Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zatangiye urugamba rwo kwigizayo inyeshyamba ziteza umutekano muke mu Ntara ya of Cabo Delgado, mu gihe n’Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) zikomeje kugera muri icyo Gihugu.
Biravugwa ko mu mirwano yabaye ku wa Kabiri, Ingabo z’u Rwanda zahase umuriro inyeshyamba zigakwira imishwaro zihungira ku mupaka ugabanya Mozambique na Tanzania, zimaze kuraswamo abagera kuri 30 n’abandi barakomereka.
Ingabo (…)
Mutungirehe Samuel
Abantu babiri bari bivuganye Perezida wa Mali, Col. Assimi Goita ubwo yari mu muhango wo gutamba igitambo mu musigiti habura gato ngo bamutambe mu kimbo k’intama.
Byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ubwo Col. Assimi Goïta uri ku butegetsi nka Perezida w’inzibacyuho, yari mu masengesho y’idini ya Islam ajyanye n’umunsi wa Aïd al-Adha, (Umunsi w’igitambo) nibwo yatewe na bariya bantu ku Musigiti Mukuru w’i Bamako.
JeuneAfrique ivuga ko nyuma y’isengesho, ubwo (…)
Minisiteri y’Uburezi, yatangaje ko mu banyeshuri basaga ibihumbi 195 batangiye ibizamini bya leta bisoza amashuri y’icyiciro rusange n’ayisumbuye harimo abagera ku 106 barwaye icyorezo cya Covid-19 gusa bashyiriweho uburyo bwo gufashwa nabo barakora.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 20 Nyakanga 2021 abanyeshuri barenga ibihumbi 195 mu gihugu hose batangiye ibizamini bya leta. Barimo ibihumbi 122 bo mu cyiciro rusange mu gihe abarangiza umwaka wa gatandatu ari ibihumbi bisaga (…)
Ingabo z’Ishyaka rya TPLF riyoboye Intara ya Tigray zateye Akarere ka Afar zihangana n’izaho zashyigikiye izo bamaze amezi agera ku munani bahanganye za Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed.
Ikinyamakuru Reuters cyanditse ko iyo mirwano yatangiye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ikaba yagejeje kuri uyu wa Mbere ikiba.
Umuvugizi wa Afar yavuze ko ingabo za Ethiopia zigiye kuza kubashyigikira bagasubiza inyuma iza TPLF.
Ati “Ubu [ingabo za Ethiopia] ziri mu nzira ziza kandi (…)
Ku munsi wa kabiri wo guha ibiribwa abaturage basanzwe batunzwe n’akazi ka buri munsi I Kigali byakozwe mu mirenge itandukanye y’uturere tugize Umujyi wa Kigali, abayobozi mu nzego z’ibanzw bareba uburyo binozwa, ibiribwa bigezwa ku baturage mu ngo hirindwa kubisanga ku kagari mu rwego rwo kurushaho kwirinda gukwirakwiza virusi ya corona.
Mu karere ka Nyarugenge kuri uyu wa mbere ukaba n’umunsi wa kabiri babitanga bakurikijeho abo mu mirenge itari yahawe ibyo kurya ku cyumweru.
Akarere (…)
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yasabye abanyamatorero bizera ko bategereje Umwami Yesu Kirisito kuba bihanganye bakamutegereza birinda kwandura cyangwa kwanduza abandi icyorezo cya COVID-19 uwo bategereje akazasanga ari bazima kitarabahitanye.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangazaga uko abaturage by’umwihariko abatuye mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere 8 twashyizwe muri Guma mu rugo guhera tariki ya 17 kugeza 26 Nyakanga 2021 mu rwego two kugabanya (…)
Mutungirehe Samuel
Mu gihe hamaze iminsi humvikana amajwi y’abaturage batamambira Leta ko igiciro cyo kwipimisha coronavirus ari kinini kandi iki cyorezo cyarahungabanyije ubukungu bwabo.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ubu inzego zishinzwe ubuzima zifatanyije n’abafatanyabikorwa, barimo kuganira ku giciro iyi serivisi izajya ikorerwaho kuko igiciro gishya kizemezwa kigomba gutangira gukurikizwa mu byumweru bibiri biri imbere.
Minisiteri y’Ubuzima, yavuze ko nyuma yo kuganirwaho (…)
Mutungirehe Samuel
Ministering y’Ubuzima n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima bafatanyije m’umujyi wa Kigali bagiye gupima COVID-19 abaturage bo mu midugudu hagapimwa 15% bya buri mudugudu.
Ni gahunda MINISANTE ivuga ko izatangirana n’iyi Guma Mu Rugo igiye gutangira tariki ya 17 Nyakanga 2021.
Ku rwego rw’Umurenge, igikorwa kizakurikiranwa n’Ubuyobozi bw’Umurenge bufatanyije n’ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima.
Ku rwego rw’Akagari n’Umudugudu gikorwa kizakurkiranwa n’Abayobozi b’Akagari.
Ku (…)
Mutungirehe Samuel
Umugore wo muri Afurika y’Epfo Naledi Manyoni yafunze umwuka yemera kujugunya umwana we hasi muri ubwo yari hejuru mu nyubako ndende yarimo gushya itwitswe n’abigaragambya kubera Jacob Zuma.
Ni ikemezo uyu mubyeyi yafashe nk’uko yabitangaje mu buhamya yatanze, amujugunyira abantu atazi, wenda bashoboraga no kuba ari bo batwitse uwo muturirwa, ariko byose abikora agira ngo adashyana n’umwana we akamubona amupfiraho nyarama wenda ageze hasi atapfa akazarokoka.
Ni mu (…)
Mutungirehe Samuel
Minisiteri w’Ubugetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko nta mpungenge abatuye muri Kigali bakwiye kugira ku buryo bazahabo mu bijyanye n’ibiribwa, by’umwihaiko abasanzwe batunzwe n’akazi ka buri munsi bakuraho icyo bararira kimwe n’abo mu yindi migi y’uturere twashyizwe muri Guma mu rugo.
Ikemezo cyo gushyiraho Guma mu Rugo izamara iminsi 10 cyaturutse ku bwiyongere bw’abandura n’abahitanwa n’icyorezo cya Cornavirusi buri kugaragara muri aya mezi (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






![[AMAFOTO] Kigali gutanga ibiryo bigoboka abaturage n'abarwaye COVID-19 ntibirengagijwe](IMG/logo/arton1617.jpg?1633463761)














