Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Uwari Meya w’akarere ka Huye Muzuka Eugene yeguye kumirimo ye

Thursday 31 May 2018
    Yasomwe na

Uwari Mayor w’akarere ka Huye Muzuka Eugene na Mutwarasibo Cyprien wari umwungirije ushinzwe ubukungu ndetse na Niwemugeni Christine wari ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage batakarijwe icyizere na Njyanama bakurwa kuri iyi myanya.

Perezida wa Njyanama y’akarere ka Huye Dr Jean Chrisostome Ngabitsinze Yabwiye Makuruki.rw ko Nyobozi y’aka karere yabatakarije icyizere kuko itarabashije gushyira mu bikorwa inama yagirwaga na Njyanama.

Yakomeje avuga ko bagiye kujyana imyanzuro mu ntara Guverineri akaba ariwe uzatangaza ikigomba gukorwa ariko akarere ntigakomeze kubera aho nta muyobozi.

Iyi Komite yeguye nyuma y’umunsi umwe Nyobozi y’akarere ka Nyagatare keguye bikaba bibaye nk’ibidasanzwe kuko mu kwezi kumwe gusa uturere twa Gicumbi, Huye, Rusizi, Bugesera, Nyagatare na Nyabihu twabuze abari abayobozi batwo.

Utu turere twakurikiye utwa Rubavu na Rubavu natwo abayobozi batwo bari beguye ibi birigufatwa nk’inkundura y’iyegura ry’abayobozi b’uturere.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru