Kapiteni wa Argentina yongeye kuyobora ikipe ye mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya kabiri gikurikiranye, Lionel Messi yongeye kwandika amateka nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu ya Argentina kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni intambwe ikomeye ku mukinnyi w’imyaka 39 ukomeje kwerekana ko afite impano idasanzwe.
Mu mukino wa 1/2 wahuje Argentina n’Ubwongereza, Messi yagaragaje ubuhanga bwe, afasha bagenzi be kugenzura umukino no kugera ku ntsinzi yabahesheje itike yo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe mu myaka yo hambere abafite ubumuga bagiye bahezwa mu bandi bakimwa ijambo, bakavangurwa mu bandi, hari abo mu karere ka Musanze bavuga ko hari intabwe bamaze gutera igaragarira buri wese.
Babitangaje ubwo bamurukira akarere kabo ibikombe 9 bagiye begukana mu mikino itandukanye irimo Wheelchairbasketball ,Goalball, Emptfootball ,sitball ,Athletisme ,Boccia.
Shirumuteto Innocent, uhagarariye abakinnyi bafite ubumuga mu karere ka Musanze (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku mukino w’umunsi wa 3 wa Shampiyona watangiye ku saa Tatu z’umugoroba wo kuri uyu wa Mbere, ukaba wari utegerejwe na benshi nk’umukino ukomeye, Ikipe ya Manchester United yaje benshi batayifitiye ikizere kubera ko yari imaze imikino ibiri itarabasha kwinjiza igitego ndetse itarabona n’inota rimwe.
Manchester United yatangiye umukino ihererekanya neza ndetse bitanga ikizere ko ishobora kubona igitego isaha n’isaha kuko wabonaga ko nta bwoba ifite; ibi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku umunsi wa mbere wa shampiyona y’u Rwanda 2022-2023 Musanze fc izasura APR fc kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo Saa 18h30’, imihigo ni yose ku batoza bombi cyane ko ari umukino uzaba utegerejwe na benshi nyuma yaho iyi Kipe yo mu Majyaruguru umwaka ushyize yakoze mu jisho APR FC ubwo yayitsindaga igitego 1-0 kuri sitade Ubworoherane, ibintu byatumye abafana ba Musanze fc barara babyina itsinzi.
Ikinyamakuru mamaurwagasabo cyageze ku myitozo ya (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya APR fc yongereye Adil Mohammed Erradi amasezerano y’imyaka ibiri ahabwa umukoro wo kuzarenga mu matsinda ya CAF Champions League, ibintu bizwi neza ko byananiye abandi batoza banyuze muri iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu.
Uyu mwarabu kugeza ubu umaze guhesha APR fc ibikombe 3 byikurikiranya muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, yashimiwe n’ubuyobozi bw’ikipe ndetse bamusaba kuzakora ibishoboka byose iyi Kipe ikazarenga amatsinda.
Nkuko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Igihugu cy’u Rwanda kigiye kwakira amarushanwa azwi nka IRONMAN 70.3, ku nshuro ya mbere hakinwa Triathlon, umukino uhurizwamo koga, gusiganwa ku magare ndetse no ku maguru ukitabirwa n’abantu b’ingeri zitandukanye.
Ni irushanwa riteganijwe kuba tariki ya 14 Kanama 2022, rikazitabirwa n’abantu barenga maganatanu (500) baturutse hirya no hino ku Isi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru, kuri uyu wa Gatatu, i Rubavu ahazabera iri rushanwa, Umurame Micheal, (…)
Jean claude Ndayambaje
Mu nama yahuje abanyamuryango b’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA bo mu cyiciro cya mbere ndetse n’abayobozi n’amakipe bari kumwe n’abatoza babo, yateranye kuri uyu wa kabiri tariki 12 Nyakanga 2022 yemeje ko shampiyona y’icyiciro cya mbere izatangira tariki 19 Kanama 2022 mu kwezi gutaha.
Muri iyi nama kandi bemeje ko umukino uruta iyindi yose (Super cup) mu cyumweru kibanziriza itangira rya shampiyona tariki ya 12 Kanama 2022, aho ikipe ya APR (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye umukino w’umunsi wa kane wo mu Itsinda B ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi mu ijonjora rya Gatatu "FIBA Basketball World Cup 2023 African Qualifiers" muri BK Arena aho u Rwanda rwatsinzwe na Sudan y’epfo amanota 73-63.<
Ni umukino wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 1 Nyakanga 2022, muri BK Arena ahatangiye kubera imikino yo kwishyura mu matsinda ya A na B yo gushaka itike (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Kamena 2022 kuri sitade ya Kigali i Nyambirambo nibwo abenshi bari bategereje ukino wanyuma w’igikombe cy’amahoro wahuje ikipe y’abanyamujyi As Kigali n’ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC warangiye ari igitego kimwe cya As Kigali.
Ni igitego kimwe rukumbi cyabonetse muri uyu mukino cyatsinzwe na Kalisa Rachid, cyatumye AS Kigali fc yegukana igikombe cy’Amahoro cya 2021-22, itsinze APR FC igitego 1-0.
Uyu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Muhire Henry Brulart, wari ugiye kumara amezi atandatu ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yamaze guhagarikwa kuri izi nshingano kubera ibijyanye n’umutungo.
Ku gicamusi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Kamena 2022, ni bwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu (FERWAFA) ryatangaje ko Muhire Henry yahagaritswe ku nshingano ze nyamara bikaba byayari bimaze iminsi bivugwa n’abantu bakurikiranira hafi umupira (…)
Ndayambaje Jean Claude
U Rwanda rubashije gukura inota rinwe mu mukino wa mbere wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2023, aho Banganyihe na Mozambique igitego 1-1.
Ni umukino watangiye amakipe yombi yashatse kugarira, mbese agaragaza kubanza kwigana ku buryo ndetse wibazaga aho igitego kiva ukahabura ndetse byanatumye igice cya Mbere kirangira ari ubusa ku busa.
Ikipe y’Igihugu ya Mozambique wabonaga ikinira hagati ihererekanya neza mu kibuga, ariko kuboneza mu izamu bikanga kuko (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















