Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

MINEDUC yatangaje igihe amasomo azasubukura mu bica byari muri Guma mu Rugo
MINEDUC yatangaje igihe amasomo azasubukura mu bica byari muri Guma mu Rugo

Minisiteri y’Uburezi yatangaje amatariki amasomo y’amashuri azasubukurirwaho mu turere yari yarafunzwe kubera gahunda ishize ya Guma mu Rugo, aho ku mashuri y’icyiciro cya mbere cy’abanza, igihembwe cya Gatatu kizatangira tariki ya 02 Kanama 2021.
Byatangajwe mu byemezo by’Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yakuye mujyi wa Kigali n’uturere umunani byari bimaze iminsi 15 muri Guma mu Rugo.
Itangazo Minisiteri y’Ubuzima yashyize ahagaragara rivuga ko abanyeshuri biga mu (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yahaye imbabazi abagore 10 bafungiwe gukuramo inda
Perezida Kagame yahaye imbabazi abagore 10 bafungiwe gukuramo inda

Ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko cyane cyane Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yahaye imbabazi abagore 10 bari barahamwe n’icyaha cyo gukuramo inda barafungwa.
Si abo gusa, hari izindi mfungwa 4781 nazo yababariye, zikaba zigomba guhita zifungurwa.
Byatangajwe na Minisitiri w’ubutabera, akaba n’Intumwa ya Guverinoma Johnston Busingye abinyujije kuri Twitter.
Byaje bikurikira Kandi ko inama y’abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu yemeje iteka rya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Guma mu Rugo yakuweho hasubizwaho saa 18h00
Guma mu Rugo yakuweho hasubizwaho saa 18h00

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yakuye Umujyi wa Kigali n’uturere umunani muri Guma mu Rugo yari imaze iminsi 15 yari yashyizweho mu rwego rwo kugabanya ikwirakwira ry’ubwandu bwa Coronavirus.
Iyi nama yashyizeho ingamba nshya zo kwirinda Coronavirus, yateranye kuri uyu wa 30 Nyakanga 2021, yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Mu myanzuro yayifatiwemo hemejwe ko gahunda ya Guma mu rugo ivanyweho mu Mujyi wa Kigali no mu Turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida SamiaSuluhu ategerejwe mu Rwanda mu minsi mike
Perezida SamiaSuluhu ategerejwe mu Rwanda mu minsi mike

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ategerejwe mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda guhera ku wa 2 Kanama, ari narwo rwa mbere azaba agiriye muri iki gihugu kuva yajya ku butegetsi muri Werurwe uyu mwaka.
Ambasaderi ucyuye igihe wa Tanzania, Ernest Mangu, yabwiye Taarifa dukesha iyi nkuru ko Perezida Suluhu mu minsi mike azaba ari i Kigali, ndetse itsinda rya Tanzania rikomeje gutegura urwo ruzinduko.
Samia w’imyaka 61 ni we mugore wa mbere washoboye kuyobora Tanzania, nyuma (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yahaye umukoro urubyiruko ku bibazo byugarije umugabane
Perezida Kagame yahaye umukoro urubyiruko ku bibazo byugarije umugabane

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abayobozi gushyira hamwe mu kumenya no kubyaza umusaruro amahirwe y’ubucuruzi hagati ya Afurika na Amerika, hibandwa cyane ku basore n’inkumi bigishwa kumva ko aho abandi babona ibibazo bo bashobora kubyazamo ibisubizo.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu, tariki 28 Nyakanga 2021, mu Nama y’Ubucuruzi ihuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika [The Corporate Council on Africa].
Inama iheruka yabaye muri Kamena 2020, yakozwe (…)

424 Shares 4 Comments
Abagore batwite n'abonsa bemerewe guhabwa urukimgo rwa COVID-19
Abagore batwite n’abonsa bemerewe guhabwa urukimgo rwa COVID-19

Mutungirehe Samuel
Mu gihe u Rwanda rwatangiraga gutanga urukimgo rwa COVID-19 Ikigo cy’Ubuzima RBC cyari cyakumiriye ababyeyi bonsai n’abatwite kwirinda kwihutira gufata urwo rukingo cyane ko nta bushakashatsi bwari bwagaragaze niba nta kibazo cyangwa ingaruka rqagira ku utwite Cyangwa ku mwana.
Kuri uyu wa Gatatu Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC, Dr. NSANZIMANA Sabin yatangaje ko noneho abari muri icyo kiciro nabo bemerewe guhabwa urukimgo rwa COVID-19 unwoko ubwo ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Ba nyiri utubare barinenga gutezuka kwirinda icyorezo cya covid 19
Musanze: Ba nyiri utubare barinenga gutezuka kwirinda icyorezo cya covid 19

Umugiraneza Alice
Nyuma yo gufatirwa mu makosa yo gufungura no gucuruza utubari mu gihe cya COVID-19, abacuruzi bo isanyere ya Gashangiro yo mu mudugudu wa Karunyura wo mu kagali ka Kabeza mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze banenze bagenzi babo bica nkana ingamba zo kurwanya ikwirakwira cya coronavirusi.
Byabaye kuri uyu wa Mbere , tariki ya 26 Nyakanga 2021, mu santere ya Gashangiro, ubwo umucruzi w’inzoha uzwi ku izina rya Nyinya ufite akabare yafashwe arimo gupima inzoga zizwi (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Suluhu yeretse urugero Abanyatanzania yikingiza COVID-19
Perezida Suluhu yeretse urugero Abanyatanzania yikingiza COVID-19

Bitandukanye na Perezida Magufuli yasimbuye, Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yeretse urugero abatuye Tanzania yikingiza urukingo rwa COVID-19 imbere y’abaturage.
Kuva Perezida Samia Suluhu yagera ku butegetsi yagaragaje ubushake n’umuhate wo guhangana na coronavirus, yemera ko mu gihugu ke ihari mu gihe Magufuli yayihakanaga anashyiraho gahunda yo kuyirwanya none yatangije gahunda yo gukingira abaturage.
Gusa yakomeje kuvuga ko abantu badakwiye kumutandukanya na Magufuli yabereye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngurwo uruhare rwa MIGEPROF mu gukemura ikibazo cy'ubwiyongere bw'abangavu baterwa inda
Ngurwo uruhare rwa MIGEPROF mu gukemura ikibazo cy’ubwiyongere bw’abangavu baterwa inda

Hari benshi bakibaza icyakorwa KARUNDURA cyatuma nibura ujya gutekereza gusambanya umwana abanza akitsa umutima, agatekereza ku buribwe buzava mu bwiyahuzi agiye gukora n’uburyo ntaho azazimirira ngo icyaha yakoze kibagirane kandi azahora agikurikiranyweho.
Uruhare runini abenshi baruteze kuri Minisiteri y’Uburinangire n’Iterambere ry’Umuryango MIGEPROF mu nshingano zayo.
Kuri iyo ngingo Minisitiri uyoboye iyi Minisiteri, Prof Bayisenge yagiranye ikiganiro n’Ikinyamakuru Igihe mu nkuru (…)

424 Shares 4 Comments
Imirenge imwe n'imwe yashyizwe muri Guma mu Rugo
Imirenge imwe n’imwe yashyizwe muri Guma mu Rugo

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko ashingiye ku Itangazo rya Minisitiri w’lntebe rimenyesha ingamba zo gukumira icyorezo cya COVID-19 ryo kuwa 25 Nyakanga 2021 imirenge imwe n’imwe mu gihugu ishyizwe muri Guma mu Rugo.
Ashingiye ku isescngura ryakozwe n’lnzego z’Ubuzima ku cyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu gihugu;
Amaze kubijyaho inama n’izindi nzego bireba, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’lgihugu arameyesha Uturere bireba ibi bikurikira:
1. Guhera tariki ya 28 Nyakanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru