Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)
Ikipe ya Real Madrid yaraye itsinze ikipe ya Levante ibitego 4-1 bituma igumana umwanya wa mbere, muri shampiyona ya Espanye.
Mu ijoro ryo kuwa Kabiri, tariki ya 23 Nzeri nibwo ikipe ya Real Madrid yari yakiwe na Levante kuri Estadi Ciutat de València, ku mukino wa wa gatandatu muri La Liga shampiyona ya Espanye, biza kurangira Real Madrid itsinze.
Uwitwa Vini Junior umunya Brazil niwe watangiye afungura amazamu, ku munota wa 28 ku mupira yahawe na kapiteni Valverde, nyuma y’iminota (…)
Ni umukino wabereye kuri stade ya KMC wahuzaga ikipe y’Ingabo y’Igihugu na KMC.
Mu mpera z’igice cya mbere ku mupira wazamukanywe na Byiringiro Gilbert Kagege Memel Dao umukinnyi mushya wa APR FC yarobye umuzamu, igice ya mbere gihita kinarangira.
Umukino waje gukomeza KMC igerageza kwishyura ariko biba iby’ubusa binarangira gutyo APR FC itahukanye intsinzi.
APR FC itahanye ibihumbi 10k$ ni mu gihe Singida yegukanye igikombe ihambwa 30k$, Al Hilal ikaba iya kabiri aho yabonye (…)
Ikipe ya Manchester United yaraye itsinzwe na mukeba wayo Manchester City ibitego 3-0, abakunzi ba Man United bakomeza kwibaza igihe ibibazo iyi kipe ifite bizararangira. Mu mukino waraye ubaye kuri iki cyumweru, ikipe ya Man City yari yakiriye ikipe Man United iyitsinda ibitego 3-0, ni ibitego by’umwongereza Foden, ndetse n’umunya Scotland Haaland watsinze ibitego 2. Nyuma y’umukino abafana ba Man United bongeye kugaragara bagaragaza ko batishimiye ibyo umutoza ari kubakorera. Umutoza (…)
Ikipe ya Rayon Sports ntiratsindwa umukino ufungura shampiyona mu myaka 12 ishize igiye kwakirwa na Kiyovu Sports.
Tariki ya 22 Nzeri muri 2012 nibwo ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe n’Amagaju ibitego 2-1, mu mukino ufungura shampiyona y’umwaka wa 2012-2013.
Imyaka 12 irashize iyi kipe idatakaza umukino ufungura, haribazwa niba Kiyovu iraza gukoraho aka gahigo.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Nzeri, kuri stade ya Kigali Pele nibwo ikipe ya Kiyovu Sports iraza kwakira Rayon Sports (…)
Umukino wabaye kuri uyu wa Gatanu, ku isaha y’isaa cyenda kuri stade ya Kigali Pele, wari wahuje ikipe ya Gorilla na As Muhanga, warangiye Gorilla itsinze AS Muhanga ibitego 2-0.
Ikipe ya Gorilla yatsindiwe na NDUWIMANA Frank ku munota wa 67, naho Mudeyi Mussa ku munota wa 84 aterekamo agashinguracyumu, umukino kurangira gutyo, ikipe yo mu Majyepfo itakaje umukino wa mbere.
Imikino y’indi y’uminsi wa mbere muri shampiyona y’u Rwanda irakomeza ku munsi wejo no ku Cyumweru.
Kuwa (…)
Kuri uyu wa Gatanu nibwo shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League mu mwaka wa 2025-2026 iraza gutangira aho ikipe ya Gorilla FC yo mujyi wa Kigali iraza gucakirana na AS Muhanga yo mu karere ka Muhanga.
Dore uko amakipe y’andi azakina muri izi mpera z’icyumweru kuwa Gatandatu no ku Cyumweru.
Kuwa Gatandatu tariki ya 13 Nzeri;
15:00 Etincelles FC vs Gasogi
15:00 Bugesera FC vs Gicumbi
15:00 Mukura vs Musanze
15:00 Police FC vs Rutsiro FC
18:30 Kiyovu Sports vs Rayon Sports (…)
Kuri uyu wa Gatanu nibwo shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League mu mwaka wa 2025-2026 iraza gutangira aho ikipe ya Gorilla FC yo mujyi wa Kigali iraza gucakirana na AS Muhanga yo mu karere ka Muhanga.
Dore uko amakipe y’andi azakina muri izi mpera z’icyumweru kuwa Gatandatu no ku Cyumweru.
Kuwa Gatandatu tariki ya 13 Nzeri;
15:00 Etincelles FC vs Gasogi
15:00 Bugesera FC vs Gicumbi
15:00 Mukura vs Musanze
15:00 Police FC vs Rutsiro FC
18:30 Kiyovu Sports vs Rayon Sports (…)
Mu Rwanda abakinnyi batarengeje imyaka 17 bahamagawe kwitabira umwiherero wa mbere wo kwitegura imikino ya CECAFA izaba mu Ugushyingo 2025.
Ni mu gihe kandi Amavubi makuru yatangiye umwiherero yitegura imikino y’umunsi wa karindwi n’uwa munani mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, azahuramo na Nigeria na Zimbabwe.
Ikipe ya APR FC iri muri Tanzania ndetse yaraye inakoze imyitozo yoroheje, aho yitabiye irushanwa rya CECAFA KAGAME CUP rigomba gutangira kuri uyu wa Kabiri. (…)
Ikipe ya Liverpool yatsinze Newcastle ibitego 3-2 mu mukino wabaye kuri uyu wa Mbere, bituma yongera kujya mu makipe atatu ataratsindwaho umukino n’umwe muri ibiri imaze kuba muri Shampiyona y’igihugu y’Ubwongereza ya 2025-2026. Umukino wari watangiye saa tatu z’ijoro kuri stade ya Newcastle yitwa St James’ Park, ikipe ya Liverpool niyo yatangiye yinjira mu mukino aho ku munota wa 35’ Gravenberch yafungiye amazamu ku mupira yarahawe na Gakpo. Mu minota yinyongera mu gice cya mbere ku (…)
Ikipe ya APR FC yari yakiriye Power Dynamos kuri stade Amahoro kuri uyu wa 17 Kanama 2025, ubona ko abafana bayo bafite amatsiko yo kuyireba bakina n’ikipe ikomeye. Ni umukino watangiye ikipe irushwa hagati mu kibuga n’ikipe ya Power Dynamos, ariko nubwo byari bimeze gutyo ikipe y’Ingabo yanyuzagamo igasatira nubwo igice cya mbere cyaje kurangira ntakipe irebye mu izamu, kuko igice cya mbere cyarangiye amakipe yose anganyije 0:0. Ntibyatinze kuko ku munota wa 48 uwitwa Djibril Outarra (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























