Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Expo 2019: Uko biba byifashe muri stand ya SBL (Skol Brewery Ltd) mu masaha y'ijoro [AMAFOTO]
Expo 2019: Uko biba byifashe muri stand ya SBL (Skol Brewery Ltd) mu masaha y’ijoro [AMAFOTO]

Mu imurika gurisha Expo riri kubera I gikondo ku nshuro ya 24 uko biba byifashe aho uruganda SBL (Skol Brewery Limited) rukorera iyo bigeze mu masaha y’ijoro.
Ubwo imurika gurisha kunshuro yaryo ya 24 ririmbanyije twasuye zimwe muri stand z’abaikorera tugera aho uruganda rwenga inzoga SBL ( Skol Brewery Limited) rukorera, iyo bigeze mu masaha ya nimugoroba abakiriya baba babaye benshi nkuko twabyiboneye n’amaso yacu nkabari bahibereye imbonankubone. Mu masaha y’umugoroba, abakiriya baba (…)

424 Shares 4 Comments
EXPO 2019: Mukamira Dairy Ltd yaje kumurika bimwe mu bicuruzwa bifite umwihariko
EXPO 2019: Mukamira Dairy Ltd yaje kumurika bimwe mu bicuruzwa bifite umwihariko

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Mu imurika gurisha riri kubera I Gikondo muri uyu mwaka wa 2019 Uruganda rwari ruzwiho gukora amata meza azwi ku izina rya Mukamira rwazanye bimwe mu bicuruzwa bifite umwihariko.
Imurikagurisha ritegurwa n’urugaga rw’abikorera PSF riri kubera I gikondo rizwi nka Expo rikaba riri kuba ku nshuro yaryo ya 22 muri uyu mwaka wa 2019, kimwe n’abandi bikorera, uruganda rukora rukanatunganya amata y’ikivuguto na za yoghurts byose byakunzwe n’abanyarwanda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda na Misiri byiyemeje kubyaza inyungu uruzi rwa Nil bihuriyeho
U Rwanda na Misiri byiyemeje kubyaza inyungu uruzi rwa Nil bihuriyeho

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
U Rwanda na Misiri byatangiye urugendo rwo kureba uburyo babyaza umusaruro uruzi rwa Nil ibihugu byombi bihuriyeho hatabayeho kubangamirana, bityo impande zombi zikabasha kurubyaza inyungu zituma bitera imbere.
Byatangajwe nyuma y’ibiganiro Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard yagiranye na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Misiri Dr. Aly Abdel Aal uri mu ruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda ubwo yamwakiraga mu biro bye, kuwa 25 Nyakanga 2019 (…)

424 Shares 4 Comments
RBC yasobanuye impamvu udukingirizo tutakiboneka mu Migina n'ahandi
RBC yasobanuye impamvu udukingirizo tutakiboneka mu Migina n’ahandi

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Ni mu gihe bamwe mu basanzwe bavuga ko bakoresha udukingirizo hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko batakitubona abandi bakagaragaza ko hari utwo bigeze kujya bagura bagasanga ari duto ugereranije n’imiterere y’ugakoresha.
Ntamwemezi Christophe umwe mu rubyiruko ufite akazi akora umunsi ku munsi mu Migina, yabwiye Imvaho Nshya dukeshaa iyi nkuru ko ahazwi nko mu Migina hatakiboneka udukingirizo kandi ko n’inzu batuguriragamo itagihari agasaba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Airbus yakoze igishushanyo cy'indege ifite imiterere idasanzwe
Airbus yakoze igishushanyo cy’indege ifite imiterere idasanzwe

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Uruganda rukora indege rwo mu Bwongereza, Airbus, rwagaragaje igishushanyo cy’indege ifite amababa agereranywa n’ay’igisiga cya kagoma cyangwa se ibindi biguruka byo mu kirere, cyakozwe mu rwego rwo gutanga umukoro ku bakora indege.
Imiterere y’iyi ndege yamuritswe na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi mpuzamahanga mu Bwongereza, Liam Fox, ku wa Gatanu w’iki cyumweru.
Iyi ndege ntabwo izigera ikorwa ngo igurutswe mu kirere, ahubwo Airbus yasobanuye ko (…)

424 Shares 4 Comments
Abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma barasaba abandi banyarwanda kubategereza mu rugendo rw'iterambere
Abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma barasaba abandi banyarwanda kubategereza mu rugendo rw’iterambere

Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma, babona bitewe n’ubuzima babagamo bigoye kuba bahita bagendera umujyo umwe n’abandi banyarwanda bakaba bifuza ko abandi banyarwanda bagomba kubategereza ngo bajyendane intambwe kuyindi.
Mu nama yahuje imiryango ishyigikira ikanakorera ubuvugizi abo amateka agaragaza ko basigaye inyuma kuri uyu wa gatanu kuri Hoteli Scheba, hagaragarijwemo byinshi bikubiyemo ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza imibereho y’abo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngororero: Hagaragajwe inyungu iva mu buhinzi bw'icyayi bukozwe neza
Ngororero: Hagaragajwe inyungu iva mu buhinzi bw’icyayi bukozwe neza

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Zirimwabagabo Jean Bosco ni umwe mu bahinzi b’icyayi mu Karere ka Ngororero, uvuga ko iki gihingwa gitanga umusaruro ushimishije ndetse kimaze kumuzanira inyungu ndetse kimufatiye runini mu buzima bwa buri munsi.
Icyayi ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu Akarere ka Ngororero gakungahayeho aho kugeza ubu gafite ubuso bungana na hegitari 1559 gihinzeho.
Binagaragazwa n’uko muri aka karere hari uruganda rukomeye rutunganya icyayi rwa Rwanda Mountain (…)

424 Shares 4 Comments
Umujyi wa Kigali ugiye gutangira igitaramo ngarukakwezi muri ‘Car free zone'
Umujyi wa Kigali ugiye gutangira igitaramo ngarukakwezi muri ‘Car free zone’

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe imari n’iterambere ry’ubukungu, Busabizwa Parfait, atangaza ko hashyizweho gahunda y’igitaramo ngarukakwezi kizajya kibera muri ‘car free zone’ muri gahunda yo gufasha abanyamujyi kwidagadura.
Iyi gahunda izatangira kuri uyu wa Gatanu, aho abahanzi bazwi mu Rwanda bazabibumburira abandi mu gususurutsa igitaramo.
Ati “Guhera ku wa Gatanu tuzatangira gahunda ngarukakwezi y’igitaramo, ni muri gahunda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imyaka 60 irashize atanze! Ni iki cyahitanye Umwami Mutara III Rudahigwa?
Imyaka 60 irashize atanze! Ni iki cyahitanye Umwami Mutara III Rudahigwa?

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Abari abana muri Nyakanga 1959 ubu ni abasaza abandi ni abakecuru. Umunsi nk’uyu muri uwo mwaka wari amarira ku banyarwanda ubwo bamenyaga ko umwami wabo Mutara III Rudahigwa Charles Léon Pierre yatanze, agatangira imahanga, Usumbura [Bujumbura] mu Burundi.
Imyaka 60 iruzuye urujijo rukiri rwose ku rupfu rw’umwe mu bami bategetse u Rwanda mu bihe bikomeye, umwe mu bashyizwe mu Ntwari z’igihugu kubw’umuhate we ngo u Rwanda rubone ubwigenge buboneye (…)

424 Shares 4 Comments
Gisagara: 49% by'abaturage bagejejweho umuriro w'amashanyarazi
Gisagara: 49% by’abaturage bagejejweho umuriro w’amashanyarazi

Yashyizweho na Imfurayabo Pierre Romeo
Abaturage b’Akarere ka Gisagara bamaze kugezwaho umuriro w’amashanyarazi bari ku kigero cya 49%, bakaba baratangiye kuwubyaza umusaruro.
Nk’uko bisobanurwa n’Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imari n’iterambere ry’ubukungu Hanganimana Jean Paul, ngo ubu abaturage 49% b’Akarere ka Gisagara baracana kandi bakiteza imbere bifashishije umuriro w’amashanyarazi wabazeho.
Yagize ati “Akarere ka Gisagara kari mu turere dufite abaturage benshi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru