Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Inama y'abaminisitiri yemeje ifungurwa ry'abarenga 1800

Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye iyobowe na perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje ko abantu 1874 bari bafunzwe bazafungurwa by’agateganyo.
Mu itangazo ry’ibyemezo by’iyi nama,rigaragaza imyanzuro y’iyo nama, havugwamo ko hashyizweho iteka rya Minisitiri riteganya ifungurwa ry’agateganyo ry’abantu 1874 bari barakatiwe n’inkiko.
Gusa kugeza ubu, ntiharashyirwa ahagaragara urutonde rw’abazarekurwa kandi n’impamvu z’iki cyemezo ntizatangajwe.
Iki cyemezo kije mu gihe Leta y’u (…)

RIB yataye muri yombi Emelyne uvugwa mu mashusho y'urukozasoni
RIB yataye muri yombi Emelyne uvugwa mu mashusho y’urukozasoni

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu 9 barimo ‘Kwizera Emelyne’ wamenyekaniye ku ‘Ishanga’, bazira gusakaza amashusho bagaragayemo bakora imibonano mpuzabitsina.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Mutarama 2025, Umuvugizi wa RIB Dr Murangira B. Thierry, yatangaje ko iryo tsinda rigizwe n’abantu 9 barimo abakobwa batandatu n’abahungu batatu bari barihurije mu itsinda ku rubuga rwa WhatsApp ryitwa ‘Rich Gang’, bafashwe ku wa 17 Mutarama 2025. Itabwa (…)

424 Shares 4 Comments
Urukiko rwangiye Karasira igihe cyo kwitegura kwiregura
Urukiko rwangiye Karasira igihe cyo kwitegura kwiregura

Urugereko rw’urukiko rukuru rukorera wa Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwateye utwatsi icyifuzo cya Aimable Karasira Uzaramba n’abamwunganira mu mategeko cyo guhabwa igihe cyo gutegura kwiregura ku byaha akurikiranyweho.
Abunganira Karasira bavugaga ko bamaze igihe gito cyane bemeranyijwe nawe gutangira kumwunganira, bongeraho ko batoroherezwa n’igororero Karasira afungiyemo ngo bashobore kubonana mu buryo bukwiye bwo gutegura urubanza rwe.
Mu minsi ishize abunganiraga Karasira bari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusizi: Yasanzwe yapfuye hakekwa uwo yatanzeho amakuru kuri Jenoside
Rusizi: Yasanzwe yapfuye hakekwa uwo yatanzeho amakuru kuri Jenoside

Mu karere ka Rusizi habyukiye inkuru y’urupfu rw’umusaza w’imyaka 68 wasanzwe hafi y’urugo rwe yapfuye, hakekwa ko yaba yishwe n’abantu yatanzeho amakuru ku ruhare bagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 bagafungwa, bakaba bararangije ibihano bagafungurwa.
Byabereye mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Kabageni Umurenge wa Nyakarenzo ku wa 9 Mutarama 2025.
Bivugwa ko nyakwigendera yishwe n’abantu bamutegeye mu nzira, umurambo barawukurubana bawurambika hafi y’urugo rwe.
Jenoside (…)

424 Shares 4 Comments
RIB yataye muri yombi umuganga ukekwaho gusambanya umukizo ushinzwe isuku
RIB yataye muri yombi umuganga ukekwaho gusambanya umukizo ushinzwe isuku

Urwego rw’ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umuforomo ukekwaho gusambanya umukozi wo kwa muganga.
Ni umuforomo w’imyaka 39 ukorera mu Kigo Nderabuzima cya Ruheru, giherereye mu Karere ka Nyamasheke, RIB yanditse ko rubuga rwayo rwa X ko akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umukozi w’isuku w’imyaka 25.
Amakuru y’ibanze yagaragaje ko uyu muforomo yasambanyije umukozi ushinzwe isuku ubwo bombi bari basoje akazi mu masaha y’ijoro.
Amakuru dukesha IGIHE avuga ko iki (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyamasheke: Umusirikare yarashe abaturage batanu arabica
Nyamasheke: Umusirikare yarashe abaturage batanu arabica

Umusirikare wo ngabo z’u Rwanda (RDF) mu ijoro ryacyeye yarasiye mu kabari abantu batanu bo mu karere ka Nyamasheke arabica.
Byabereye mu isantere y’ubucuruzi ya Rubyiruko iherereye mu mudugudu wa Kageyo, akagari ka Rushyarara ho mu murenge wa Karambi, mu ma saa saba z’ijoro.
Byemejwe n’itangazo rya RDF, ryasohotse ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 13 Ugushyingo 2024, ryagaragaje akababaro uru rwego rwatewe n’ibyakozwe n’umusirikare warwo, Sgt Munani Gervais w’imyaka 39. (…)

424 Shares 4 Comments
RIB yasanze garama 298 z'urumogi muri Fatakumavuta
RIB yasanze garama 298 z’urumogi muri Fatakumavuta

Urwego rw’Igihugu rw’Ubygenzacyaha RIB rwatangaje ko kuva rwata muri yombi Sengabo Jean Bosco, AKA Fatakumavuta, rwamupimye rusanga mu maraso ye harimo urumogi ku magarama 298.
Byatangajwe n’Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB Dr Murangira B. Thierry yagiranye na RBA ku mikoreshereze y’imbuga nkoranyambagaya.
Dr. Murangira yihanangirizaga abazikoresha nabi anatangaza ko zagiye zikorerwaho ibyaha bitandukanye harimo no kuba abantu bazikoresha nk’intwaro yo kwihimura kuri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Uwasambanijwe afite imyaka 17 ntabone ubutabera ubuzima bwe n'uwo atwite buri mu kaga
Burera: Uwasambanijwe afite imyaka 17 ntabone ubutabera ubuzima bwe n’uwo atwite buri mu kaga

Mu karere ka Burera, Umurenge wa Rugarama, mu kagari ka Gafumba, hari umwana duhaye izina rya "Keza" uvuga ko yasambanijwe afite imyaka 17 aterwa inda none ubu inda igize amezi 7 nta butabera arabona, byongeye ataramenya uko ubuzima bwe n’umwana buhagaze.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw yageraga mu mudugudu uyu mukobwa atuyemo yasanze uyu mwana w’umukobwa yicaye muri santere hafi n’aho atuye afite agahinda, abajijwe ikibazo atangira kuganyira umunyamakuru ko aterwa ipfunywe no kuba (…)

424 Shares 4 Comments
Umuyobozi wa Sonarwa arakekwaho miliyoni 117
Umuyobozi wa Sonarwa arakekwaho miliyoni 117

Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’Ubwishingizi ya Sonarwa General Insurance, Rees Kinyangi Lulu
ari mu maboko y’Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, akekwaho kunyereza amafaranga asaga miliyoni 117.
Kinyangi Lulu yatawe muri yombi tariki 2 Ukwakira 2024. Amafaranga ashinjwa kunyereza akaba afitanye isano na Hotel Nobilis isanzwe ari iya Sonarwa.
Rees Kinyangi yatawe muri yombi hamwe na Aisha Uwamahoro wari usanzwe ari umucungamutungo w’iyi hoteli.
Itabwa muri yombi ry’aba babiri ryemejwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusizi: Mudugudu yatewe n'uwitwaje ishoka
Rusizi: Mudugudu yatewe n’uwitwaje ishoka

Umugabo witwa Hafashimana Wellars w’imyaka 40, yateye ku rugo rw’Umukuru w’Umudugudu wa Rebero, mu kagari ka Mpinga, Umurenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi, amenagura urugo rw’inzu n’ishoka atabwa muri yombi.
Imvaho Nshya yanditse ko intandaro ikaba ari uko Umukuru w’Umudugudu wa Rebero, Subwigano Daniel abuza Hafashimana gukura mu ishuri umwana we w’umuhungu ngo amufashe guhinga, kuko atarya adakora ndetse ngo kuko ngo kwiga ntacyo baba bakora kandi ntibarya badakora.
Uwo mugabo (…)

424 Shares 4 Comments
Rwamagana: Haravugwa abacuruzi bafungiwe amaduko kubera Ejo Heza
Rwamagana: Haravugwa abacuruzi bafungiwe amaduko kubera Ejo Heza

Mu karere ka Rwamagana haaravugwa abacuruzi bavuga ko bari kwishyuzwa amafaranga y’ubwizigame bwa ‘ Ejo Heza’ y’umwaka wose, mu gihe batarayishyura amaduka yabo akaba afunzwe.
Abataka icyo kibazo ni abacuruzi bo mu Murenge wa Muyumbu, bacururiza muri santere y’Akagari ka Bujyujyu.
Aba bavuganye na Radio/TV1 ,bavuze ko bwa mbere babanje kwishyuza amafaranga y’isuku n’umutekano, nyuma baza no kwishyuzwa na Ejo Heza y’umwaka wose.
Umwe ati “ Twarabyutse dusanga ibyapa ku muryango , twanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru