Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Perezida Touadera yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

Thursday 5 August 2021
    Yasomwe na

Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda rushimangira umubano umaze gushinga imizi hagati y’igihugu cye n’u Rwanda.

Ku isaha ishyira Sava sita ni bwo Touadera yageze ku Kibuga mpuzamahanga cya Kanombe yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr. Biruta Vincent n’abandi banyacyubahiro.

Biteganyijwe ko uyu munsi abonana na Perezida Kagame bakagirana ibiganiro nyuma bakaganira n’itangazamakuru kuri byinshi bihatse umubano uri hagati y’ibihugu byombi.

U Rwanda rufite ingabo muri Central Africa aho ziri mu nshingano zo kurinda umukuru w’igihugu no kugarura umutekano utameze neza muri icyo gihugu.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru