Kapiteni wa Argentina yongeye kuyobora ikipe ye mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya kabiri gikurikiranye, Lionel Messi yongeye kwandika amateka nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu ya Argentina kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni intambwe ikomeye ku mukinnyi w’imyaka 39 ukomeje kwerekana ko afite impano idasanzwe.
Mu mukino wa 1/2 wahuje Argentina n’Ubwongereza, Messi yagaragaje ubuhanga bwe, afasha bagenzi be kugenzura umukino no kugera ku ntsinzi yabahesheje itike yo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kiri uyu wa mbere tariki ya 4 Mata 2022 nibwo hatangiye imikino ibanza ya 1/8 mu gikombe cy’Amahoro, ku ikubitiro Musanze fc yari yakiriye Rayon Sports binganya ubusa ku busa mu gihe Kiyovu sports yatsinze Marine fc igitego 1-0.
Mu mukino wari utegerejwe n’abantu benshi wahuje ikipe ya Musanze FC na Rayon Sports kuri Stade Ubworoherane waje kugaragaramo ishyaka ryinshi ndetse watangiye Rayon sports isatira cyane izamu rya Musanze fc ariko ntibyagize (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko Carlos Alos Ferrer ariwe wahawe inshingano zo gutoza Amavubi ndetse bakaba bahise bamwerekana ku mugaragaro.
Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Espagne yahigitse abatoza icumi bari bifuje uyu mwanya.
Ku gucamusi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Werurwe 2022 nibwo Ferwa yatangaje ko yamaze kubona Umutoza mushya usimbuye Mashami Vincent muri kuri uyu mwanya nyuma yaho yasezerewe kubera (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2022 muri Kigali Arena habereye umukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona ya Basketball wahuje amakipe abiri akomeye, ariyo Patriots na REG BBC, aho byarangiye Patriots ikatishije itike yo kuzakina mu marushanwa nyafurika y’umukino wa Basketball "BAL 2022" izabera mu Rwanda.
Ni umukino Patriots yakinnye ntawuyiha amahirwe ariko byarangiye yigaranzuye REG BBC benshi bahaga amahirwe menshi yo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Werurwe 2022 kuri sade ya Kigali Nyamirambo Kiyovu sports yongereye amahirwe yo gutwara igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda, itsinda ibitego 2-0 Rayon Sport.
Rayon sports niyo yari yakiriye Kiyovu sports mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Primus national League, ni mu gihe kandi mu mukino ubanza Kiyovu sports nabwo yari yatsinze Rayon sports ibitego 2-0.
Kiyovu Sports yafunguye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Federasiyo y’umukino wa w’intoki, Volleyball mu Rwanda yaciwe amande ya Miliyoni 120 Frw kubera amanyanga yakozwe mu mikino y’igikombe cya Afurika FRVB cyabereye mu Rwanda.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Werurwe 2022 Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda yamenyeshejwe ko ryahanwe amezi atandatu idategura amarushanwa ndetse n’amande angana na Miliyoni 120Rwf bitewe n’uburiganya bwakozwe bwo gukinisha abakinnyi bakomoka muri Brazil badafite (…)
Ishyirahamwe nyarwanda ry’imikino mu mashuri (FRSS) rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye y’imyaka 5 n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru (FERWAFA). Ni amasezerano yo guteza imbere imikino mu mashuri hagamijwe kuzamura impano z’abana kuva bakiri bato.
Amasezerano yashyizweho umukono n’impande zombi i Kigali kuri uyu wa kane tariki 10 Werurwe 2022.
Nkuko byasobanuwe, ubu bufatanye buri mu rwego rwo kuzamura umupira w’amaguru guhera mu mashuri abanza n’ayisumbuye, imyaka 15 ukuyemo 3 (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Calude
Muri UEFA champions league ikipe ya Real Madrid yasezereye PSG ibifashijwemo na Karim Benzema wongeye kugaragaza ko agifite imbaraga n’ubuhanga bwo guconga ruhago.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 9 Werurwe 2022, mu mukino wa 1/8 wo kwishyura Real Madrid yatsinze Paris Saint-Germain ibitego 3-1 ku giteranyo cy’ibitego 3-2 Irushanwa rihuza amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’iburayi rikomeye kandi rikundwa n’abatari bake ku Isi.
Ni umukino (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umunyamakuru wa siporo Bagirishya Jean de Dieu wamenyekanye cyane ku mazina ya Jado Castar wari warahamijwe icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano yagabanyirijwe igifungo aho cyavuye ku myaka ibiri kigirwa amezi umunani.
Bivuze ko amazemo hafi amezi atandatu mu gihome, ku buryo mu mezi abiri aba yafunguwe kubera ko yafunzwe mu kwezi kwa Nzeri 2021, ubwo yari amaze guhamwa n’icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano bityo akaba yari yarakatiwe igifungo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Werurwe 2022, nibwo inkuru yabaye kimomo ko uwari Perezida w’ikipe yo mu karere ka Rusizi "Espior Fc" witwa Kamuzinzi Godefroid yongeye yafashe icyemezo cyo kwegura ku mpamvu ze bwite.
Nubwo byakomeje kugirwa ubwiru uyu mwuka mubi umaze igihe kirekire muri komite ya Espior fc, amakuru atugeraho aravuga ko ingengo y’imari ya Espior fc yaba imaze kungana n’akayuzi k’isabune, mu gihe akarere kanze kugira (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’u Rwanda Primus National League (PNL) ikipe ya Musanze FC ikomeje kwitegura Kiyovu Sports arinako benshi mu bakunzi baya makipe yombi bakaniye uyu mukino.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Werurwe 2022 nibwo ikipe yo mu Majyaruguru mu karere ka Musanze (Musanze Fc), iri bube yakiriye ikipe ya Kiyovu sports yo mu mujyi wa Kigali; kuri ubu kiyovu sports ifite intego y’igikombe kubera ko inganya n’ikipe ya mbere ari (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















