Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)
Inama yabaye kuri uyu wa Kabiri, yahuje ubuyobozi bw’ikipe ya Etincelles FC hamwe n’abahagarariye abafana b’iyi kipe yafatiwemo imyanzuro irimo guhagarika abafana bagera kuri 3 mu gihe cy’amezi 6.
Ni nyuma yaho abo bashinjwe imyitwarire mibi n’ubuyobozi bw’iyi kipe bugendeye ku buryo bitwaye batabaza Perezida Kagame ku mukino wahuje iyi kioe n’iya APR.
Ni umukino wabaye ku itariki 02/02/2024, kuri Kigali Pele Stadium, umukino waje kurangira APR FC itsinze Etincelles FC igitego 1-0. Nyuma (…)
Nyuma yuko Umuryango wa Rayon Sports witandukanyije n’imyitwarire ya Hertier Nzinga Luvumbu wagaragaye mu bikorwa bya Politiki Kandi ari umukinnyi, Impuzamashyirahamwe ya Siporo mu Rwanda FERWAFA yahagaritse uyu mukinnyi Igihe kirenze icyo yari asigaje muri iyi kipe.
Ni icyemezo FERWAFA ifashe nyuma y’igitutu kitoroshye cy’Abanyarwanda banze imyitwarire ya Luvumbu bamwe bakundiraga gutsindira Rayon Sports ibitego byiza.
Ku munsi w’ejo, tariki ya 12 nibwo Umuryango wa Rayon Sports nawo (…)
Nyuma yaho ikipe ya Musanze fc isezerewe mu mikino y’igikombe cy’Amahoro (Peace cup) benshi mu bakurikiranira hafi iyi kipe yo mu majyaruguru barakemanga ubushobozi bw’abakinnyi bashya ngo bashobora baraguzwe akayabo ka za Miliyoni kandi ntamusaruro barimo kubabonamo.
Abakunzi n’abafana ba Musanze fc babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo nyuma y’umukino wabahuje na Vision fc ikina mu cyiciro cya kabiri, aho bari bamaze kuyitsinda ibitego 3-1, bitagize icyo bimarira iyi kipe (…)
Amakipe ahagarariye imirenge ya Gisenyi mu bagabo hamwe na Nyamyumba mu bagore nizo zegukanye ibikombe, mu irushanwa Umurenge Kagame Cup.
Umurenge wa Gisenyi wabigezeho nyuma yo gutsinda uwa Nyakiliba ibitego bibiri kuri kimwe (2-1), naho uwa Nyamyumba ugitwara utsinze uwa Nyakiliba ibitego bitatu ku busa (3-0).
Gusa nubwo Nyamyumba yagitwaye, ntibyavuzwe ho rumwe, ngo kuko, umurenge wa Nyakiliba ushobora kuba warega uwa Nyamyumba, ngo kuko wakinishishe umukinnyi utari wemerewe gukina (…)
Ikipe y’Igihugu y’Abagabo n’iy’Abagabo muri sitting Volleyball (mu bafite ubumuga) bahagurutse i Kigali berekeza i Cairo mu Misiri ahazabera imikino y’igikombe cy’Isi.
Bahagurutse kuri uyu wa Kane tariki 2 Ugushyingo 2023, mbere yo kwakirwa na Minisiteri ya Siporo aho bashyikirijwe Ibendera ry’u Rwanda ndetse basabwe kuzaserukira Igihugu neza.
Minisitiri wa Siporo Madamu Aurore Mimosa Munyangaju, yasabye abakinnyi kuzitwara neza ngo bagakora nkuko ubuherutse bavuye ku mwanya wa 11 (…)
Nyuma yo gutandukana n’umutoza Muhire Hassan wirukanwe kubera umusaruro muke, kipe ya Sunrise FC imaze kubona umutoza mushya Jackson Mayanja ukomoka mu gihugu cya Uganda.
Muhire Hassan yatandukanye na SunriseFC tariki ya 23 Ukwakira 2023 kubera umusaruro hafi ya ntawo, aho byavugwagwa ko agomba gusimburwa na Seninga Innocent ariko birangiye ihawe umugande watoje amakipe akomeye muri iki gihugu guturanye n’u Rwanda.
Mayanja w’imyaka 54 amaze iminsi mu Rwanda akurikirana Sunrise FC (…)
Ikipe ya Musanze FC yisubije umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Rayon Sports igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Peter Agbelov ku munota wa 51’.
Ni umukino w’umunsi wa 7 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino 2023-24 wabye kuri iki cyumweru tariki ya 15 Ukwakira , aho iyi kipe ibarizwa mu ntara y’’Amajyaruguru yisasiye Rayon Sports ubugira kabiri kuri iki kibuga cya Stade Ubworoherane kubera ko n’umwaka ushyize Rayon Sports yahatsindiwe ibitego 2-0 .
Uyu (…)
Chairman wa APR FC , Lt Col Richard Karasira, uherutse gusimbura Gen.Mubarak Muganga yakomoje ku kibazo cy’abakozi batatu ba APR FC bafunze, nubwo ateruye ngo atange amakuru arambuye, gusa asobanura ko bifitanye isano n’ijambo rya Perezida wa Repubulika.
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa gatatu tariki 13 Nzeri 2023 yabajijwe n’abanyamakuru ibirimo ikijyanye n’abakozi ba APR FC bafunze n’icyo bafungiye aruma asa n’uhuha.
Inkuru yabaye kimomo mu kwezi kwa Gicurasi 2023 ko (…)
Ikipe ya Musanze FC yatsinze Sunrise FC ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa gatatu wa Shampiyona y’u Rwanda, Muhire Hassan utoza sunrise fc ati"UMUPIRA NIKO UMERA NDASABA ABAFANA KWIHANGANA." Mu gihe mugenzi we Habimana Sosthene bakunze kwita Lumumba akomeje kuvuna umuheha akongezwa undi.
Musanze FC niyo yafunguye izamu ku munota wa 3’ igitego cyatsinzwe Muhammad Sulley kuri pase nziza yari iturutse kuri Peter Aglebevor, iyi kipe yo mu ntara y’Amajyaruguru yakomeje guhusha ibindi bitego (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo berekaga abafana n’abakunzi ba Musanze fc abakinnyi baguzwe umuyobozi w’iyi kipe Bwana Tuyishimire Placide bakunze kwita "Trump" yatunze agatoki abanyamakuru bakunze kwereka ubuyobozi bwe ibitagenda neza, avuga ko baza bahobagira bashaka kuyangisha abaturage.
Aya magambo asa n’ayangisha abafana itangazamakuru ryitanga rikabagezaho amakuru y’amakipe yabo yayatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Kanama 2023 ubwo bari mu gikorwa cyo kwereka (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























