Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)
Bamwe mu bakunzi ba Musanze fc n’abandi baba iyi kipe hafi barifuza ko hakorwa ubugenzuzi bwimbitse hakamenyekana imikoreshereze ya Miliyoni 300 ahabwa iyi kipe buri mwaka uburyo akoreshwa. Abaganiriye na Mamaurwagasabo Tv bavuze ko kuba iyi kipe yabo igiye kumanuka mu cyiciro cya kabiri yabayemo igisa nakagambane ndetse no kuba barusahurira mu nduru kuri bamwe mu bakozi b’iyi kipe.
Umwe ati”Yewe ikipe yacu yaragambaniwe ibaze umubare w’abanyamahanga dufite mu ikipe badafite icyo (…)
Ikipe ya APR FC yaraye yirukanye umutoza wayo DARCO Novic ndetse n’abungiriza be. Ni nyuma y’ibiganiro hagati y’impande zombi. DARCO Novic kuva ageze muri APR FC yayihaye igikombe cy’Amahoro, ndetse ayisize ku mwanya wa Kabiri muri shampiyona, aho ikurikira mukeba wayo Rayon Sports.
Harabura imikino itatu shampiyona ngo irangire, iyi kipe ya APR FC igiye kuba iri gutozwa na Ndoli Mugisha, Ngabo Albert na Didier Bizimana. Ikipe y’igihugu SHE Amavubi y’abatarengeje imyaka 20, uyu munsi (…)
Amakuru y’imikino agezweho kuri uyu wa kabiri turagaruka ku ngingo nyinshi zitandukanye, mu Rwanda ndetse no ku mugabane w’u bulayi. Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda yari yakomeje hasozwa imikino y’umunsi wa 27, kuri Kigali Pele Stadium ikipe ya Gorilla Football Club yatsinze Etincelles ibitego 2-1, iyi ntsinzi ya Gorilla yahise iyifasha kugera ku mwanya wa gatanu. Kuri ubu Urutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda ruyobowe na Rayon Sports nyuma yo gutsinda ikipe ya Police FC igitego (…)
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Brazil yemeje ko guhera mu mpera z’ukwezi kwa Gicurasi, umutaliyani Carlo Ancelotti azatangira kuba umutoza w’ikipe y’igihugu ya Brazil izwi nka Celecao. Carlo Ancelotti w’imyaka 65 y’amavuko azatangira inshingano ze nk’umutoza mukuru wa Brazil tariki 26 Gicurasi nyuma y’isozwa rya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne izwi nka La Liga. Ancelotti avuye mw’ikipe ya Real Madrid afatwa nk’umwe mu batoza bakoze amateka muri iyo kipe yambara (…)
Shampiyona y’u Rwanda yaraye ikomeje ku munsi wayo 26, ubwo hakinwaga imikino y’ibirarane, iyi mikino yagombaga kuba muri weekend ishize, ariko murabizi ko hari harimo imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Amahoro haba mu bagore no mu bagabo, APR FC yatsinze Rayon 2-0 iracyegukana, naho indahangarwa zitsinda Rayon y’Abagore ibitego 4-2.
Gasogi yatsinze Mukura igitego 1-0, ni igitego cyatsinzwe na Ndikumana.
Police FC yatsinze Amagaju ibitego 2-0 iyasanze iwabo, ni ibitego bya Mugisha na Msanga (…)
Umuyobozi w’uruganda rufite icyicaro gikuru mu Buholandi rwita “Masita” yavuze ko hari abamamyi babonye umwimerere w’imyambaro bakora bagatangira nabo kuyipirata ndetse yasabye urwego rw’ubugenzacyaha RIB gukurikirana iki kibazo mu buryo bukomeye.
Ikipe ya Etincelles yaraye itsinze Musanze FC ibitego 3-0, mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere wabereye kuri stade Umuganda mu Karere ka Rubavu. ikipe ya Etincelles yahise ifata umwanya wa 8 n’amanota 32, naho Musanze FC yo iri ku mwanya wa 10 n’amanota 30. Iyi kipe ya Etincelles Iherutse guhagarika umutoza wayo Seninga Innocent imushinza ubusinzi.
Kiyovu yaraye inganyije na Muhazi United ibitego 2-2, Kiyovu imaze gufata umwanya wa 9 n’amanota 31, ivuye ku wa 16 mu gihe cy’amze (…)
Imikino ya 1/2 yo kwishyura mu Gikombe cy’Amahoro iraza kuba uyu munsi muri stade Amahoro, Saa 16h00:APR FC irakira Police FC, Saa 19h30:Rayon Sports FC irakire Mukura VS Aya makipe arakira araza kugabana amafaranga yose arinjira kuri iyi mikino.
Iminota ibanza yose amakipe yose yari yanganyije igitego 1-1, haba APR FC na Police, ndetse na Rayon na MUKURA.
Kwinjira byari ibihumbi 3000, ahasanzwe hasi no hejuru, VIP 30,000, VVIP 50,000, Executive Seats 100,000, ariko kuri uyu munsi wa (…)
Imikino ya 1/2 yo kwishyura mu Gikombe cy’Amahoro izaba ku munsi wejo izabera muri stade Amahoro, Saa 16h00:APR FC izakira Police FC, Saa 19h30:Rayon Sports FC izakire Mukura VS Aya makipe azakira azagabana amafaranga yose azinjira kuri iyi mikino.
Kwinjira ni 3000, ahasanzwe hasi no hejuru, VIP 30,000, VVIP 50,000, Executive Seats 100,000, ku munsi wa match ahasanzwe ni 5000, VIP ni 50,000 na VVIP 100,000 naho Executive ni 150,000.
Ikipe ya Rayon Sports iri mu mwiherero i Runda mu (…)
Ikipe ya Rayon Sports yaraye inganyije na MUKURA VS igitego 1-1, mu mukino 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro.
Rayon yatsindiwe na Biramahire Abeddy naho Mukura yishyuriwe na Boateng Mensah.
Umukino wo kwishyura uzabera i Kigali tariki 30 Mata kuri stade ya Kigali Pele, saa kumi n’ebyiri n’igice, (18h30’), ni mu gihe APR FC yanganyije na Police igitego 1-1, mu mikino ubanza nazo zizacakirana ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata kuri Pele saa cyenda.
Mugiraneza Jean Bapiste ’Migi’, wari wungirije (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















