Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Abayobozi b’Umuryango w’Abasukuti mu Rwanda bahuriye mu mahugurwa baganira kuri za komisiyo zigize uwo muryango banakora iteganyabikorwa rishingiye kuri za komisiyo mu rwego rwo rwo guteza imbere umuryango no gufasha urubyiruko kuba Abanyarwanda beza babereye igihugu cyabo.
Nk’uko byagarutsweho na komiseri mukuru w’umuryango w’Abasikuti mu Rwanda, Uzabumugabo Virgile, aya mahugurwa agamije kungurana ibitekerezo ku mikorere ya za komisiyo zigize umuryango w’Abasikuti mu Rwanda.
Yavuze ko (…)
Uburenganzira bwa muntu bugomba kumvikana mu buryo bwagutse kuko ari ubuzima bwiza, imibereho myiza, uburenganzira ku mutungo, ku bitunga abantu n’ibindi kandi iyo bigezweho bagakomatanya n’uburenganzira kuri poritiki ni byo bitanga ubuzima bwiza ku muturage.
Ibi ni bimwe mu byemezwa na Sinyigaya Silas, Visi Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu aganira n’Imvaho Nshya, akaba ashima ko mu Rwanda hashyizweho amategeko arengera uburenganzira butandukanye. Muri ayo mategeko (…)
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Iterambere RDB, Clare Akamanzi, yagaragarije abashoramari baturutse mu Bushinwa, mu Ntara ya Zhejiang aho bashora imari yabo mu Rwanda.
Yabijeje urubuga rwiza rw’ishoramari mu Rwanda, abahamiriza kandi ko mu Rwanda hari ubushake bwa politiki yo gushyigikira no koroshya ishoramari, bizakomeza guteza imbere umubano hagati y’impande zombi n’ibihugu byombi.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Nzeri 2019, mu nama ikomeye yahurije hamwe (…)
Muri Gashyantare 2016 nibwo ishyamba kimeza rya Gishwati -Mukura riherereye mu ruhererekane rw’Imisozi y’isunzu rya Congo-Nil, ryemejwe nka Pariki y’Igihugu ya kane, yitezweho gutanga umusanzu mu kwinjiza amadevize binyuze mu bukerarugendo n’izindi nyungu zituruka ku bidukikije.
Abaturage bari ku ruhembe ku izuka rya Gishwati Imizi Ecotourism Development Ltd igiye gutangira kubaka inzu z’ubukerarugendo Urugendo rwo kongera ibyiza bya Gishwati-Mukura rurakomeje
Iyo pariki iherereye mu (…)
Mu mwaka wa 2017, hafi abagore 30,000 ku isi bishwe n’abo bashakanye cyangwa abo bahoze barashakanye nkuko tubicyesha BBC.
Impuguke mu bumenyi bwiga ku byaha n’abanyabyaha (’criminology’) wo mu Bwongereza, avuga ko abagabo bica abo bashakanye "bakurikiza ingengabihe yo kwica umuntu" ishobora gutahurwa na polisi igafasha mu kurinda impfu z’abantu. Dr Jane Monckton Smith yasanze hari ibyiciro umunani byahuriweho ku bwicanyi 372 mu Bwongereza.
Dr Monckton Smith avuga ko uburyo bwe (…)
Abagore benshi bakunda gukoresha internet n’imbuga nkoranyambaga gusa abenshi banga gushyiraho ibitekerezo byabo cyangwa amafoto kubera gutinya ibitekerezo (Comments) Zishobora gukirikira ibyo bamaze gushyiraho (Posts).
Ibi bikaba byagaragarijwe mu nama yahuje abanyamakuru n’inzego bwite za Leta nka Migeprof na RIB ndetse n’abandi bagore baharanira ubwisanzure n’iterambere ry’umugore. Iyi nama ikaba yarateguwe n’ihuriro ry’abagure bahuriye ku mwuga w’itangazamakuru ARFEM bafatanyije (…)
ARUA ihuriro ry’amakorari 4 yo muri ADEPR akomoka mu turere n’intara zitandukanye yakoze igiterane cy’ububyutse no gufasha cyabereye muri paruwasi ya Gihogwe ku mudugudu wa Jali kuri iki cyumweru tariki 18 kanama 2019.
Iki kikaba ari igiterane ngaruka mwaka gitegurwa na ARUA, ihuriro ry’amakorari 4 yihuje mu gukorera Imana ariyo: AHADI y’I Rubavu, RUBONOBONO yo muri paruwasi ya Gatsata, URUKUNDO ikomoka muri paruwasi ya Gihogwe I Jali, na Korari ABATWARAMUCYO nayo y’I Rubavu.
Iki (…)
Perezida Kagame yongeye kwibutsa urubyiruko rw’u Rwanda, kumenya kurwanira igihugu cyarwo, rukumva ko nta muntu n’umwe ukwiriye kurutegeka icyo gukora gitandukanye n’amahitamo yarwo.
Ibi yabigarutseho mu kiganiro yahaye urubyiruko kuri uyu wa Gatatu muri Intare Conference Arena i Rusororo mu Karere ka Gasabo.
Hari mu biganiro byiswe ‘MeetThePresident’ aho urubyiruko rurenga ibihumbi bitatu rwo mu Rwanda no mu mahanga rwahuriye hamwe kugira ngo ruganire na Perezida Kagame.
Mu mpanuro (…)
Imiryango y’Abanyamulenge barokotse ubwicanyi bwo mu Gatumba mu gihugu cy’Uburundi irasaba umuryango w’abibumbye ndetse n’ibihugu by’akarere guta muri yombi abakekwaho ubwicanyi bakorewe mu myaka 15 ishize.
Abarokotse ubu bwicanyi bavuga ko bamaze igihe basaba ubutabera ariko kugeza ubu ubutabera bw’Uburundi bukaba nta muntu n’umwe mu baregwa bwari bwata muri yombi.
Bavuga ko ubutabera butinze kuboneka nyuma y’imyaka myinshi babusaba. Uyu munsi ku wa kabiri, amagana y’Abanyamulenge bari (…)
European Union in partnership with the African women’s development and communications network FEMNET have urged African governments to strengthen collective capacities that will ensure increased gender equality and women’s rights in Africa.
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.








![ADEPR ukwishyirahamwe kw'amakorari (ARUA) gukizwa no gufashwa kwa benshi binyuze mu biterane by'ivugabutumwa [AMAFOTO]](IMG/logo/arton832.jpg?1633463780)












