Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Hashyizweho Minisiteri nshya igiye kwimakaza Ubumwe bw'Abanyarwanda,
Hashyizweho Minisiteri nshya igiye kwimakaza Ubumwe bw’Abanyarwanda,

Mutungireh Samuel
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, tariki 14 Nyakanga 2021, iyobowe na Perezida Paul Kagame, yashyizeho Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu.
Ni minisiteri nshya ije nyamara raporo z’Ubushakashasi ku Bumwe n’Ubwiyunge mu Banyarwanda zihora zigaragaza ko buri ku gipimo kiza, aho iheruka ya 2020 yagaragaje ko bugeze kuri 94.7%.
Ni minisiteri izaba ifite inshingano zo kwimakaza ubumwe bw’Abanyarwanda, kubungabunga umurage (…)

424 Shares 4 Comments
Abakozi ba Leta bari gukorera mu ngo bongerewe inshingano ku barwaye COVID-19
Abakozi ba Leta bari gukorera mu ngo bongerewe inshingano ku barwaye COVID-19

MUTUNGIREHE SAMUEL
Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri igeze ku musozo yasize mu ngingo ya Gatatu ivuze ko ibiro by’inzego za Leta n’iby’abikorera bifunze, abakozi bose basabwa gukorera mu rugo keretse abatanga serivisi z’ngenzi zibasaba kujya aho basanzwe bakorera.
Iyi myanzuro yari iteganyijwe kumara ibyumweru bibiri birangira kuri uyu wa Gatatu hagatangazwa indi abaturarwanda bagenderaho mu gukomeza kwirinda gukwirakwiza virusi ya Corona imaze kwihionduranya, DELTA.
Mu gihe haburaga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mu munota umwe umuntu agiye kujya yipima amenye niba arwaye COVID-19
Mu munota umwe umuntu agiye kujya yipima amenye niba arwaye COVID-19

Mutungirehe Samuel
Mu kurushaho guhangana n’icyorezo cya COVID-19, Ikigo k’igihugu cy’Ubuzima mu minsi mike kigiye gutangiza uburyo bushya buzatuma umuntu wese abasha kwipima akamenya niba atanduye COVID19 mu munota umwe gusa.
Iyi ishobora kuba inkuru nziza mu matwi y’abaturarwanda batari bake, cyane abamaze iminsi bagaragariza Leta ko igiciro cyo kwipimisha igipimo kihuse Rapid Test cya Coronavirusi nacyo hari benshi kigora kubona, amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi (10 000Frw) (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Abacuruzi bafite imyaka 50 kuzamura bari guhabwa urukingo rwa COVID-19
Rubavu: Abacuruzi bafite imyaka 50 kuzamura bari guhabwa urukingo rwa COVID-19

Mutungirehe samuel
Abacuruzi bo mu Mujyi wa Rubavu bafite imyaka y’amavuko kuva kuri 50 bari guhabwa urukingo rwa Corona virusi mu rwego rwo kubarinda ibyago byo kwandura cyangwa kuzagazwa n’iki cyorezo kirimo no kwihinduranya ku isi no mu rwanda.
Izi nkingo ziri guhabwa abacuruzi cyane n’abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu bantu batandukanye harimo ku kigo nderabuzima cya Gisenyi no kuri sitade Umuganda.
Radio Rwanda yatangaje ko ku kigo nderabuzima cya Kigufi cyo mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amajyaruguru: Abanyeshuri 628 ntibitabiriye gukora ibizamini bisoza amashuri abanza
Amajyaruguru: Abanyeshuri 628 ntibitabiriye gukora ibizamini bisoza amashuri abanza

Mutungirehe Samuel
Ubwo abandi bazindukiraga mu gukora ibizami bya Leta bisoza amashuri abanza, mu ntara y’Amajyaruguru ho hari abanyeshuri 628 batagize amahirwe yo kwitabira gukora ibyo bizami biganjemo abo mu karere ka Gicumbi.
Aba banyeshuri nk’uko byagarutsweho n’ibitangazamakuru bitandukanye, biyandikishije nk’abandi kuzakora ibizami ariko kugeza ubu ntabwo haramenyekana neza impamvu yatumye batitabira gusa harakekwa cyane ko hari abimutse bakajya ahandi bityo kugera aho bari (…)

424 Shares 4 Comments
AMAFOTO: Abanyeshuri 254 678 batangiye gukora ibizamini bisoza amashuri abanza
AMAFOTO: Abanyeshuri 254 678 batangiye gukora ibizamini bisoza amashuri abanza

Mutungirehe Samuel
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Nyakanga 2021 hirya no hino mu gihugu abanyeshuri batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza bitegura kwinjira mu mashuri yisumbuye.
Ku rwego rw’igihugu umuhango watangirijwe mu karere ka Kamonyi ku Rwunge rw’Amashuri rwa Ruyenzi (GS Ruyenzi) ruherereye mu murenge wa Runda.
Minisitiri w’Uburezi wafunguye ibi bizamini yasabye abanyeshuri gukora nta gihunga bagatsinda neza; anabibukije gukomeza kwirinda Covid-19. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
NESA: Nta munyeshuri uzavutswa amahirwe yo gukora ikizamini cya Leta kubera ko yarwaye COVID-19
NESA: Nta munyeshuri uzavutswa amahirwe yo gukora ikizamini cya Leta kubera ko yarwaye COVID-19

Mutungirehe Samuel
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), Dr. Bahati Bernard yatangaje ko muri ibi bihe abanyeshuri bagiye gukora ibizamini bisoza ibyiciro bitandukanye bazi neza ko hashobora kuzaboneka uwarwara covid-19 ariko yizeza ko nta mwana uzavutswa amahirwe yo gukora ikizamini cya Leta kubera ko yarwaye COVID-19.
Yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki 9 Nyakanga 2021, mu kiganiro n’abanyamakuru cyakozwe hifashishijwe (…)

424 Shares 4 Comments
Ingabo z'u Rwanda 1000 zigiye gukubita inshuro inyeshyamba za Mozambique
Ingabo z’u Rwanda 1000 zigiye gukubita inshuro inyeshyamba za Mozambique

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu itangira kohereza Abasirikare 1000 n’abapolisi mu Ntara ya Cabo Delgado yo muri Mozambique imaze igihe kinini yibasiwe ibibazo by’umutekano muke watejwe n’abarwanyi biyitirira Islam.
Ni nyuma y’ubusabe bwa Mozambique, yahisemo gusaba ubufasha bw’Ingabo u Rwanda zigiye gufatanya n’’iz’umuryango wa SADC hamwe n’iza Mozambique, nyuma yo kubona ko ikibazo kiyirenze ubushobozi kandi kiri gufata indi ntera.
Intara ya Cabo Delgado (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
MINISANTE yemeye ko Corona ya Delta iri mu Rwanda
MINISANTE yemeye ko Corona ya Delta iri mu Rwanda

Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko ibimenyetso bamaze iminsi babonana abanduye coronavirus bidasanzwe bigaragaza ko ya virusi yihinduranyije ya Delta, yakomotse mu Buhinde, iri no mu Rwanda.
Yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane mu kiganiro na Radio/Television Rwanda asobanura uko abarwayi bari kwakira baza bagaragaza ibimenyetso bidasanzwe.
Ati “Birashoboka ko zaba zihari, kandi uko bigaragara ibipimo turi gukora biri kutwereka ko ibimenyetso (…)

424 Shares 4 Comments
Jacob Zuma yatunguranye yishyikiriza Police
Jacob Zuma yatunguranye yishyikiriza Police

Mu gihe yari amaze igihe asuzugura ubutabera n’inzego z’iperereza za Afurika y’Epfo ku birego banushinja bya ruswa yaba yarariye mu gihe yari ku butegetsi, Jacob Zuma yatunguranye yijyana kuri police ngo bamufunge maze banyurwe.
Byabaye kuri uyu wa gatatu nijoro ni bwo Zuma yerekeje kuri gereza iri hafi y’urugo rwe mu ntara ya KwaZulu-Natal, nkuko ikigo yashinze cyabitangaje.
Polisi yari yaburiye ko yiteguye guta muri yombi Bwana Zuma, w’imyaka 79, mu gihe yari kuba atayishyikirije (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru