Amatara ya Boston Stadium araka kuri uyu wa Kane, tariki ya 9 Nyakanga 2026, arerekeza ku mukino umwe rukumbi uri bube ku ngengabihe y’Igikombe cy’Isi. Ikipe y’igihugu y’u Bufaransa (France) iracakirana na Morocco mu mukino wa 1/4 cy’irangiza utangira saa 22:00 z’ijoro ku isaha ya Kigali, aho ikipe itsinda irahita ibona itike ya 1/2 cy’irangiza.
Uyu mukino ugarutse mu mitima y’abakunzi ba ruhago nyuma y’isubiranamo ryabaye mu Gikombe cy’Isi cya 2022, ubwo France yasezereraga Morocco muri (…)
Kuri uyu wa Gatanu nibwo shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League mu mwaka wa 2025-2026 iraza gutangira aho ikipe ya Gorilla FC yo mujyi wa Kigali iraza gucakirana na AS Muhanga yo mu karere ka Muhanga.
Dore uko amakipe y’andi azakina muri izi mpera z’icyumweru kuwa Gatandatu no ku Cyumweru.
Kuwa Gatandatu tariki ya 13 Nzeri;
15:00 Etincelles FC vs Gasogi
15:00 Bugesera FC vs Gicumbi
15:00 Mukura vs Musanze
15:00 Police FC vs Rutsiro FC
18:30 Kiyovu Sports vs Rayon Sports (…)
Kuri uyu wa Gatanu nibwo shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League mu mwaka wa 2025-2026 iraza gutangira aho ikipe ya Gorilla FC yo mujyi wa Kigali iraza gucakirana na AS Muhanga yo mu karere ka Muhanga.
Dore uko amakipe y’andi azakina muri izi mpera z’icyumweru kuwa Gatandatu no ku Cyumweru.
Kuwa Gatandatu tariki ya 13 Nzeri;
15:00 Etincelles FC vs Gasogi
15:00 Bugesera FC vs Gicumbi
15:00 Mukura vs Musanze
15:00 Police FC vs Rutsiro FC
18:30 Kiyovu Sports vs Rayon Sports (…)
Mu Rwanda abakinnyi batarengeje imyaka 17 bahamagawe kwitabira umwiherero wa mbere wo kwitegura imikino ya CECAFA izaba mu Ugushyingo 2025.
Ni mu gihe kandi Amavubi makuru yatangiye umwiherero yitegura imikino y’umunsi wa karindwi n’uwa munani mu yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, azahuramo na Nigeria na Zimbabwe.
Ikipe ya APR FC iri muri Tanzania ndetse yaraye inakoze imyitozo yoroheje, aho yitabiye irushanwa rya CECAFA KAGAME CUP rigomba gutangira kuri uyu wa Kabiri. (…)
Ikipe ya Liverpool yatsinze Newcastle ibitego 3-2 mu mukino wabaye kuri uyu wa Mbere, bituma yongera kujya mu makipe atatu ataratsindwaho umukino n’umwe muri ibiri imaze kuba muri Shampiyona y’igihugu y’Ubwongereza ya 2025-2026. Umukino wari watangiye saa tatu z’ijoro kuri stade ya Newcastle yitwa St James’ Park, ikipe ya Liverpool niyo yatangiye yinjira mu mukino aho ku munota wa 35’ Gravenberch yafungiye amazamu ku mupira yarahawe na Gakpo. Mu minota yinyongera mu gice cya mbere ku (…)
Ikipe ya APR FC yari yakiriye Power Dynamos kuri stade Amahoro kuri uyu wa 17 Kanama 2025, ubona ko abafana bayo bafite amatsiko yo kuyireba bakina n’ikipe ikomeye. Ni umukino watangiye ikipe irushwa hagati mu kibuga n’ikipe ya Power Dynamos, ariko nubwo byari bimeze gutyo ikipe y’Ingabo yanyuzagamo igasatira nubwo igice cya mbere cyaje kurangira ntakipe irebye mu izamu, kuko igice cya mbere cyarangiye amakipe yose anganyije 0:0. Ntibyatinze kuko ku munota wa 48 uwitwa Djibril Outarra (…)
Nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu abantu benshi mu byiciro byose bari bagiye guherekeza Diogo Jota n’umuvandimwe we Andre Silva bitabye Imana, Liverpool yahise isezeranya umuryango wa Jota ko abana batatu asize bazishyurirwa amashuri yose baziga. Iyi kipe kandi yemerera umugore wa Jota ko amasezerano umugabo we yarasigaje mur’iyi kipe angana n’imyaka 2 imishahara iizakomeza gutangwa, n’ibindi byose byari bikubiye mu masezerano mu buryo bwo guha agaciro uyu munya mukinnyi.
Mu muhango wo guherekeza Diogo Jota n’umuvandimwe we Andre, umunyabigwi Cristiano Ronaldo yasabwe n’abakinnyi ndetse n’abo mu muryango wa nyakwigendera ko ataza mu muhango wo guherekeza Diogo Jota. Iyo Cristiano aramuka aje byashoboraga kubangamira umuhango, kuko abantu bakwibagirwa ko ari umwanya wo kwitonda no gukurikiza amabwiriza bikaba byateza akavuyo kubera abafana ba Ronaldo, ndetse yewe abari hafi y’umuryango wa Jota ibi ntibabisabye Cristiano wenyine, ahubwo ngo na Messi (…)
Ibitangazamakuru byo muri Porutugali byatangaje ko umukinnyi Diogo Jota yapfuye nyuma y’impanuka y’imodoka yabereye muri Espagne .
Bivugwa ko Jota yari yagiye mu modoka ari kumwe na murumuna we Andre bose bakaba bahitanywe niyo mpanuka. Ibi byabereye kuri A-52 mu ntara ya Zamora. Inzego zishinzwe ubutabazi mu karere ka Castilla na Leon zemeje impanuka. Uyu Jota yari amaze ibyumweru bibiri gusa akoze ubukwe yari ari mu biruhuko muri Spain.
Iranzi Shema Bonheur
Nyuma yaho Tuyishimire Placide bakunda kwita Trump wari Perezida w’Ikipe ya Musanze fc yeguye kuri izi nshingano ndetse nabo bari bafatanyije kuyiyobora barimo Rwamuhizi Innocent bakunda kwita Mourinho na Rwabukamba JMV bakunda Rukara iyi kipe yamaze kubona abayobozi bashya. Nsengiyumva Richard ukora ibijyanye na Businesi zijyanye no gucuruza Mobile Money mu ntara Y’Amajyaruguru ndetse akaba n’umuhungu wa Nyiri Virunga Company itwara abantu n’ibintu mu gihugu niwe watorewe kuba Perezida (…)
HABINEZA Fils Francois wakiniye Etoile de l’Est agiye kujya mu ikipe ikomeye ishobora kumugura amafaranga asaga miliyoni 72 z’amanyarwnda.
Habineza Fils Francois ufite agahigo ko guhamagarwa mu ikipe y’igihugu avuye mu cyiciro cya kabiri ubwo yari muri Etoile de l’Est yo mu Burasirazuba, ari nayo kipe yigaragarijemo cyane mbere yo kuyivamo akerekeza muri Bugesera FC yaje kuzamuriramo urwego, ubu hari hariho amakuru amwerekeza mu ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC no muri Police, ariko ubu (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















