Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Mutungirehe Samuel
Inama y’Abaminisitiri ba Guverinoma y’u Rwanda itegerejweho kwemeza abantu 70 nk’intwari z’Ingenzi ziyongera ku bindi byiciro by’Intwari igihugu gisanganywe.
Urwegu rw’igihugu ruahinzwe gutanga imidari n’impeta CHENO, rwatangaje ko hari amazina yavuye mu bushakashatsi bwimbitse bwakozwe kuva mu 2014 kugeza mu 2020 akaba ari nayo azasabirwa kuvamo Intwari z’Ingenzi abandi bagahabwa imidari n’impeta z’ishimwe.
Kugeza ubu mu Rwanda hari ibyiciro bitatu by’intwari muri (…)
Sosiyete y’indege "Qatar Airways" yatangaje ko mu ntangiriro za Gashyantare igiye guhagarika gahunda yo gutega indege (bookings) ku bagenzi bava mu bihugu bitatu birimo n’u Rwanda ku batarabikoze mbere.
Yabitanarije ku rukuta rwa Twitter tariki ya 29 Mutarama2021 aho yavuze ko igiye guhagarika abashaka gukora ingendo zerekeza yo bava mu bihugu ari byo Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), Afurika y’Epfo n’u Rwanda guhera tariki ya 5 Gashyantare 2021.
Sosiyete ya RwandAir nayo imaze kubona (…)
Mutungirehe Samuel
Ikigo k’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko n’abantu bakuru bagiye kujya bahabwa ibinini by’inzoka zo mu nda nyuma y’uko basanze hari ikigero kinini cy’abazifite.
Byagarutsweho kuri uyu wa gatandatu tariki ya 30 Mutarama 2021 ubwo isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana indwara zititaweho uko bikwiye.
RBC yavuze ko nk’uko ibinini by’inzoka bisanzwe bitanga ku bana bato kugeza ku myaka itanu,
Indwara z’inzoka zo mu nda ziri ku rutonde rw’indwara 20 (…)
Guverinoma y’u Rwanda yasabye Ubwongereza ibisobanuro ku ko mpamvu bwashingiyeho bufata umwanzuro wo gukumira abagenzi baruturutsemo rugategeka ko batemerewe kwinjira muri iki gihugu cyo ku mugabane w’u Burayi mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’ubwoko bushya bwa COVI-19.
Tariki ya 28 Mutarama nibwo Ubwami bw’Ubwongereza bwatangaje ko abagenzi baturutse mu Rwanda, u Burundi na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu cyangwa abahanyuze mu rugendo, batemerewe kwinjira mu bihugu biri mu bwami bw’u (…)
Mu kiganiro Perezida Kagame Paul aherutse kugirana n’abanyamakuru n’abaturage tariki ya 12 Ukuboza 2020, abaturage batari bake bishimiye ko yabijeje ko hashobora kuzashyirwamo inyoroshyo ku bo bigaragara ko batorohewe no kwishyura imisoro mishya ku mitungo itimukanwa ari yo ubutaka n’inzu, nyuma yuko bamugaragarije ko wiyongereye cyane.
Icyo gihe Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Ndagijimana Uzziel yasobanuye ko minisiteri ayoboye imaze iminsi yakiriye ubusabe bw’abaturage ko (…)
Nyuma yo gutakarizwa ikizere n’Inteko Ishinga amategeko, ikanamusaba kwegura ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe, Sylvestre Ilunga Ilukamba yashyize aregura, ageza ubwegure bwe kuri Perezida wa Congo DRC, Felix Tshisekedi.
Ilunkamba na Guverinoma ye baterewe icyizere bashinjwa ubushobozi buke.
Ku wa Kane, tariki ya 28 Mutarama 202, uyu Ilunga Ilukamba yari yateye utwatsi ibyo kweguzwa, avuga ko akanama kabimusaba katarajyaho mu buryo bwemewe kuko abakgize uko ari barindwi bataraboneka ariko (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta ari i Luanda muri Angola, aho yitabiriye Inama y’ibihugu by’Akarere k’ibiyaga bigari, ICGLR yiga ku bibazo bya Repubulika ya Centrafrique.
Ni inama yatumiwemo abakuru b’ibihugu, ku ruhande rw’u Rwanda Perezida Kagame akaba yahagarariwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Biruta Vincent.
Iyi nama yatumijwe inayoborwa na Perezida wa Angola akaba n’Umuyobozi wa ICGLR, João Manuel Gonçalves Lourenço.
Uretse João Manuel (…)
Ubwami bw’Ubwongereza bwatangaje ko ibihugu by’u Rwanda, u Burundi na Leta zunze ubumwe z’Abarabu (U.A.E) byongerewe ku rutonde rutukura ruriho ibihugu bitemerewe gukorera ingendo muri kiriya gihugu mu rwego rwo gukumira ikwirakwira rya Virusi nshya ya Covid-19 yandura vuba.
Virusi nshya ya corona yagaragaye bwa mbere muri Afurika y’Epfo muri uku kwezi kwa mbere, ikwirakwira byihuse no mu Bwongereza, ikaba imaze no kugera mu bihugu bimwe na bimwe by’Afurika.
Ubu kwinjira mu Bwongereza (…)
Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa ari mu Rwanda mu ruzinduko rwe bwite rukurikira urundi nk’uru yahagiriye mu myaka ibiri ishize.
Sarkozy yayoboye u Bufaransa hagati ya 2007 na 2012, ni we Perezida w’u Bufaransa wasuye u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Tariki ya 25 Gashyantare 2010, yemera ko muri ayo mateka mabi hari “amakosa yakozwe n’Abanyapolitiki b’u Bufaransa, amakosa yakozwe muri Opération Turquoise".
IGIHE dukesha iyi nkuru cyatangaje ko (…)
Inteko Ishinga Amategeko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yari yatoye umwanzuro wo gutera icyizere Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe Sylvestre Ilunga Ilukamba, imusaba kwegura ku mirimo ye.
Ni umwanzuro uha amahirwe Perezida Felix Tshisekedi wo gushyiraho Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo gushwana n’impuzamashyaka FCC ya Joseph Kabila wahoze ari Perezida.
Benshi mu badepite bitabiriye uwo muhango ni abo mu ihuriro rishya Union sacrée riherutse gushingwa na (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















