Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Akarere ka Musanze nka kamwe mu turere tugize Intara y’Amajyaruguru hakunzwe kuvugwa ikibazo kijyanye n’ibiyobyabwenge byugarije rubyiruko, akaba ari yo mpamvu hateguwe amarushanwa y’umupira w’amaguru kugira ngo hanyuzwemo ubutumwa bwigisha urubyiruko uko ibiyobyabwenge byangiriza ubuzima.
Ni amarushanwa yatangiye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Mata 2022, yateguwe n’ihuriro ry’urubyiryko rukora siporo muri aka karere.
Bamwe mu bitabiriye aya (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Gasogi United yihereranye Kiyovu Sports iyitsinda ibitego 2-0 bituma iyigabanyiriza amahirwe yo gutwara igikombe cya Championa.
Wari umukino w’umunsi wa 23 wa Primus national league watangiye ku isaha ya saa 15h19’ kuri stade ya Kigali i Nyamirambo.
Ni umukino kandi wakurikiwe n’Abatoza bashya b’ikipe y ’igihugu y’u Rwanda Amavubi bakomoka mu gihugu cya Espagne, Ferrer Carlos Alós na Mugenzi we Clemente Jacintino, kuri ubu bamaze gutangira (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Musanze fc iratungwa agatoki n’abana yabeshye ko bagiye gushyirwa mu makipe y’abakiri bato mu byiciro bibiri by’abatarengeje 17 na 20, ibirori bigakorwa n’imyitozo igatangira ariko bikaburirwa irengero. Benshi mu bakurikiranira hafi iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda babonamo ikinyoma cyo kubeshya Abanyarwanda.
Mu mwaka ushyize wa 2021 ikipe ya Musanze yamenyesheje abanyarwanda by’umwihariko abanya-Musanze ko yashyizeho amakipe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kiri uyu wa mbere tariki ya 4 Mata 2022 nibwo hatangiye imikino ibanza ya 1/8 mu gikombe cy’Amahoro, ku ikubitiro Musanze fc yari yakiriye Rayon Sports binganya ubusa ku busa mu gihe Kiyovu sports yatsinze Marine fc igitego 1-0.
Mu mukino wari utegerejwe n’abantu benshi wahuje ikipe ya Musanze FC na Rayon Sports kuri Stade Ubworoherane waje kugaragaramo ishyaka ryinshi ndetse watangiye Rayon sports isatira cyane izamu rya Musanze fc ariko ntibyagize (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko Carlos Alos Ferrer ariwe wahawe inshingano zo gutoza Amavubi ndetse bakaba bahise bamwerekana ku mugaragaro.
Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Espagne yahigitse abatoza icumi bari bifuje uyu mwanya.
Ku gucamusi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Werurwe 2022 nibwo Ferwa yatangaje ko yamaze kubona Umutoza mushya usimbuye Mashami Vincent muri kuri uyu mwanya nyuma yaho yasezerewe kubera (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2022 muri Kigali Arena habereye umukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona ya Basketball wahuje amakipe abiri akomeye, ariyo Patriots na REG BBC, aho byarangiye Patriots ikatishije itike yo kuzakina mu marushanwa nyafurika y’umukino wa Basketball "BAL 2022" izabera mu Rwanda.
Ni umukino Patriots yakinnye ntawuyiha amahirwe ariko byarangiye yigaranzuye REG BBC benshi bahaga amahirwe menshi yo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Werurwe 2022 kuri sade ya Kigali Nyamirambo Kiyovu sports yongereye amahirwe yo gutwara igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda, itsinda ibitego 2-0 Rayon Sport.
Rayon sports niyo yari yakiriye Kiyovu sports mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Primus national League, ni mu gihe kandi mu mukino ubanza Kiyovu sports nabwo yari yatsinze Rayon sports ibitego 2-0.
Kiyovu Sports yafunguye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Federasiyo y’umukino wa w’intoki, Volleyball mu Rwanda yaciwe amande ya Miliyoni 120 Frw kubera amanyanga yakozwe mu mikino y’igikombe cya Afurika FRVB cyabereye mu Rwanda.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Werurwe 2022 Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda yamenyeshejwe ko ryahanwe amezi atandatu idategura amarushanwa ndetse n’amande angana na Miliyoni 120Rwf bitewe n’uburiganya bwakozwe bwo gukinisha abakinnyi bakomoka muri Brazil badafite (…)
Ishyirahamwe nyarwanda ry’imikino mu mashuri (FRSS) rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye y’imyaka 5 n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru (FERWAFA). Ni amasezerano yo guteza imbere imikino mu mashuri hagamijwe kuzamura impano z’abana kuva bakiri bato.
Amasezerano yashyizweho umukono n’impande zombi i Kigali kuri uyu wa kane tariki 10 Werurwe 2022.
Nkuko byasobanuwe, ubu bufatanye buri mu rwego rwo kuzamura umupira w’amaguru guhera mu mashuri abanza n’ayisumbuye, imyaka 15 ukuyemo 3 (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Calude
Muri UEFA champions league ikipe ya Real Madrid yasezereye PSG ibifashijwemo na Karim Benzema wongeye kugaragaza ko agifite imbaraga n’ubuhanga bwo guconga ruhago.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 9 Werurwe 2022, mu mukino wa 1/8 wo kwishyura Real Madrid yatsinze Paris Saint-Germain ibitego 3-1 ku giteranyo cy’ibitego 3-2 Irushanwa rihuza amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’iburayi rikomeye kandi rikundwa n’abatari bake ku Isi.
Ni umukino (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























