Monday . 1 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)

CAN 2021: Burkina Faso yirangayeho Cameroon ibatwara umwanya wa Gatatu
CAN 2021: Burkina Faso yirangayeho Cameroon ibatwara umwanya wa Gatatu

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude Ikipe ya Cameroun yatwaye umwanya wa gatatu mu Gikombe cya Afurika ku burangare bw’ikipe y’igihugu ya Burikina Faso yari yabanje ibitego bitatu biza kwishyurwa (3-3), bagiye muri Penaliti irasezererwa.
Binyuze kuri Rutahizamu Vincent Aboubakar ukinira Cameroun yaje Igihugu cye kwishyura ibitego 3-0 byari byatsinzwe mu minota 49’ y’umukino.
Ikipe y’igihugu ya Burkina Faso yari yabashije kubona ibitego bibiri mu gice cya Mbere cy’umukino byatsinzwe na (…)

424 Shares 4 Comments
AFCON2021: Sadio Mane na Mohamed Salah bagiye guhurira ku mukino wa nyuma
AFCON2021: Sadio Mane na Mohamed Salah bagiye guhurira ku mukino wa nyuma

Yanditswe na Ndayambaje Jean Calude
Ikipe y’igihugu ya Misiri bakunze gutazira (Le Pharaoh) yageze ku mukino wanyuma imaze gusezerera Cameroun kuri Penaliti 3-2 nyuma yuko amakipe yombi aguye miswi, ubusa ku busa.
Mu mukino wa 1/2 wabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Gashyantare, wahuje Misiri na Cameroun yari imbere y’abafana bayo, wasize Abanyamisiri bakatishije itike y’umukino wanyuma ugomba kubahuza na Senegal.
Aya makipe yaherukaga guhurira mu gikombe cya Afurika mu mwaka wa 2017 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
AFCON2021: Ikipe ya Sénégal yageze ku mukino wa nyuma itsinze Burikna Faso
AFCON2021: Ikipe ya Sénégal yageze ku mukino wa nyuma itsinze Burikna Faso

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya Kabiri yikurikiranya ikipe ya Sénégal yageze ku mukino wa nyuma mu gikombe cya Afurika itsinze Burikna Faso ibitego 3-1, muri 1/2.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Gashyantare 2022 mu gihugu cya Cameroon, mu mujyi wa Younde habereye umukino wa 1/2 w’igikombe cya Afurika wahuje Senegal na Burkina Faso warangiye Senegal itsinze Burkina Faso umukino waranzwe no gusatiranaga cyane bashaka ibitego mu mpande zombi nubwo bitaje korohera Burkina (…)

424 Shares 4 Comments
APR FC ihagamwe na Mukura Victory sports nyuma y'imikino 50 imaze idastidwa
APR FC ihagamwe na Mukura Victory sports nyuma y’imikino 50 imaze idastidwa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Mukura Victory Sports yakuyeho agahigo k’ikipe ya APR FC yari ifite, ko gukina imikino 50 idatsindwa, iyikubita igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 6 wa primus National league.
Ni umukino w’ikirarane wari wasubitswe ejo hashize tariki ya 31 Mutarama 2022 ku munota wa 45’ w’igice cya mbere, wabereye kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo bitewe n’imvura nyinshi yari yaguye.
Ku isaha ya saa 15h00’ kuri sitade ya Kigali, hongeye gukinwa iminota 45’ (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amakipe azitabira Tour du Rwanda 2022 yamaze kumenyekana
Amakipe azitabira Tour du Rwanda 2022 yamaze kumenyekana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki kugira ngo irushanwa ry’amagare, Tour du Rwanda 2022 ritangire ku nshuro ya 14, Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa Ku magare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje ko Erithrea itazitabira bitewe nuko abakinnyi bayo batikingije Covid-19 bityo ikaba yasimbujwe indi kipe.
Mu itangazo ryanyujijwe ku rukuta rwa twitter ya " Tour du Rwanda" kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Mutarama 2022, byemeje ko iKipe ya Erithrea uyu mwaka (…)

424 Shares 4 Comments
KNC yisubiyeho ku cyemezo cyo gukura Gasogi muri shampiyona y'u Rwanda
KNC yisubiyeho ku cyemezo cyo gukura Gasogi muri shampiyona y’u Rwanda

Nyuma y’amasaha macye Perezida akaba na Nyiri ikipe ya Gasogi United, uzwi nka KNC atangaje ko akuye ikipe ye muri Shampiyona y’u Rwanda kubera icyo yise "Umwanda" uri mu Ishyirahamwe FERWAFA", kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko yisubiyeho kuko byari bitewe n’uburakari no kutishimira ibyavuye mu mu mukino wabahuje na Rayon Sport.
Ni nyuma gato y’umukino wabaye kuri uyu wa kane i Kigali, wahuje Gasogi United na Rayon Sports, Gasogi itsindwa igitego 1-0.
Usibye n’ibindi bibazo yari amaze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Siporo: Abafana bongeye gukomorerwa kureba imikino
Siporo: Abafana bongeye gukomorerwa kureba imikino

Hari hashyize igihe kingana n’ukwezi kurenga abafana bakumiriwe ku bibuga bitewe n’ubwiyongere bw’icyorezo cya Covid-19 none kuri ubu bakomorewe, barabyinira mu rukoma.
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Mutarama 2022, yemeje ko ibikorwa bya siporo y’umuntu ku giti cye n’izikorerwa hanze abantu bategeranye bizakomeza ndetse n’abafana bakemererwa kureba imikino kuri sitade.
Minisitiri ya (…)

424 Shares 4 Comments
CAN 2021: Cameroun yageze muri 1/4, abafana bamwe bahasiga ubuzima
CAN 2021: Cameroun yageze muri 1/4, abafana bamwe bahasiga ubuzima

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abantu bagera ku 8 biravugwa ko baguye mu muvundo abandi barakomereka nyuma yaho ikipe y’Igihugu ya Cameroun isezereye ibirwa bya Comores mu mukino wa 1/8 mu gikombe cya Afurika kuri stade Olembe i younde muri Cameroon mu mikino wabaye mu ijoro ryashyize.
Nkuko tubikesha namwe mu mashusho yafashwe agaragaza uburyo abafana babyiganaga bashaka kwinjira muri stade ya Olembe , bikomeje kuvugwa ko hari abahasize ubuzima abandi barakomereka cyane .
Muri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
AFCON2021: Tunisia yasezereye Nigeria, Burikna Faso ikomeza muri 1/4 bigoranye
AFCON2021: Tunisia yasezereye Nigeria, Burikna Faso ikomeza muri 1/4 bigoranye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’igihugu cya Nigeria bakunze kwita Kagoma Ziirenze "Super Eagles", ifite ibikombe bya Afurika bitatu ndetse kuri iyi nshuro yahabwaga amahirwe yo kuzatwara iki gikombe, yasezerewe itarenze umutaru nyuma yo gutsindwa na Tunisie igitego 1-0.
Umukino wabaye kuri iki cy’umweru tariki ya 23 Mutarama 2022 Saa 23h00’ kuri stade yitwa Garoua muri Cameroun ahari kubera Amarushanwa Nyafurika, AFCON 2021, aho mu gice cya Mbere amakipe yombi yasatiranye (…)

424 Shares 4 Comments
CAN2021: Ikipe ya Algérie yatashye amaramasa, dore uko amakipe azahura muri 1/8
CAN2021: Ikipe ya Algérie yatashye amaramasa, dore uko amakipe azahura muri 1/8

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Algérie yatashye nta mu mukino n’umwe itsinze, usibye kuba yaranganyije umukino umwe kandi ari yo kipe ifite igikombe cya Afurika giheruka muri 2019. Ni nyuma yo gusuzugurwa na Cote D’Ivoire ikaha akanozangendo k’ibitego 3-1 ku mukino wa nyuma, i Duala muri Cameroon ahari kubera Amarushanwa Nyafurika CAN cyangwa AFCON 2021.
Iyi Kipe y’igihugu cya Algérie yari ifite inota rimwe ku mwanya wa nyuma, aho byibuze yasabwaga gutsinda Cote D’Ivoire (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru