushinga w’itegeko rigenga uburezi mu Rwanda hari guteganywamo icyumba cy’umwana w’umukobwa, asanga hakwiye no kujyaho icyumba cy’umwana w’umuhungu kuko nawe ashobora kugira ibibazo bituma agikenera.
Ni igitekerezo yatanze mu mu Nteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yateranye tariki ya 23 Ukuboza 2020, ubwo barimo kwemeza ingingo zigize umushinga mushya w’itegeko rigenga uburezi mu Rwanda.
Ubusanzwe mu itegeko rikiri (…)
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera John Bosco yatangaje ibintu bine byafasha buri muturarwanda wese igihe abyubahirije akaba yageze mu rugo mbere ya saa mbiri, ukirinda ibihano byo kunyuranya namabwiriza yo kwirinda gukwirakwiza COVID-19.
Yabitangaje mu kiganiro kuri radio y’igihugu, asobanura uko buri wese yarushaho gukoresha igihe cye neza agafasha igihugu nawe yifasha mu gukumira ubwandu bwa COVID-19 kugira ngo budakomeza gukwira mu bantu.
CP Kabera yavuze ko n’amasaha yari (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Perezida Kagame Paul yatangaje ko u Rwanda narwo rushobora guhagarika ingendo z’indege zijya cyangwa ziva mu Bongereza nyuma y’uko hagaragaye ubundi bwoko bushya bw’icyorezo cya COVID-19 cyugarije isi.
Yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru n’abaturage kuri uyu wa mbere, agaragaza uko igihugu gihagaze mu mpera z’umwaka wa 2020 uri ku musozo.
Mu minsi ishize mu Bwongereza hagaragaye ubundi bwoko bushya bwa COVID-19 bufite ubukana burenze ubwa COVID-19 igiye kumara (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Perezida Kagame Paul mu ijambo rye yasubije Carolyn B.Maloney, umwe mu bagize Kongere (Congress) ya America uherutse kumwandikira ibaruwa asaba ko arekura vuba Umunyarwanda Paul Rusesabagina agasubira muri Amerika, avuga ko ubundi bitakagombye kuba ikibazo mu myumvire kuko ukuri guhari ku byo akurikiranyweho.
Yabitanagje kuri uyu wa mbere ubwo yagezaga ku Banyarwanda uko igihugu gihagaze, umuhango usanzwe ukorwa mu Nama y’igihugu y’Umushyikirano ariko utarakozwe kubera (…)
Perezida Kagame Paul yijeje Abanyarwanda by’umwihariko abavuga ko baremerewe no kwishyura umusoro ku bukode bw’ubutaka uherutse kuvugururwa mu 2018, ukava ku mafaranga 0-80frw/m2 ukagera kuri 0-300/m2, avuga ko bigiye gukurikiranwa hagashakwa habaho inyoroshyo ku bo bigaragara ko ikwiye.
Yabitangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Ukuboza 2020 asubiza ibibazo by’abaturage babajije bitandukanye mu kiganiro ubwo yari amaze kugeza ku Banyarwanda uko igihugu gihagaze mu mpera z’umwaka wa 2020 (…)
Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko hari ibiganiro biri gukorwa bigamije kurebera hamwe niba abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 15 na 18 mu Rwanda bashobora kwemererwa kujya bahabwa serivisi zo kuboneza urubyaro, zibarinda gusama inda zitateganyijwe, bitabaye ngombwa ko hagishwa inama ababyeyi babo cyangwa ababarera, nk’uko byari bisanzwe bigenda.
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Ngamije Daniel, yatangaje ko Leta y’u Rwanda irajwe ishinga no gufasha abagore n’abakobwa muri rusange (…)
Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo gushyingura imibiri 10 yabonetse mu bice bitandukanye bya kariya karere.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 19, Ukuboza, 2020, mu murenge wa Kinazi ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ruherereye iruhande rw’ibiro by’umurenge mu Mudugudu wa Nyarugenge, Akagari ka Burima, mu Karere ka Ruhango.
Abitabiriye kiriya gikorwa babikoze bakurikiza amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Hateranira abagera kuri 50 (…)
Pierre Buyoya yujuje umubare wa 17 w’Abaperezida na ba Minisitiri b’Intebe b’Afurika bapfuye mu 2020
MUTUNGIREHE SAMUEL
Mu mateka y’Isi umwaka wa 2020 ushobora kuza mu myaka idasanzwe yahitanye ibikomerezwa byinshi mu mwaka umwe, usibye ibyamamare bindi uyu mwaka wahitanye, ni umwaka wavuzwemo inkuru z’incamugongo z’abayoboye ibihugu na ba Minisitiri b’Intebe bapfuye mu mezi atageze ku mwaka wose barimo na Pierre Buyoya ubaye uwa 17 mu bo umaze guhitana ku mugabane w’Afurika.
Ku rutonde Mamaurwagasabo.rw yagerageje kugushakira, duhereye uyu munsi tariki ya 18 Ukuboza 2020, Inkuru (…)
Bamwe mu baturage batuye mu karere Ka Musanze barashima uburyo bwasizweho bwo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya covid19 ariko ku munsi wa mbere bamwe batangiye kugongwa no kubahiriza isaha ya saa moya basabwa kuba bageze mu ngo, bakavuga ko igoranye.
Mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa mbere tariki ya 14 Ukuboza 2020 yanzuye ko akarere ka Musanze abagatuye bagomba kuba bageze mu ngo zabo mbere ya saa moya z’umugoroba bitewe n’ibyavuye mu bugenzuzi ku buryo ubwandu bwa (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















