Monday . 1 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)

Ubwongereza bwasezereye Senegal bujya gutegereza ufite igikombe cy'Isi
Ubwongereza bwasezereye Senegal bujya gutegereza ufite igikombe cy’Isi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza yatsinze Sénégal ibitego 3-0 , ikatisha itike ya ¼ cy’imikino y’Igikombe cy’Isi.
Ubwongereza bugomba kuzacakirana n’Ubufaransa nabwo bwasezereye Pologne buyitsinze ibitego 3-1. Tukwibutse ko Ubufaransa ari bwo buffite igikombe cy’Isi giheruka kubera mu Burusiya, 2018.
Wari umukino wa 1/8 wahuje u Bwongereza na Sénégal yari ishyigikiwe n’Abanyafurika benshi, aho bakoze ibishoboka byose ariko birangira isezerewe itarenze (…)

424 Shares 4 Comments
Igikombe cy'Isi: Portugal yatsinze Ghana bigoranye
Igikombe cy’Isi: Portugal yatsinze Ghana bigoranye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Imikino y’igikombe cy’isi ikomeje kubera mu kigobe cya Qatar, ikipe y’igihugu ya Portugal bigoranye yatsinze igihugu cya Ghana iri mu makipe yaserukiye umufabane wa Afurika.
Wari umukino wo mu itsinda H yatangiye gukinwa uyu munsi, aho benshi mu bakunzi ba Ruhago bari bategereje kizigenza Ronaldo mu mukino ubanza muri iri tsinda wabaye saa cyenda aho Uruguay yanganyije na South Korea.
Mu birori bya Ruhago byabereye kuri Stadium 974 saa 18h00’ Ikipe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umutoza wa Musanze fc yaba yakuyemo akarenge ke
Umutoza wa Musanze fc yaba yakuyemo akarenge ke

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Biravugwa ko umunyakenya watozaga Musanze fc Frank Ouna yamaze gukuramo ake karenge, [kubera inkweto z’amashanda zikomeje kumutwika] nubwo abazimwambitse bataragira icyo batangaza.
Amakuru dukesha bamwe mu bakunze kuba hafi ikipe ya Musanze fc, kuri ubu imaze imikino igera muri 4 idatsinda ni uko umutoza wayo ukomoka mu gihugu cya Kenya Frank ouna yamaze kugenda mu buryo buteruye, mu gihe bitegura gucakirana na Rayon Sports ku cyumweru tariki ya (…)

424 Shares 4 Comments
Igikombe cy'Isi: u Bufaransa bwanyagiye Australia, Mukansanga akora amateka
Igikombe cy’Isi: u Bufaransa bwanyagiye Australia, Mukansanga akora amateka

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa yaraye yandagaje Australia mu gikombe cy’Isi gikomeje kubera muri Qatar ibitego 4-1.
Ikipe y’u Bufaransa niyo ifite igikombe gishize cya 2018 yari yaserutse kuri uyu wa kabiri, tariki ya 22, Ugushyingo 2022 mu mukino wayo wa mbere wabereye kuri Al Janoub Stadium.
Ni ikipe y’u Bufaransa yaje mu kibuga idafite abakinnyi bayo b’inkingi za mwamba bahuye n’ibibazo by’imvune barimo Paul Pogba, N’Golo Kanté, Christopher (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutahizamu Ronaldo yatandukanye na Manchester United
Rutahizamu Ronaldo yatandukanye na Manchester United

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Benshi mu bakunzi ba Rutahizamu w’umunya-Portugal Cristiano Ronaldo wa Manchester United bamaze igihe kinini bibaza ibibazo bafitanye bizakemukira ariko kugeza ubu bishobora kuba bigiye guhabwa umurongo.
Mu byo barimo bibaza byose igisubizo cyamaze kuboneka cyo gutandukana hagati ya Ronaldo na Manchester United.
Mu itangazo iyi kipe ya Manchester United yashyize ahagaragara ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2022, ryemeje ko impande zombi (…)

424 Shares 4 Comments
Qatar yafunguriweho igikombe cy'Isi
Qatar yafunguriweho igikombe cy’Isi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ibarizwa mu kigobe cya Qatar niyo yakiriye imikino y’igikombe cy’Isi, World Cup 2022 yatangiye nabi itsindirwa mu rugo na Ecuador ibitego 2-0, iba igihugu cya mbere gitsindiwe mu rugo ku mukino ufungura iri rushanwa.
Ni umukino wabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 20 Ugushyingo 2022, witabiriwe n’abanyacyubahiro benshi batandukanye barimo na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame.
Ibitego bya Ecuador cyangwa se Equateur mu Gifaransa, byatsinzwe na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ishyamba si ryeru muri Musanze Fc
Ishyamba si ryeru muri Musanze Fc

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umwuka mubi ukomeje gututumba mu bayobozi n’abakinnyi b’ikipe ya Musanze fc.
Biravugwa ko iyi kipe ishobora no kwisanga mu mazi abira mu gihe hatagize igikorwa mu maguru mashya.
Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru mamaurwagasabo ni uko bamwe mu bakinnyi ba Musanze fc bakunda kubanza mu kibuga bamaze guhagarikwa mu buryo buteruye.
Ihagarikwa ry’aba bakinnyi 3 ngo rishingiye ku kuba ikipe imaze imikino igera muri ibiri idatsinda aho batsindiwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze fc yageneye ubutumwa Mukura Victory Sports
Musanze fc yageneye ubutumwa Mukura Victory Sports

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Musanze FC yatanze integuza ikomeye ku ikipe ya Mukura Victory sporta, mu gihe bitegura gucakirana.
Ikipe ya Musanze fc, kuri ubu yicaye ku mwanya wa kane n’amanota 13 muri Shampiyona 2022-2023 y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Primus national league) nyuma yo gusoza imyitozo ya nyuma bitegura Mukura victory sports.
Mu kiganiro yagiranye na Mamaurwagasabo Team manager w’iyi kipe, Imurora Japhet, bakunze kwita "Drogba" yavuze ko bagomba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igikombe cy'Isi gisigaje iminsi 20: Menya Ibihugu bizitabira
Igikombe cy’Isi gisigaje iminsi 20: Menya Ibihugu bizitabira

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki imikino y’igikombe cy’Isi 2022 igatangira, imyiteguro irarimbanije mu gihugu cya Quatar.
Harabura iminsi 20 gusa kugira ibihugu 32 bihurire mu migi ya Quatar kuva tariki ya 20 Ugushyingo kugeza tariki 18 Ukuboza 2022.
Ni ubwa mbere mu mateka Qatar nk’igihugu gito kigiye kwakira irushanwa ry’igikombe cy’Isi. Igiheruka cyari cyabereye mu gihugu cy’u Burusiya mu mwaka wa 2018 cyegukanywa n’Ubufaransa busezereye (…)

424 Shares 4 Comments
Rutahizamu Benzema yatwaye Balon d'Or
Rutahizamu Benzema yatwaye Balon d’Or

Rutahizamu w’Ikipe ya Real Madrid n‘ikipe y’u Bufaransa Karim Benzema ni we wegukanye Balon d’Or y’umwaka wa 2022.
Guhera ubu izina rye rikaba ryinjiye mu bayitwaye uyu mupira uruta indi ku nshuro ye ya mbere.
Yahigitse Sadio Mane wa Bayern Munich ndetse na Kevin De Bruyne wa Manchester City.
Sadio Mane we yegukanye igihembo cyitiriwe Socrates i Paris mu Bufaransa ku mugoroba wo ku wa Mbere.
Uyu mugabo usenye urukuta rwari rumaze imyaka itari mike rwubatswe n’ibihangange bibiri mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru