Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda itangire Umuyobozi wa TV na Radio 1 akaba n’umuyobozi wa Gasogi, Kakooza Nkuriza Charles yavuzeko Rayon itazigera imutsinda, habe n’umwe mu mikino bazahura.
Ni nyuma yo gutsinda ikipe ya Sunrise fc mu mukino wa gicuti.
Bakina bya gicuti Ikipe ya Gasogi United yatsinze Sunrise fc igitego 1-0, umuyobozi wayo uzwi nka KNC yahise atanga ubutumwa bukomeye ku muryango wa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe ya Musanze fc nyuma yo kwiyubaka bakomeje gukina imikino ya gicuti bitegura shampiyona 2023-24 y’icyiciro izatangira tariki ya 18 Kanama 2023 aho yabimburiye kuri Marine fc maze bayitsindira mu rugo ibitego 3-2.
Ni umukino wabaye ku cy’umweru tariki ya 6 Kanama 2023 kuri sitade Umuganda aho Musanze fc yari yamanukanye abakinnyi bayo bose bashya yaguze kugira ngo ibasuzume irebe ko bazahatana muri shampiyona.
Amakipe yombi mu gice cya mbere (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yo gutandukana n’abakinnyi hafi ya bose bayigaragayemo umwaka ushyize w’imikino 2022-23 igasigarana barindwi gusa, ikipe ya Musanze imaze gusinyisha umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ya Gambia mu rwego rwo gukomeza kwiyubaka bundi bushya.
Umukinnyi ubimburiye abandi muri iyi kipe yitwa Modou Jobe bakunze twita "Modou Jobe", asanzwe ari umunyezamu w’ikipe y’igihugu ya Gambia, iherutse no kwitabira imikino y’igikombe cy’Afurika.
Ni nyuma y’Igihe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Binyuze muri Merdiano Foundation, Intumwa zivuye mu gihugu cya Argentina zikorera Ikigo cyitwa "Think Tank" zikomeje gusura ibigo bitandukanye byo mu Rwanda(institutions) hagamije kureba ibyo bazakorana nabyo mu mishinga itandukanye y’iterambere ry’ubukungu.
Nyuma yo gusura bimwe mu bigo byo mu Rwanda birimo, RDB, REG, Minicom, izi ntumwa kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Nyakanga 2023 zakomereje uruzinduko mu karere Musanze, mu kigo cy’Igihugu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yo kwegukana ibikombe by’Umurenge Kagame Cup 2023 mu mikino y’intoki, Basketball, Abakinnyi baserukiye akarere ka Musanze bageze mu mujyi waho saa 00h45’ batungurwa n’abaturage babiteguye ari benshi kugira ngo babashimire igikorwa cyiza bakoze.
Ibi byishimo babigezeho ubwo Abakobwa n’Abahungu baserukiye Akarere ka Musanze mu marushanwa y’Umurenge Kagame Cup yasorejwe i Huye begukanye ibikombe, aho Abahungu batsinze Gatsibo amanota 44 kuri 43 mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yaho abaturage bo mu karere ka Musanze bakomeje gutakamba basaba ubuyobozi bukuru bwa leta kububakira stade ijyanye n’icyerekezo kuri ubu batangiye kubyinira ku rukoma nubwo bataragira ikizere ijana ku ijana.
Ibi byatangajwe ubwo Minisiteri ya Siporo yari yitabye Komisiyo y’Abadepite ishinzwe Ingengo y’Imari n’umutungo w’Igihugu, mu nteko ishinga amategeko, hakorwa isesengura ry’ishyirwa mu bikorwa ry’ingengo y’imari ya 2022-2023 n’ibiteganywa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu ijoro ryakeye habaye umukino wa /12 muri championsleague aho ,ikipe ya Real Madrid yakiriye Manchester City i Santiago Bernabeu maze amakipe yombi ananirwa kwisobanura anganya igitego 1-1.
Ikipe ya Real Madrid yashinzwe mu 1902 ibarizwa muri Espagnendetse ifite ibikombe 14 bya Champions League, niyo yari yakiye uyu mukino wari ishyiraniro.
– Dore Abakinnyi 11 babanjemo ku ruhande rwa ba Real Madrid:
Mu izamu Courtois; Carvajal, Rüdiger, Alaba, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuna y’inkuru yasakaye ku gica musi cyo ku munsi wejo yo kwegura kwa Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, uyu munsi tariki ya 20 Mata 2023 habaye inkundura ikomeye aho n’abamwe mu bari bakomeye muri iyi Federasiyo bamaze kwegura nabo.
Nkuko barimo kubishyira mu baruwa barimo kuvuga ko beguye ku mpamvu zabo bwite nyamara muri ferwafa hamaze igihe harimo bombori bombori ahanini ishingiye ku bwumvikane (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abakinnyi b’Ikipe y’Akarere ka Rwamagana batitaye ku bibazo by’inzara bamaze iminsi bataka batsinze Inkuba zesa za Rutsiro.
Wari umukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo 2022-2023, wabereye kuri sitade Umuganda mu karereka Rubavu, aho ikipe ya Rutsiro fc itozwa na Okoko yari yakiriye Rwamagana fc ivugwamo ibibazo by’inzara bamaze amezi atatu badahembwa.
Ni umukino wahuje aya makipe yombi akurikiranye ku rutonde rwa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Isiganwa rya tourduRwanda rigeze aharyoshye nubwo Abanyarwanda bakomeje kutitwara neza.
Bageze ku gace ka kane aho Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energies ariwe wegukanye aka gace kavuye i Musanze berekeza i Karongi, ku ntera y’ibirometero 138.3 ndetse yahise yambara umwenda w’umuhondo uranga uyoboye isiganwa kugeza ubwo.
Ni irushanwa ryatangiye tariki ya 14 Gashyantare 2023, aho agace ka mbere katangiriye mu Mujyi wa Kigali-Rwamagana katwawe (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























