Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

REG VC YEGUKANYE MEMORIAL KAYUMBA 2026 ITSINZE GISAGARA VC

Ikipe ya REG VC yegukanye igikombe cy’irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball, rizwi nka Memorial Kayumba 2026, nyuma yo gutsinda Gisagara VC amaseti 3-1 ku mukino wa nyuma wabereye mu Karere ka Huye.
Iri rushanwa ribaye ku nshuro ya 16, rikaba ritegurwa buri mwaka mu rwego rwo kwibuka Padiri Kayumba Emmanuel wabaye Umuyobozi wa Groupe Scolaire Officiel de Butare (Indatwa n’Inkesha.)
Ni irushanwa ryabaye kuva ku wa Gatandatu tariki ya 7 kugeza ku Cyumweru tariki ya 8 Werurwe 2026, ribera (…)

Igikombe cy'Isi: Portugal yatsinze Ghana bigoranye
Igikombe cy’Isi: Portugal yatsinze Ghana bigoranye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Imikino y’igikombe cy’isi ikomeje kubera mu kigobe cya Qatar, ikipe y’igihugu ya Portugal bigoranye yatsinze igihugu cya Ghana iri mu makipe yaserukiye umufabane wa Afurika.
Wari umukino wo mu itsinda H yatangiye gukinwa uyu munsi, aho benshi mu bakunzi ba Ruhago bari bategereje kizigenza Ronaldo mu mukino ubanza muri iri tsinda wabaye saa cyenda aho Uruguay yanganyije na South Korea.
Mu birori bya Ruhago byabereye kuri Stadium 974 saa 18h00’ Ikipe (…)

424 Shares 4 Comments
Umutoza wa Musanze fc yaba yakuyemo akarenge ke
Umutoza wa Musanze fc yaba yakuyemo akarenge ke

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Biravugwa ko umunyakenya watozaga Musanze fc Frank Ouna yamaze gukuramo ake karenge, [kubera inkweto z’amashanda zikomeje kumutwika] nubwo abazimwambitse bataragira icyo batangaza.
Amakuru dukesha bamwe mu bakunze kuba hafi ikipe ya Musanze fc, kuri ubu imaze imikino igera muri 4 idatsinda ni uko umutoza wayo ukomoka mu gihugu cya Kenya Frank ouna yamaze kugenda mu buryo buteruye, mu gihe bitegura gucakirana na Rayon Sports ku cyumweru tariki ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igikombe cy'Isi: u Bufaransa bwanyagiye Australia, Mukansanga akora amateka
Igikombe cy’Isi: u Bufaransa bwanyagiye Australia, Mukansanga akora amateka

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa yaraye yandagaje Australia mu gikombe cy’Isi gikomeje kubera muri Qatar ibitego 4-1.
Ikipe y’u Bufaransa niyo ifite igikombe gishize cya 2018 yari yaserutse kuri uyu wa kabiri, tariki ya 22, Ugushyingo 2022 mu mukino wayo wa mbere wabereye kuri Al Janoub Stadium.
Ni ikipe y’u Bufaransa yaje mu kibuga idafite abakinnyi bayo b’inkingi za mwamba bahuye n’ibibazo by’imvune barimo Paul Pogba, N’Golo Kanté, Christopher (…)

424 Shares 4 Comments
Rutahizamu Ronaldo yatandukanye na Manchester United
Rutahizamu Ronaldo yatandukanye na Manchester United

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Benshi mu bakunzi ba Rutahizamu w’umunya-Portugal Cristiano Ronaldo wa Manchester United bamaze igihe kinini bibaza ibibazo bafitanye bizakemukira ariko kugeza ubu bishobora kuba bigiye guhabwa umurongo.
Mu byo barimo bibaza byose igisubizo cyamaze kuboneka cyo gutandukana hagati ya Ronaldo na Manchester United.
Mu itangazo iyi kipe ya Manchester United yashyize ahagaragara ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2022, ryemeje ko impande zombi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Qatar yafunguriweho igikombe cy'Isi
Qatar yafunguriweho igikombe cy’Isi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ibarizwa mu kigobe cya Qatar niyo yakiriye imikino y’igikombe cy’Isi, World Cup 2022 yatangiye nabi itsindirwa mu rugo na Ecuador ibitego 2-0, iba igihugu cya mbere gitsindiwe mu rugo ku mukino ufungura iri rushanwa.
Ni umukino wabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 20 Ugushyingo 2022, witabiriwe n’abanyacyubahiro benshi batandukanye barimo na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame.
Ibitego bya Ecuador cyangwa se Equateur mu Gifaransa, byatsinzwe na (…)

424 Shares 4 Comments
Ishyamba si ryeru muri Musanze Fc
Ishyamba si ryeru muri Musanze Fc

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umwuka mubi ukomeje gututumba mu bayobozi n’abakinnyi b’ikipe ya Musanze fc.
Biravugwa ko iyi kipe ishobora no kwisanga mu mazi abira mu gihe hatagize igikorwa mu maguru mashya.
Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru mamaurwagasabo ni uko bamwe mu bakinnyi ba Musanze fc bakunda kubanza mu kibuga bamaze guhagarikwa mu buryo buteruye.
Ihagarikwa ry’aba bakinnyi 3 ngo rishingiye ku kuba ikipe imaze imikino igera muri ibiri idatsinda aho batsindiwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze fc yageneye ubutumwa Mukura Victory Sports
Musanze fc yageneye ubutumwa Mukura Victory Sports

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Musanze FC yatanze integuza ikomeye ku ikipe ya Mukura Victory sporta, mu gihe bitegura gucakirana.
Ikipe ya Musanze fc, kuri ubu yicaye ku mwanya wa kane n’amanota 13 muri Shampiyona 2022-2023 y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Primus national league) nyuma yo gusoza imyitozo ya nyuma bitegura Mukura victory sports.
Mu kiganiro yagiranye na Mamaurwagasabo Team manager w’iyi kipe, Imurora Japhet, bakunze kwita "Drogba" yavuze ko bagomba (…)

424 Shares 4 Comments
Igikombe cy'Isi gisigaje iminsi 20: Menya Ibihugu bizitabira
Igikombe cy’Isi gisigaje iminsi 20: Menya Ibihugu bizitabira

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki imikino y’igikombe cy’Isi 2022 igatangira, imyiteguro irarimbanije mu gihugu cya Quatar.
Harabura iminsi 20 gusa kugira ibihugu 32 bihurire mu migi ya Quatar kuva tariki ya 20 Ugushyingo kugeza tariki 18 Ukuboza 2022.
Ni ubwa mbere mu mateka Qatar nk’igihugu gito kigiye kwakira irushanwa ry’igikombe cy’Isi. Igiheruka cyari cyabereye mu gihugu cy’u Burusiya mu mwaka wa 2018 cyegukanywa n’Ubufaransa busezereye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutahizamu Benzema yatwaye Balon d'Or
Rutahizamu Benzema yatwaye Balon d’Or

Rutahizamu w’Ikipe ya Real Madrid n‘ikipe y’u Bufaransa Karim Benzema ni we wegukanye Balon d’Or y’umwaka wa 2022.
Guhera ubu izina rye rikaba ryinjiye mu bayitwaye uyu mupira uruta indi ku nshuro ye ya mbere.
Yahigitse Sadio Mane wa Bayern Munich ndetse na Kevin De Bruyne wa Manchester City.
Sadio Mane we yegukanye igihembo cyitiriwe Socrates i Paris mu Bufaransa ku mugoroba wo ku wa Mbere.
Uyu mugabo usenye urukuta rwari rumaze imyaka itari mike rwubatswe n’ibihangange bibiri mu (…)

424 Shares 4 Comments
Ikipe ya Bugesera FC yandikiye amateka kuri APR FC ku mukino wikirarane
Ikipe ya Bugesera FC yandikiye amateka kuri APR FC ku mukino wikirarane

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu mukino w’ikirarane ikipe ya Bugesera FC itsinze APR FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa kabiri wa Shampiyona wabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Ukwakira 2022.
Wari umukino wasubitswe wagombaga kuba mu kwezi kwa Nzeli ariko usubikwa kubera ko APR FC yari mu mikino Nyafurika ya CAF Champions League.
Ikipe ya APR FC ni yo yafunguye amazamu ku gitego cyinjijwe na rutahizamu Nshuti Innocent hakiri kare ku munota wa 26’.
Abafana ba Bugesera fc (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru