Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

[AMAFOTO]Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Touadera wa Central Africa
[AMAFOTO]Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Touadera wa Central Africa

Perezida Kagame Paul yakiriye mu biro bya Perezida wa Santarafurika, Faustin Archange Touadéra uje mu ruzinduko rw’akazi ruzamara iminsi ine mu Rwanda.
Akigera ki Kibuga mpuzamahanga cya Kanombe, Perezida Touadera yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr Biruta Vincent.

424 Shares 4 Comments
Perezida Touadera yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw'iminsi ine
Perezida Touadera yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine

Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda rushimangira umubano umaze gushinga imizi hagati y’igihugu cye n’u Rwanda.
Ku isaha ishyira Sava sita ni bwo Touadera yageze ku Kibuga mpuzamahanga cya Kanombe yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr. Biruta Vincent n’abandi banyacyubahiro.
Biteganyijwe ko uyu munsi abonana na Perezida Kagame bakagirana ibiganiro nyuma bakaganira n’itangazamakuru kuri byinshi bihatse (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
IBUKA n'imiryango iyishamikiyeho bamaganiye kure Ishyirahamwe Igicumbi ryiyitirira abarokotse Jenoside
IBUKA n’imiryango iyishamikiyeho bamaganiye kure Ishyirahamwe Igicumbi ryiyitirira abarokotse Jenoside

Mutungirehe Samuel
Umuryango Uharanira Inyungu z’Abarokotse Jenoside Yakorewe Abatutsi MU 1994, IBUKA-Rwanda ufatanyije n’imiryango iwushamikiyeho yo muri diyasipora zitandukanye n’indi miryango yamaganiye kure ISHYIRAHAMWE “IGICUMBI-VOIX DES RESCAPES DU GENOCIDE”, riherutse gushingwa rivuga ko rije guhagararira uburenganzira bw’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorerwe Abatutsi.
Tariki ya 27/5/021 havutse ishyirahamwe Igicumbi-Voix des rescapés du génocide contre les Tutsi, rishinzwe (…)

424 Shares 4 Comments
Ba Ofisiye bato n'abakiru muri Police na RCS bashyizwe mu kirihuko k'izabukuru
Ba Ofisiye bato n’abakiru muri Police na RCS bashyizwe mu kirihuko k’izabukuru

Perezida Paul Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Abakomiseri, ba Ofisiye Bakuru n’Abato bo muri Polisi y’Igihugu n’ab’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa, RCS.
Muri Polisi y’Igihugu, abashyizwe mu kirihuko k’izabukuru ni Abakomiseri, ba Ofisiye Bakuru n’Abato bose hamwe ni 112.
Mu kiruhuko cy’izabukuru hagiyemo ACP Anthony Kulamba wigeze kuba Umuyobozi w’Ishami ry’u Rwanda rya Polisi Mpuzamahanga (Interpol) ndetse n’Umuyobozi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda ryari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abasirikare 750 barwanira ku butaka boherejwe muri Central Africa
Abasirikare 750 barwanira ku butaka boherejwe muri Central Africa

U Rwanda rwatangiye kohereza Batayo y’inyongera y’abasirikare 750 barwanira ku butaka, mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA). Ni Batayo 3 muri icyo Gihugu u Rwanda rugizeyo, ziyongeraho ibitaro bya gisirikare byo mu rwego rwa II.
Uyu munsi, itsinda rya mbere rigizwe n’ingabo 300 ni ryo ryafashe rutemikirere riva i Kigali ryerekeza i Bangui mu Murwa Mukuru wa Santarafurika, riyobowe na Lt Col Patrick Rugomboka.
Umuyobozi wo (…)

424 Shares 4 Comments
Muhanga: Humvikanye amasasu mu kuburizano umugambi wo gutoroka gereza
Muhanga: Humvikanye amasasu mu kuburizano umugambi wo gutoroka gereza

Abagororwa batatu bo muri Gereza ya Muhanga bagerageje gutoroka banyuze mu gisenge cy’inyubako bafungiyemo, abacungagereza baburizamo umugambi wabo hanumvikana amasasu mu kirere.
Aya masasu yumvikanye mu ijoro ryo kuwa 2 Kanama 2021, aho bivugwa ko aba bafungwa bagerageje gutoroka gereza, abacungagereza barabatahura bagerageje uburyo bwo kubabuza biranga biba ngombwa ko haraswa amasasu mu kirere.
Umuvugizi w’Urwego Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa, RCS, SSP Pelly Uwera Gakwaya yemeje aya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda na Tanzania bisangiye ibirenze umupaka-Perezida Kagame
U Rwanda na Tanzania bisangiye ibirenze umupaka-Perezida Kagame

MUTUNGIREHE Samuel
Perezida Kagame yabanje guha ikaze Perezida wa Leta Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samie Suluhu Hassan n’itsinda yazanye naryo mu Rwanda, avuga ko u Rwanda na Tanzania bisangiye byinshi birenze umupaka ubihuza.
Yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru abakuru b’ibihugu byombi bahaye abanyamakuru nyuma yo gusinya amasezerano atandukanye agamije gutsura umubano. Perezida Kagame yavuze ko umubano w’amateka y’ibihugu byombi akomeye no kumva ibintu kimwe mu kugera ku iterambere (…)

424 Shares 4 Comments
[AMAFOTO] Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Samia Sukuhu Hassan wa Tanzania

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye mu biro bye Village Urugwiro, mugenzi we wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri.
Perezida Suluhu Hassan amaze kwakirwa na Perezida Kagame, abakuru b’ibihubu byombi bagiye mu biganiro biri bukurikirwe no gusinya amasezerano atandukanye hagati y’ibihugu byombi ashimangira ubufatanye impande zombi zifitanye kuva na mbere.
Samia Suluhu yaherekejwe n’itsinda rigari ririmo abayobozi bakuru muri Tanzania barimo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yashyizeho umuvugizi mushya wa Guverinoma
Perezida Kagame yashyizeho umuvugizi mushya wa Guverinoma

Perezida Kagame yashyizeho umuvugizi mushya wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Yolande Makolo, uhawe inshingano Nshya zihariye kuko zakorwaga n’uwabaga ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane.
Byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Gatandatu ko byavuye mu nama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu iyobowe na Nyakubahwa Perezida Kagame.
Izi nshingano azisimbuyeho (…)

424 Shares 4 Comments
Gushyingirwa bizakorwa bite insengero zifunze, ba Meya bavuze uko bazabikurikirana
Gushyingirwa bizakorwa bite insengero zifunze, ba Meya bavuze uko bazabikurikirana

Mutungirehe Samuel
Imyanzuro y’Inana y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yemeje ko insengero zifunze ariko ikomora umuhango w’ishyingirwa rikorewe imbere y’Ubuyobozi bwa Leta no mu nsengero.
Benshi bakibona izo ngingo zombi, kuri Twitter bakomeje kwibaza aho Pasitoro cyangwa Padiri bazaba bahagaze mu gihe cyo guhaisakaramentu ryo gushyingirwa ku abageni bagiye kurushinga mu gihe insengero ziriho ingufuri.
Twabajije abayobozi b’Uturere ari natwo dufite mu nshingano gushyira mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru