Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Byamaze kwemezwa ko igihugu cy’u Rwanda cyasinye amasezerano aruha uburenganzira bwo kuzakira igikombe cy’Isi cy’amakipe y’abakanyujijeho muri ruhago, "Veteran Clubs World Championship" mu 2024, bikaba ari amahirwe akomeye ku gihugu kuva kinjira muri siporo.
Ni amasezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2022, Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ yasinye amasezerano y’ubufatanye n’Ishyirahamwe ry’imikino y’aba (…)
Umupira wa Diego Maradona yambaye atsinda igitego cy’ukuboko watejwe cyamunara kuri miliyari icyenda
Diego Maradona akomoka mu gihugu cya Argentina yavutse tariki 30 Ukwakira1960, benshi bamwibukira ku gitego cy’ukuboko yigeze gutsinda igitego koresheje ukuboko cyiswe ‘igitego cy’akaboko k’Imana kigafatwa ndetse cyafashwe nk’igitego kidasanzwe icyo gihe Argentina yatsinze u Bwongereza mu mukino w’igikombe cy’Isi mu 1986.
Icyo gihe Maradona yatsindaga icyo gitego yari yambaye umupira none kuri ubu uwo mupira w’umunyabigwi utakiriho wagurishijwe akayabo ka Miliyoni 7.1 z’amapawundi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nubwo ntawayiciraga akari urutega Real Madrid yasezereye Manchester City muri UEFA Champions League y’uyu mwaka nyuma yo kuyitsinda ibitego 3-1 mu mukino wo kwishyura wabereye i Santiago Bernabeu muri Espagne.
Ni umukini wasabye iminota 30 y’inyongera kuri 90’ isanzwe y’umukino kugira ngo bisobanure. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Gicurasi 2022 nibwo abakunzi ba Ruhago bari bategereje ikipe yagombaga kubona itike yo gukina umukino wanyuma wa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Manchester City yatsinze Real Madrid ibitego 4-3 mu mukino ubanza wa Champions League wabereye mu gihugu cy’u Bwongereza, umukino wabonetsemo ibitego birindwi.
Wari umikino ubereye ijisho watangiye ku isaha ya saa 21h00’ z’ijoro abantu benshi bari bategereje kureba niba Real Madrid iza kwigobotora Manchester City yari iwayo, gusa iyi nayo yagaragaraje ko ikomeye ikomeza kotsa igitutu kugeza n’aho yaje kubyitwaramo neza itsinze ibitego 4-3. (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Gicumbi fc nyuma yo gutsindwa na Musanze fc igitego 1-0, kuri sitade Ubworoherane inzira ziyerekeza mu cyiciro cya Kabiri ziragenda zaguka.
Wari umunsi wa 24 wa Shampiyona y’u Rwanda mu mupira w’Amaguru Primus national League, aho ikipe ya Musanze fc yari yakiriye Gicumbi fc birangira bashimangiye ko imanuka mu kiciro cya Kabiri kubera ko kugeza ubu ari iya nyuma ku rutonde rw’agateganyo.
Ni umukino watangiye ku isaha ya 15h00’ aho amakipe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umutoza wa Rayon Sports, Jorge Manuel da Silva Paixão Santos, yavuze ko atazigera yishyura amafaranga ye kuri stade kugira ngo arebe umupira kubera ko ayo mafaranga yakishyuye ku kibuga ayafashisha abana kugira ngo babeho.
Uyu munya-Portugal, yabitangaje kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma yo gusezerera Musanze FC mu gikombe cy’amahoro.
Mu magambo ye yagize ati “Naje hano mu Rwanda gufasha, naje hano gukora ibishoboka byose ngo mfashe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’ yisanze mu Itsinda rya L, aho iri kumwe n’ikipe y’igihugu ya Sénégal ifite igikombe cy’Afurika giheruka.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Mata 2022 hakozwe tombola y’uburyo amakipe azahura mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2023 kizabera muri Cote D’Ivoire aho Amavubi’ ari mu itsinda rimwe na Senegal , Bénin, na Mozambique.
U Rwanda kuba rwisanze mu itsinda rya 12 benshi bavuga ko ari itsinda (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Mata 2022 ubwo hatangizwaga irushanwa ryateguwe n’ihuriro ry’urubyiruko rukora siporo mu karere ka Musanze rigamije kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko, abantu benshi batunguwe no kubona ririmo gukinwa n’abakinnyi b’ikipe ya Musanze fc ibarizwa muri shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu Rwanda.
Bamwe mu bakinnyi n’abatoza twasanze baje kureba iyi mikino batangarije ikinyamakuru Mamaurwagasabo ko ibyo aba bakinnyi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Akarere ka Musanze nka kamwe mu turere tugize Intara y’Amajyaruguru hakunzwe kuvugwa ikibazo kijyanye n’ibiyobyabwenge byugarije rubyiruko, akaba ari yo mpamvu hateguwe amarushanwa y’umupira w’amaguru kugira ngo hanyuzwemo ubutumwa bwigisha urubyiruko uko ibiyobyabwenge byangiriza ubuzima.
Ni amarushanwa yatangiye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Mata 2022, yateguwe n’ihuriro ry’urubyiryko rukora siporo muri aka karere.
Bamwe mu bitabiriye aya (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Gasogi United yihereranye Kiyovu Sports iyitsinda ibitego 2-0 bituma iyigabanyiriza amahirwe yo gutwara igikombe cya Championa.
Wari umukino w’umunsi wa 23 wa Primus national league watangiye ku isaha ya saa 15h19’ kuri stade ya Kigali i Nyamirambo.
Ni umukino kandi wakurikiwe n’Abatoza bashya b’ikipe y ’igihugu y’u Rwanda Amavubi bakomoka mu gihugu cya Espagne, Ferrer Carlos Alós na Mugenzi we Clemente Jacintino, kuri ubu bamaze gutangira (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























