Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umutoza Ahmed Abdelrahman Adel yageze mu Rwanda aho agarutse gutoza ikipe ya Musanze FC ku nshuro yaje azanye n’umutoza uzaba amwungirije.
Musanze Fc yari imaze igihe kirekire idafite umutoza, ibintu utashidikanya ko bitagira ingaruka ku ikipe n’abakinnyi muri rusange.
Akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali, ahagana ku isaha ya saa cyenda z’urukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki 03 Gashyantare 2023, yavuze ko yishimira kuba agarutse gukorera mu rugo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe benshi bibazaga ibyavuye mu nama y’igitaraganya yatumijwe na FERWAFA mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira Ku wa Gatandatu tariki ya 21 Mutarama 2023, bimwe mu byemejwe ni ukuzamura ingengo y’imari igomba gukoreshwa muri 2023.
Muri iyi nteko rusange yari iteye benshi amatsiko kuko ubutumire bwasohotse benshi bamaze gusinzira, hememerejwemo ko ingengo y’imari y’asaga Miliyari 8 Frw izakoresha mu 2023 ndetse hakaba harimo azongerwa mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda yasubukurwaga kuri uyu wa gatanu, abafana ba Kiyovu Sports bibasiye umusifuzi Mukansanga Salma bamuvugiriza induru mu mvugo nyandagazi tutasubiramo uko bazikoresheje.
Hari mu mukino wahuje ikipe ya Kiyovu Sport na Gasogi United, wabereye kuri Sitade y’Akarere ka Bugesera, aho amakipe yombi yaguye miswi 0-0.
Mu isubukura ry’imikino yo kwishyura ikipe ya Gasogi United yari yakiriye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya mbere umunyabigwi mu gusiganwa ku igare Chris Froome w’imyaka 37 wavukiye mu gihugu cya Kenya ndetse akaba avuka ku babyeyi b’Abongereza, yemeje ko azitabira Tour du Rwanda ya 2023.
Uyu mukinnyi chris Froome niwe wa mbere watwaye Tour de France uzaba akinnye Tour du Rwanda kuva yatangira gukinwa.
Mu ijoro ryakeye nibwo uyu mukinnyi ukomeye yaraye yemeje ko azitabira tour du Rwanda ndetse yanavuze ko aribwo bwa mbere azaba akiniye muri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’igihugu ya Argentine iyobowe Kizigenza Lionelle Messi na yegukanye igikombe cy’Isi cya 2022 cyakiriwe na Qatar, ni nyuma yo gutsinda ikipey’Igihugu y’uBufaransa kuri penaliti 4-2.
Ni umukino wari ishiraniro wabereye Kuri Lusail Stadium yari yakubise yuzuye , aho Argentine yarimo itana mu mitwe n’ikipe y’Igihugu u Bufaransa yari irangajwe imbere na Kylian Mbappe Lottin watsinze (Hatrick’) ariko bikarangira abanya-Argentine batahanye ibyishimo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’igihugu y’u Bufaransa yakatishije itike ya 1/2 itsinze ikipe y’igihugu y’u Bwongereza mu mikino y’igikombe cy’isi gikomeje kubera mu kigobe cya Qatar.
Yabigeze nyuma y’umukino wa nyuma wa 1/4 wari ishiraniro wabahuje n’ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza wakinwe kuri uyu wa Gatandatu saa 21h00’ z’ijoro kuri Al Bayt stadium.
Ikipe y’u Bufaransa arinayo ifite igikombe cy’isi giheruka cya 2018 yatsinze u Bwongereza aho umukino watangiye bose (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’Igihugu ya Brésil yamaze yasezerewe mu mikino y’igikombe cy’Isi nyuma yo gutsindwa na Croatia kuri penaliti 4-2.
Ni umukino wa 1/4 cyirangiza wabaye kuri uyu wa Gatanu muri Quatar, tariki ya 9 Ukuboza 2022 aho amakipe yaje mu kibuga yakaniranye gusa byatumye umukino urangira banganyije ibitego 1-1.
Nyuma y’iminota 90’ y’umukino warangiye ari 0-0, byasabye ko hongerwaho indi minota 30 y’inyongera.
Abakinnyi b’amakipe yombi binjiye mu mukino (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya mbere ikipe ya Maroc imaze gusezerera iya Espagne kuri penaliti 3-0 nyuma Yuko umukino wari urangiye amakipe yombi anganya 0-0 mu mukino wa ⅛ cy’irangiza.
Ni umukino wabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki 6 Ukuboza 2022 aho abantu benshi batari biteze intsinzi ya Maroc ariko birangiye ari yo kipe ya mbere yo ku mugabane wa Afurika yanditse amateka itari yarigeze ikora kuva yabaho.
Ibihugu byombi by’ibikeba kuko bitandukanyijwe n’Inyanja ya (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza yatsinze Sénégal ibitego 3-0 , ikatisha itike ya ¼ cy’imikino y’Igikombe cy’Isi.
Ubwongereza bugomba kuzacakirana n’Ubufaransa nabwo bwasezereye Pologne buyitsinze ibitego 3-1. Tukwibutse ko Ubufaransa ari bwo buffite igikombe cy’Isi giheruka kubera mu Burusiya, 2018.
Wari umukino wa 1/8 wahuje u Bwongereza na Sénégal yari ishyigikiwe n’Abanyafurika benshi, aho bakoze ibishoboka byose ariko birangira isezerewe itarenze (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Imikino y’igikombe cy’isi ikomeje kubera mu kigobe cya Qatar, ikipe y’igihugu ya Portugal bigoranye yatsinze igihugu cya Ghana iri mu makipe yaserukiye umufabane wa Afurika.
Wari umukino wo mu itsinda H yatangiye gukinwa uyu munsi, aho benshi mu bakunzi ba Ruhago bari bategereje kizigenza Ronaldo mu mukino ubanza muri iri tsinda wabaye saa cyenda aho Uruguay yanganyije na South Korea.
Mu birori bya Ruhago byabereye kuri Stadium 974 saa 18h00’ Ikipe (…)
Ikipe ya APR ikomeje kwitegura gukina na Pyramids yagize icyo ivuga
27 September 2025, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























