Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)
Ndayambaje Jean Claude
U Rwanda rubashije gukura inota rinwe mu mukino wa mbere wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2023, aho Banganyihe na Mozambique igitego 1-1.
Ni umukino watangiye amakipe yombi yashatse kugarira, mbese agaragaza kubanza kwigana ku buryo ndetse wibazaga aho igitego kiva ukahabura ndetse byanatumye igice cya Mbere kirangira ari ubusa ku busa.
Ikipe y’Igihugu ya Mozambique wabonaga ikinira hagati ihererekanya neza mu kibuga, ariko kuboneza mu izamu bikanga kuko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanya-Kenya nibo bihariye imidari myinshi mu marushwanwa ya Kigali international Peace Marathon.
Ni irushanwa ryari ritegerejwe na benshi, kandi ryitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo na Madamu Jeannette Kagame na mugenzi we wa Kenya, Margaret Kenyatta n’abandi bantu baturutse mu bihugu bituranye n’u Rwanda.
Kuri iki cyumweru tariki ya 29 Gicurasi 2022 nibwo abasiganwa bose bahagurukiye kuri BK Arena banyura i Remera, Nyarutarama, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Benshi mu bakurikiranira hafi umupira w’u Rwanda ntibemeranya n’umutoza w’Amavubi Carlos Alos Ferrer wamaze guhamagara abakinnyi 28 azakoresha mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Cote D’Ivoire aho bavuga ko hari abakinnyi birengagijwe Kandi bagakwiye gufasha ikipe y’Igihugu.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa) Nizeyimana Olivier yasobanuye ibyagendeweho kugira ngo umutoza wa Amavubi ahamagare abakinnyi mu (…)
Umuyobozi w’akarere ka Kirehe wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu Nzirabatinya Modeste yifurije amahirwe n’intsinzi abana b’u Rwanda bagize ikipe ya Academy PSG Rwanda, by’umwihariko barimo na kapiteni wabo n’abandi bakomoka mu karere ka Kirehe kuzagira intsinzi mu gikombe cy’Isi kizabera mu Bufatansa.
Mu ijoro ryo kuri uyu Kane ni bwo abana babarizwa mu irerero rya PSG mu Rwanda bafashe indege berekeza mu Bufaransa mu mikino y’igikombe cy’Isi gitegurwa na PSG gihuza amakipe y’abana (…)
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi FIFA yemeje ko umusifuzi w’Umunyarwanda Mukansanga Salima azasifura imikino y’igikombe cy’Isi kizabera muri Qatar hagati y’Ugushyingo n’Ukuboza mu mpera z’uyu mwaka 2022.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Gicurasi 2022, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi FIFA, ryatangaje urutonde rw’abasifuzi 36 bazasifura mu kibuga hagati mu mikino y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar, muri bo harimo abagore batatu barimo n’Umunyarwanda Mukansanga (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Musanze FC yanganyije na Rayon Sports igitego 1-1 kuri sitade Ubworoherane mu mukino w’Umunsi wa 27 wa Shampiyona y’u Rwanda mu cyiciro cya mbere.
Ni umukino wabaye kuri iki cy’umweru tariki ya 15 Gicurasi 2022 aho ikipe ya Rayon Sports yari yakoze impinduka zo kubanza bamwe mu bakinnyi bakomeye hanze ugereranyije n’abakinnyi babanje mu kibuga ubwo yakinaga na APR fc ndetse zigomba no kongera kwesurana mu mukino wo kwishyura w’Igikombe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Kiyovu Sports yatsinze APR FC ibitego 2-1, bituma zinganya amanota 60/60 ku munsi wa 27 wa shampiyona Primus national league.
Ni umukino wari imbaturamugabo wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gicurasi 2022 aho Kiyovu sports yongeye kwerekana ko ari ikipe nkuru ifite inyota y’igikombe.
Ni umukino watangiye uryoheye ijisho, wari urimo uguhangana gukomeye aho amakipe yombi yasatiranaga ku buryo (…)
Ndayambaje Jean Claude
Academy ya Paris Saint Germai (PSG) mu Rwanda y’abakiri bato batarengeje imyaka 13 yisanze mu itsinda rya E mu gihe mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 11 bari mu itsinda rya C.
Guhera tariki ya 20 kugera 25 Gicurasi 2022, mu Bufaransa hazabera imikino y’igikombe cy’Isi gitegurwa n’ikipe ya PSG aho amarerero aba mu bice bitandukanye by’Isi n’u Rwanda rurimo yitabira aya marushwanwa.
Ni ku nshuro ya mbere u Rwanda rugiye kwitabira iyi mikino nyuma y’aho PSG ifunguye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu Mujyi Musanze, biganjemo abasiporutifu baravuga ko barambiwe guhora babeshywa sitade ijyanye n’igihe imyaka igahita indi igataha kandi Musanze ari Umujyi w’Ubukerarugendo buteye imbere.
Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ukorera mu karere ka Musanze yahuye na benshi mu baturage bikomye abayobozi bahora bababwira ko bazabakorera ubuvugizi bakabona sitade igezweho cyane ko buri muyobozi ariko ababwira ariko bagasanga igihe kigeze ngo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati ‘CECAFA’ ryamaze gutangaza ko ibihugu bigera mu 8 birimo n’u Rwanda bizitabira CECAFA y’abagore iteganyijwe mu mpera hagati ya tariki 22 Gicurasi na 5 kamena 2022.
CECAFA y’uyu mwaka biteganyijwe ko izabera mu gihugu cya Uganda, ku kibuga cya FUFA Technical Centre, ikibuga giherereye mu mujyi wa Njeru muri Uganda .
Bwana Yussuf Mossi ubarizwa muri Kanama gashinzwe gutegura (…)
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda irakomeza uyu munsi.
13 December 2025, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























