Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yavuze ko mu gihe hizihizwa Umuganura, ari umunsi ukomeye ku Banyarwanda ngo bishimire ibyiza bagezeho, ariko banafate ingamba zo kunoza ibitaragenze neza.
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente yifatanyije n’Abanyarwanda mu kwizihiza Umunsi mukuru w’Umuganura, wabereye kuri Stade y’Akarere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo.
Yavuze ko Umuganura ari umunsi ngarukamwaka ukomeye mu mateka y’u Rwanda, bikagaragarira mu kwishimira umusaruro (…)
Ku mupaka uri hagati y’imijyi ya Gisenyi mu Rwanda na Goma muri Kongo kwambuka byakomeje, gusuzuma Ebola byakajijwe kurushaho.
Ejo kuwa kane humvikanye inkuru mu bitangazamakuru ivuga ko umupaka wafunzwe mu gihe kigera ku masaha umunani guhera mu gitondo, bihagarika ubuzima n’imibereho y’abantu ibihumbi bawunyuraho ku mpande zombi.
BBC dukesha iyi nkuru, ivuga ko umwe mu bakozi bashinzwe uyu mupaka avuga ko ku munsi unyurwaho n’abantu bari hagati ya 55,000 na 60,000.
Ubwoba ni bwose ko (…)
By Imfuraya Pierre Romeo
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, Clare Akamanzi, yavuze ko nyuma y’imyaka ibiri ibiciro byo gusura ingagi bikubwe kabiri, amafaranga yinjira mu bukerarugendo avuye mu gusura ingagi yiyongereye, nubwo imibare y’abantu bazisura bo bagabanyutse.
Yabigarutseho kuri uyu wa Kane mu kiganiro n’itangazamakuru, nyuma y’itahwa rya Singita Kwitonda Lodge and Kataza House, imwe mu nyubako yitezweho kuzajya yakira ba mukerarugendo bo ku rwego rwo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuntu wa kane bamusuzumye basanga afite virus ya Ebola mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubilika ya Demokarasi ya Congo.
Iki cyorezo kimaze guhitana abantu barenga 1800 kuva cyakwaduka mu kwezi kwa munani umwaka ushize mu burasirazuba bwa Kongo mu Ntara ya Kivu ya ruguru.
Uyu muntu wa kane, ni umugore w’umugabo wishwe n’iyi ndwara kuwa gatatu w’iki cyumweru.
Umwana wabo umwe nawe muri iki cyumweru bamusanzemo indwara ya Ebola. Yari uwa gatatu. (…)
by Scovia Mutesi Nyuma y’uko humvikanye amakuru ko umupaka w’uRwanda na Congo uhuza Goma na Rubavu ufunze, ibinyamakuru byo mu Rwanda na mpuzamahanga byanditse ko umupaka wafunzwe, bavugaga ko byemejwe na Nduhungirehe Olivier umunyabanga wa Leta muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga.
Mu kiganiro n’ abanyamakuru kuri uyu mugoroba kuva ku isaha ya sakumi yo kuwa 1 Kanama 2019 minisiteri y’ubuzima ihakanye ko nta mupaka wafunzwe ahubwo icyabaye ari ukuganiriza abaturage bigatuma batinda (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Umupaka uhuza umujyi wa Gisenyi n’uwa Goma muri Kongo wafunguwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane nyuma y’uko wari wafunzwe kuva mu gitondo nk’uko umunyamakuru uri ku mupaka abyemeza.
Abaturage bakora imirimo inyuranye hagati ya Goma na Gisenyi kuva mu gitondo cya none bari bangiwe kwambuka nk’uko babivuga, babwiye BBC dukesha iyi nkuru impungenge z’imibereho yabo ku gufungwa k’uyu mupaka.
Hari ubwoba bw’ikwirakwira ry’indwara ya Ebola imaze (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Umuhanzi w’ukiri muto ukomoka muri Leta zunze ubumwe z’Ameriak Tay-K yakatiwe igifungo cy’imyaka 55 mu buroko nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwiba no kwica.
Uyu mu raperi (Rapper) akaba yarahamwe nicyi cyaha nyuma y’ubujura yagaragayemo bwanasize uwo yaragiye kwiba yitabye Imana.
Uyu musore w’imyaka 19 akaba ubundi yarakatiwe imyaka 30 y’ubwicanyi hakiyongeraho 13 y’ubujura ariko hanongerwaho 12 yuko ari ubujura bwakoresheje intwaro. Usibye iki (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere iyobowe na Perezida Paul Kagame, yemeje iyimurwa ry’ibigo bimwe na bimwe bya Leta byakoreraga mu mujyi wa Kigali, bikajya mu mijyi yunganira Kigali n’uturere dutandukanye.
Mu mujyi wa Huye hoherejwe Ikigo gishinzwe Iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi (RAB), Inama y’Igihugu y’amashuri makuru na za Kaminuza (HEC) n’ishami ry’ubushakashatsi mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye inganda (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Portia Mngomezulu yize ibijyanye n’ikoranabuhanga ndetse araminuza, akora mu bigo bitandukanye ari umu enjeniyeri. Ubwo yabyaraga umwana we w’imfura muri 2010, byamuhaye amahirwe yo kubonana na nyirabukwe waje gutuma ahinduka uwo ariwe ubu.
Nyuma yo kuganira na nyirabukwe warufite ibishishi mu maso akamubwira ko bishobora gukizwa n’ibibabi by’amarura, Portia yibutse ko I Phalaborwa, agace k’icyaro yakuriyemo habaga ubu bwoko bw’ibiti, niko gufata urugendo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umugabo basanzemo indwara ya Ebola ejo kuwa kabiri mu mujyi wa Goma yamuhitanye mu masaha ya mu gitondo uyu munsi kuwa gatatu nk’uko byemejwe n’abashinzwe ubuzima.
Uyu yari uwa kabiri basanzemo iki cyorezo muri uyu mujyi w’abantu barenga miliyoni. Uwa mbere, nawe yamuhitanye hatarashira amasaha 24 bamusanzemo iyi ndwara.
Porofeseri Jean Jacques Muyembe ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Ebola muri Guverinoma ya Kongo amaze kubwira BBC dukesha iyi nkuru ko uyu (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















