Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Perezida Touadera yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

Thursday 5 August 2021
    Yasomwe na

Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda rushimangira umubano umaze gushinga imizi hagati y’igihugu cye n’u Rwanda.

Ku isaha ishyira Sava sita ni bwo Touadera yageze ku Kibuga mpuzamahanga cya Kanombe yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr. Biruta Vincent n’abandi banyacyubahiro.

Biteganyijwe ko uyu munsi abonana na Perezida Kagame bakagirana ibiganiro nyuma bakaganira n’itangazamakuru kuri byinshi bihatse umubano uri hagati y’ibihugu byombi.

U Rwanda rufite ingabo muri Central Africa aho ziri mu nshingano zo kurinda umukuru w’igihugu no kugarura umutekano utameze neza muri icyo gihugu.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru