Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwongeye kwihanangiriza abantu bose bafite inshingano zo kurera (Ababyeyi n’abarimu) ndetse n’abandi banyarwanda muri rusange ko nta muntu wemerewe gukubita umwana bikabije bikaba byanamuviramo gukomereka ndetse n’ubumuga.
Ibi Polisi y’u Rwanda ibigarutseho nyuma y’aho mu minsi ishize mu kigo cy’amashuri cya Cyuga mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jali hagaragaye abarimu babiri bakubise abana babiri bigishaga, umwe bikamuviramo gucika ururimi undi (…)
Perezida Paul Kagame ari muri Kenya kuganira na mugenzi we Uhuru Kenyatta ku ngingo zitandukanye zirimo ubuhahirane, ibyerekeye umubano w’ibihugu byombi n’izindi ngingo zirimo n’ibibazo biri mu bihugu bigize Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC).
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe yabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko uruzinduko Perezida Paul Kagame arimo muri Kenya ari urw’umunsi umwe. (…)
Imyaka 57 irashize u Rwanda rubaye umunyamuryango w’Umuryango w’Abibumbye Loni. Ku itariki nk’iyi, rwemerewe kuba umunyamuryango umunsi umwe n’Ubwami bw’u Burundi (bwaje guhinduka Repubulika) nyuma y’amezi abiri gusa ibyo bihugu byombi bibonye ubwigenge buvuye k’u Bubiligi.
Uwo munsi mu Nteko Rusange ya 17 ya Loni, Perezida Grégoire Kayibanda yahawe ijambo ashima kuba igihugu cye kibaye umunyamuryango wa 105 muri Loni, ko amahoro aganje bityo kwemera u Rwanda bigiye kuba umusemburo (…)
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA) na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) zemeye ko umushinga wo kubaka ibigega bya biyogaze mu gihugu bifasha abaturage guteka no gucana hatangijwe ikirere wahombye utageze ku ntego, ariko bizeza ko harimo gukorwa inyigo yo kuwuvugurura vuba.
Byemejwe n’Abanyamabanga Bahoraho b’izo Minisiteri zombi, MININFRA na MINALOC, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Nzeri 2019 ubwo izo Minisiteri zombi zitabaga Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe (…)
Abayobozi b’Akarere ka Ruhango barimo Komite Nyobozi, Inama Njyanama, n’abahoze bayobora, bitabye Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe imari n’umutungo bya Leta PAC, aho bisobanuye ku bibazo birebana n’iyubakwa ry’ikigo cy’urubyiruko ryadindiye, ikigo cyatinze kubakwa bitera ubukererwe mu gusoza imirimo, bitandukanye n’uko bari babyumvikanyeho mu masezerano.
Nk’uko Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2017/18 ibigaragaza, habayeho ubukererwe mu kubaka icyo kigo (…)
Yandistwe na NGABOYABAHIZI Protais.
Mu karere ka Burera , abagore bo mu murenge wa Kagogo, akagari ka Nyamabuye , bavuga ko kwizigamira binyuze mu matsinda byatumye bahindura imibereho ya bo mu iterambere n’imibereho ya bo mu miryango.
Manirakiza Euphrasie , ni umwe mu bagore bo muri Nyamabuye, avuga ko kwishyiriraho ikigega gito byabafashije gukemura ibibazo byihutirwa bagira mu ngo zabo kuruta uko byabasabaga gutegereza igihe kirekire Banki zitarabagoboka.
Yagize ati : « Ubu (…)
Yanditswe na : BAHIZI Prince Victory.
Mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro, amahugurwa arebana no kubahiriza ihame ry’uburinganire hirya no hino ku isi mu gihe cy’ubutumwa bw’amahoro abera mu kigo cy’igihugu cy’amahoro(Rwanda Peace Accademy)gihereye I Musanze, Umuyobozi wacyo Col. Jill Rutaremara yatangaje ko ko kohereza umugore mu butumwa bw’amahoro , ari kimwe mu bituma bugera ku nshingano.
Col. Jill Rutaremara, Yagize ati: “Ubutumwa bw’amahoro butarimo abagore ntibuba bwuzuye (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangije mu gihugu hose gahunda yiswe “Ijwi ry’Umurwayi”, igamije kuzamura ireme rya serivisi z’ubuzima ibitaro n’amavuriro bitanga, cyane cyane hazamurwa uruhare rw’umurwayi n’undi ugana kwa muganga muri serivisi ahabwa.
Ni gahunda yatangirijwe ku rwego rw’igihugu, mu murenge wa Cyumba mu karere ka Gicumbi, tariki ya 29 Nzeri 2018, abaturage bo muri uwo murenge basobanurirwa uburenganzira bw’umurwayi kwa muganga, basabwa no gutanga ibitekerezo ku bibazo (…)
Kuwa Gatanu w’icyumweru dusoje tariki 6 Nzeri 2019 nibwo kuri Minisiteri y’Uburezi habereye igikorwa cyo guhemba abanyeshuri n’abarimu babaye indashyikirwa bagakora udushya ku rusha abandi mu burezi.
Abahembwe bari bashyizwe mu byiciro bitandukanye hagendewe kubako ibikorwa by’indashyikirwa mu ikoranabuhanga no guhanga ibishya ndetse n’indi migirire ifite uruhare mu guteza imbere ireme ry’uburezi.
Bimwe mu byashingiweho hatoranywa ababaye indashyikirwa harimo uburyo uwakoze udushya (…)
Muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (UR-CST) habonetse umurambo w’umukobwa wahigaga witwa Sandrine Imanishimwe w’imyaka 21 y’amavuko ufite ibikomere ku mutwe bikekwa ko yishwe.
Ahagana saa tatu z’ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 8 Nzeri 2019, nibwo umurambo w’uyu mukobwa uvuka mu Karere ka Huye wigaga mu mwaka wa mbere wagaragaye mu nzira abanyeshuri bakunze kunyuramo.
Ikinyamakuru Igihe dukesha iyi nkuru kivuga ko abanyeshuri babiri b’abakobwa aribo ba mbere (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















