Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Kamena 2022 kuri sitade ya Kigali i Nyambirambo nibwo abenshi bari bategereje ukino wanyuma w’igikombe cy’amahoro wahuje ikipe y’abanyamujyi As Kigali n’ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC warangiye ari igitego kimwe cya As Kigali.
Ni igitego kimwe rukumbi cyabonetse muri uyu mukino cyatsinzwe na Kalisa Rachid, cyatumye AS Kigali fc yegukana igikombe cy’Amahoro cya 2021-22, itsinze APR FC igitego 1-0.
Uyu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Muhire Henry Brulart, wari ugiye kumara amezi atandatu ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yamaze guhagarikwa kuri izi nshingano kubera ibijyanye n’umutungo.
Ku gicamusi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Kamena 2022, ni bwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu (FERWAFA) ryatangaje ko Muhire Henry yahagaritswe ku nshingano ze nyamara bikaba byayari bimaze iminsi bivugwa n’abantu bakurikiranira hafi umupira (…)
Ndayambaje Jean Claude
U Rwanda rubashije gukura inota rinwe mu mukino wa mbere wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2023, aho Banganyihe na Mozambique igitego 1-1.
Ni umukino watangiye amakipe yombi yashatse kugarira, mbese agaragaza kubanza kwigana ku buryo ndetse wibazaga aho igitego kiva ukahabura ndetse byanatumye igice cya Mbere kirangira ari ubusa ku busa.
Ikipe y’Igihugu ya Mozambique wabonaga ikinira hagati ihererekanya neza mu kibuga, ariko kuboneza mu izamu bikanga kuko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanya-Kenya nibo bihariye imidari myinshi mu marushwanwa ya Kigali international Peace Marathon.
Ni irushanwa ryari ritegerejwe na benshi, kandi ryitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo na Madamu Jeannette Kagame na mugenzi we wa Kenya, Margaret Kenyatta n’abandi bantu baturutse mu bihugu bituranye n’u Rwanda.
Kuri iki cyumweru tariki ya 29 Gicurasi 2022 nibwo abasiganwa bose bahagurukiye kuri BK Arena banyura i Remera, Nyarutarama, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Benshi mu bakurikiranira hafi umupira w’u Rwanda ntibemeranya n’umutoza w’Amavubi Carlos Alos Ferrer wamaze guhamagara abakinnyi 28 azakoresha mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Cote D’Ivoire aho bavuga ko hari abakinnyi birengagijwe Kandi bagakwiye gufasha ikipe y’Igihugu.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa) Nizeyimana Olivier yasobanuye ibyagendeweho kugira ngo umutoza wa Amavubi ahamagare abakinnyi mu (…)
Umuyobozi w’akarere ka Kirehe wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu Nzirabatinya Modeste yifurije amahirwe n’intsinzi abana b’u Rwanda bagize ikipe ya Academy PSG Rwanda, by’umwihariko barimo na kapiteni wabo n’abandi bakomoka mu karere ka Kirehe kuzagira intsinzi mu gikombe cy’Isi kizabera mu Bufatansa.
Mu ijoro ryo kuri uyu Kane ni bwo abana babarizwa mu irerero rya PSG mu Rwanda bafashe indege berekeza mu Bufaransa mu mikino y’igikombe cy’Isi gitegurwa na PSG gihuza amakipe y’abana (…)
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi FIFA yemeje ko umusifuzi w’Umunyarwanda Mukansanga Salima azasifura imikino y’igikombe cy’Isi kizabera muri Qatar hagati y’Ugushyingo n’Ukuboza mu mpera z’uyu mwaka 2022.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Gicurasi 2022, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi FIFA, ryatangaje urutonde rw’abasifuzi 36 bazasifura mu kibuga hagati mu mikino y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar, muri bo harimo abagore batatu barimo n’Umunyarwanda Mukansanga (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Musanze FC yanganyije na Rayon Sports igitego 1-1 kuri sitade Ubworoherane mu mukino w’Umunsi wa 27 wa Shampiyona y’u Rwanda mu cyiciro cya mbere.
Ni umukino wabaye kuri iki cy’umweru tariki ya 15 Gicurasi 2022 aho ikipe ya Rayon Sports yari yakoze impinduka zo kubanza bamwe mu bakinnyi bakomeye hanze ugereranyije n’abakinnyi babanje mu kibuga ubwo yakinaga na APR fc ndetse zigomba no kongera kwesurana mu mukino wo kwishyura w’Igikombe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Kiyovu Sports yatsinze APR FC ibitego 2-1, bituma zinganya amanota 60/60 ku munsi wa 27 wa shampiyona Primus national league.
Ni umukino wari imbaturamugabo wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gicurasi 2022 aho Kiyovu sports yongeye kwerekana ko ari ikipe nkuru ifite inyota y’igikombe.
Ni umukino watangiye uryoheye ijisho, wari urimo uguhangana gukomeye aho amakipe yombi yasatiranaga ku buryo (…)
Ndayambaje Jean Claude
Academy ya Paris Saint Germai (PSG) mu Rwanda y’abakiri bato batarengeje imyaka 13 yisanze mu itsinda rya E mu gihe mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 11 bari mu itsinda rya C.
Guhera tariki ya 20 kugera 25 Gicurasi 2022, mu Bufaransa hazabera imikino y’igikombe cy’Isi gitegurwa n’ikipe ya PSG aho amarerero aba mu bice bitandukanye by’Isi n’u Rwanda rurimo yitabira aya marushwanwa.
Ni ku nshuro ya mbere u Rwanda rugiye kwitabira iyi mikino nyuma y’aho PSG ifunguye (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























