Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Angelina Jolie avuga ko abagore bakomeye 'bagirwa n'abagabo babari hafi'
Angelina Jolie avuga ko abagore bakomeye ’bagirwa n’abagabo babari hafi’

Angelina Jolie yashyigikiye bikomeye uruhare abagabo bashobora kugira mu guha icyerekezo ubuzima bw’abakobwa bakiri bato.
Uyu mukinnyi wa filime wo muri Amerika - ukina no muri filime Maleficent: Mistress of Evil - yanavuze ko abakinnyi ba filime b’abagore badakwiye kugaragazwa nk’abantu bafite imbaraga z’umubiri kugira ngo bakunde baboneke ko bakomeye.
Aganira n’abanyamakuru mu imurika ry’iyo filime, Jolie yagize ati:
"Ntekereza ko, kenshi cyane, iyo hari kubarwa inkuru igira iti, (…)

424 Shares 4 Comments
Ubukungu bw'Igihugu bwazamutseho 12.2% mu gihebwe cyakabiri
Ubukungu bw’Igihugu bwazamutseho 12.2% mu gihebwe cyakabiri

bya Scovia Mutesi Mu gihembwe cya kabiri cya 2019, umusaruro mbumbe w’igihugu wari ufite agaciro ka Miliyari 2.255 z’amafaranga y’u Rwanda, uvuye kuri Miliyari 2.001 mu gihembwe cya kabiri cya 2018.
Nk’uko tubikesha ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda, muri iki gihembwe, umusaruro mbumbe wazamutse ku rugero rwa 12,2 %( ku ijana). Mugihe ihebwe cy’ambere byari 8.4% nkuko biri mu nkuru yacu yabaje (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
PSF n'inzego z'umutekano barasaba abacuruzi gucika ku ngeso yo kunusura
PSF n’inzego z’umutekano barasaba abacuruzi gucika ku ngeso yo kunusura

Ubuyobozi bw’urugaga rw’abikorera psf, bufatanyije n’inzego z’umutekano nka RIB na Police, barasaba abacuruzi baranguza ibicuruzwa cyane cyane by’ibiribwa mu mujyi wa Kigali gucika ku ngeso yo kugabanya ibiro ku mifuka ituruka mu nganda kuko bihombya ababarangurira.
Hari mu nama yahuje ubuyobozi bw’urugaga rw’abikorera PSF, Ikigo cy’igihugu cy’ubugenza cyaha RIB, Police y’U Rwanda ndetse n’abacuruzi bakorera mu mujyi wa Kigali nandi bakorera mu nkengero cyangwa mu ntara baba baje kurangura (…)

424 Shares 4 Comments
Ngororero/Muhanda :Imiryango yarokotse jenoside yakorewe abatutsi irishyuza miliyoni 600 z'imitungo yangijwe.
Ngororero/Muhanda :Imiryango yarokotse jenoside yakorewe abatutsi irishyuza miliyoni 600 z’imitungo yangijwe.

Yanditswe na: NGABOYABAHIZI Protais.
Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu murenge wa Muhanda akarere ka Ngororero;bo mu miryango igera kuri 30, ni bo bishyuza amafaranga agera kuri miliyoni 600, akomoka ku mitungo yangijwe ndetse n’iyasahuwe mu gihe Jenoside yakorerwaga abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994.
Aba baturage bavuga ko bamaze imyaka igera kuri 14, bishyuza miliyoni zisaga 600 z’ imitungo yabo yangijwe irimo inka, amazu yangijwe n’ibindi; bajya kwishyuza bagasanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
 Umugani ijoro ribara uwariraye ushatse kuvuga ko abanyarwanda aribo bonyine bazi ibibazo byabo banabikemura nk'abanyarwanda: Josephine Uwamariya Actionaid Rwanda
Umugani ijoro ribara uwariraye ushatse kuvuga ko abanyarwanda aribo bonyine bazi ibibazo byabo banabikemura nk’abanyarwanda: Josephine Uwamariya Actionaid Rwanda

Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Ibi yabivugiye mu nama yateguwe na actionaid Rwanda, umuryango utari uwa leta yari yitabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo iza leta, iz’abikorera, abafatanyabikorwa ba actionaid Rwanda ndetse n’indi miryango itari iya leta.
Abitabiriye Inama yateguwe n’umuryango Actionaid mu Rwanda
Iyi nama ikaba yateguwe ngo harebwe icyakorwa kugira ngo actionaid Rwanda irusheho gukora neza no gufasha abajyenerwa bikorwa bayo mu Rwanda.
Muri iyi nama hakaba (…)

424 Shares 4 Comments
Ruhango: Abavuye mu ishuri bashobora kurisubizwamo bitarenze icyumweru kimwe
Ruhango: Abavuye mu ishuri bashobora kurisubizwamo bitarenze icyumweru kimwe

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango uyu munsi bwaramukiye mu nama Nyunguranabitekerezo yigaga ku gushyira mu bikorwa gahunda idasanzwe y’akarere, bwafashe imyanzuro itandukanye irimo gusubiza mu ishuri abana barivuyemo mu gihe kitarenze iminsi irindwi.
Iyi nama yahuje abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari bigize aka karere, yari iyobowe n’Umuyobozi w’aka karere, Valens Habarurema.
Aba bayobozi basuzumiraga hamwe uburyo bashyira mu bikorwa gahunda idasanzwe y’aka karere yiswe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amategeko ajyanye n'imicungire y'abakozi ba Leta ashobora kongera kuvugururwa
Amategeko ajyanye n’imicungire y’abakozi ba Leta ashobora kongera kuvugururwa

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Rwanyindo Kayirangwa Fanfan kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Nzeri 2019, yagejeje ku badepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage umushinga w’Itegeko rishyiraho sitati rusange igenga abakozi ba Leta.
Mu Isobanurampamvu, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo yavuze ko Ubutegetsi bwa Leta bugira uruhare rukomeye mu gushyira mu bikorwa gahunda za Leta zerekeye iterambere n’imikorere myiza yabwo kandi iboneye, hagamijwe guteza imbere imibereho myiza (…)

424 Shares 4 Comments
Indonesia: Bigaragambije bamagana itegeko ribuza gusambana utarashyingirwa
Indonesia: Bigaragambije bamagana itegeko ribuza gusambana utarashyingirwa

Muri iyi myigaragambyo abigaragambyaga Polisi yabasutsemo ibyuka biryana mu maso inabatera amazi afite ingufu ubwo bariho bigaragambya imbere y’inteko ishinga amategeko bamagana umushinga w’itegeko rihana abakora imibonano mpuzabitsina batarashyingirwa.
Imyigaragambyo nk’iyi yakozwe no mu yindi mijyi y’iki gihugu cyiganjemo abayoboke b’idini ya Islam.
Iri tegeko niritorwa rizahindura icyaha gukuramo inda, ndetse no gutuka perezida w’igihugu.
Uyu mushinga w’itegeko wabaye uhagaritswe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
AMAJYARUGURU:Abakozi ba Sosiyete Sivile basabwe gukora buzuzanya n'inzego bwite za Leta.
AMAJYARUGURU:Abakozi ba Sosiyete Sivile basabwe gukora buzuzanya n’inzego bwite za Leta.

Mu biganiro byateguwe n’umuryango Ihorere Munyarwanda (IMRO), mu karere ka Rulindo, byahuriwemo n’imiryango itegamiye kuri Leta, abakuru b’amadini n’amatorero baganirijwe ko gukorera umuturage ubuvugizi,bijyana n’ubwuzuzanye n’ubuyobozi bwite bwa Leta, aho gufatwa nk’abpolisi cyangwa se ba mukeba mu guha serivise umuturage ku bijyanjye n’ubutabera.
Ibi biganiro mu minsi yashize byagiye bibera mu turere hafi ya twose mu ntara y’Amajyaruguru, sosiyete sivile yasabwe kumva ko ubuvugizi (…)

424 Shares 4 Comments
NYABIHU: Haracyari bamwe mu bagabo bumva ko hari imirimo yahariwe abagore
NYABIHU: Haracyari bamwe mu bagabo bumva ko hari imirimo yahariwe abagore

Yanditswe na: NGABOYABAHIZI Protais.
Bamwe mu bagabo mu karere ka Nyabihu, bavuga ko gukora imirimo yagenewe abagore, ari umuco udakwiye ngo kuko umugabo ukora imirimo atagenewe irimo koza abana no guteka aba ari inganzwa, Iyi myumvire rero ngo ikaba ari imwe mu nzitizi zituma ubwizuzanye mu miryango butagerwaho neza.
Habanabashaka Eliab wo mu murenge wa Mukamira yagize ati: “ Hari imirimo nka njye mu rugo nta kwiteza rwose, nko koza abana , amasahane mbese ibikoresho ibyo ari ibyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru