Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

 Nyarugenge: Yahise aburwa irengero nyuma yo gutwika umugore we mu myanya y'ibanga akoresheje fer a betton ishyushye
Nyarugenge: Yahise aburwa irengero nyuma yo gutwika umugore we mu myanya y’ibanga akoresheje fer a betton ishyushye

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Umugabo witwa Damascene w’imyaka 25 wo mu mudugudu wa Ruyenzi, Akagari ka Nzove, Umurenge wa Kanyinya muri Nyarugenge arashakishwa na Polisi akurikiranyweho gutwika umugore we n’icyuma gishyushye ahantu hatandukanye harimo no ku myanya y’ibanga.
Umugore we witwa Clarisse afite imyaka 19 y’amavuko ubu akaba yajyanjywe ku kigo nderabuzima cya Kanyinya.
Amakuru avuga ko Damascene yatwitse umugore we henshi ku mubiri we harimo no ku kibuno Nyuma (…)

424 Shares 4 Comments
Imishinga 65 y'imiryango yigenga yatsindiye asaga miliyari 1.6 FRW yo guteza imbere abanyarwanda
Imishinga 65 y’imiryango yigenga yatsindiye asaga miliyari 1.6 FRW yo guteza imbere abanyarwanda

Yashyizweho na Imfurayabo Pierre Romeo
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishyinzwe iterambere (UNDP), batangaje imishinga 65 y’imiryango itari iya Leta yatsindiye miliyari imwe na miliyoni 685 FRW, izifashisha mu kuzana iterambere n’impinduka mu buzima bw’abanyarwanda.
Ni mu marushanwa yatanzwemo imishinga 288 guhera ku wa 19 Werurwe kugera ku wa 26 Mata 2019, itoranywamo 65 igaragaza kuzana impinduka mu banyarwanda kurusha iyindi. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
New York: Umuryango FEMNET wakoze urugendo rw'amahoro rusaba Leta z'ibihugu guha umugore ijambo mu ishyirwa mu bikorwa rya SDGs 2030
New York: Umuryango FEMNET wakoze urugendo rw’amahoro rusaba Leta z’ibihugu guha umugore ijambo mu ishyirwa mu bikorwa rya SDGs 2030

Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
FEMNET, umuryango nyafrika w’abagore baharanira uburenganzira n’iterambere ry’umugore wagaragaje ubushake ufite mu gukangurira Leta z’ibihugu guha amahirwe angana ku bagabo n’abagore mu ishyirwa mu bikorwa rya (SDGs) Intego z’iterambere rirambye.
Umuryango nyafurika w’abagore bita ku iterambere ry’umugore FEMNET ufatanyije n’abandi bagore barenga barenga 100 baharanira uburenganzira bw’umugore baturuka mu mpande zose zisi bagaragaye mu mihanda (…)

424 Shares 4 Comments
Ikarita y'itora ntizongera kwifashishwa mu matora mu Rwanda
Ikarita y’itora ntizongera kwifashishwa mu matora mu Rwanda

Yashyizweho na Imfurayabo Pierre Romeo
Umutwe w’Abadepite wemeje Itegeko ngenga rigenga amatora mu Rwanda, aho ikarita y’itora yavanyweho igasimbuzwa indangamuntu ikoze mu ikoranabuhanga.
Ikoranabuhanga ryo kuri iyi ndangamuntu rishobora gutuma hamenyekana ko utora cyangwa utorwa ari kuri lisiti y’itora bityo iyo karita ikaba itagikenewe Rwanda.
Ubwo hatorwaga iri tegeko kuri uyu wa Mbere, hatangajwe ko izindi ngingo zavuguruwe harimo ibijyanye n’imigendekere y’amatora ku bajyanama (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kamarampaka muri Etiyopiya: Ababarirwa muri mirongo biciwe mu mvururu i Sidama
Kamarampaka muri Etiyopiya: Ababarirwa muri mirongo biciwe mu mvururu i Sidama

Yashyizweho na: Imfurayabo Pierre Romeo
Abayobozi b’ibitaro babwiye ibitangazamakuru ko abantu bagera kuri 25 bapfiriye mu bikorwa byo gushyamirana hagati y’inzego z’umutekano n’impirimbanyi mu majtyepfo ya Etiyopiya.
Abayobozi bavuze ko inzego z’umutekano zarashe amasasu mu gihe cy’imyigaragambyo mu gace ka Sidama.
Impirimbanyi zo mu bwoko bwa Sidama zari ziteze gutangaza ubwigenge bwa leta yabo ku wa Kane w’icyumweru gishize.
Bashinja guverinoma kunanirwa gukora kamarampaka nk’uko (…)

424 Shares 4 Comments
Rulindo: Inyubako y'ishuri ry'ubumenyingiro riri kubakwa rizajya ribasha kwakira abasaga 540
Rulindo: Inyubako y’ishuri ry’ubumenyingiro riri kubakwa rizajya ribasha kwakira abasaga 540

By Imfurayabo Pierre Romeo
Mu murenge wa Kisaro mu karere ka Rulindo, akarere kari kuhubaka ishuri ry’ imyuga n’ ubumenyi ngiro rizafasha abanyeshuri bifuza kwiga amasomo y’ ubumenyi ngiro dore ko aya masomo Leta ivuga ko abayize babona akazi mu buryo bworoshye ugereranyije n’ abize andi masomo.
Iri shuri rya etage rizaba rifite ubushobozi bwo kwakira abanyeshuri 540 bo mu kiciro cya kabiri cy’ amashuri yisumbuye ‘advanced level’.
Iri shuri rya etage ryatangiye kubakwa muri 2017, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: uzibirwa mw'imurikagurisha azihombera
Kigali: uzibirwa mw’imurikagurisha azihombera

By Scovia Mutesi
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyateguwe hasigaye iminsi ine ngo imurikagurisha rya 22 ritangire, umuyobozi mukuru w’urugaga rw’abikorera mu Rwanda, Stephen Ruzibiza, yavuze ko urugaga rutazishyura abazibwa.
Yagize ati: “Tuvuze ngo tubishyure, abibwe bose bakwiyibisha ugasanga imurikagurisha rirafunze bategereje kwishyurwa gusa.”
Ruzibiza yakomeje asobanura ati: “Tuba twashyizeho uburyo bwose bw’umutekano, harimo kamera zigenzura ndetse n’abapolisi. Ibirenze kuri ibyo (…)

424 Shares 4 Comments
Gisagara: Ubushakashatsi bukorwerwa mungo abaturage babwitiranya no gushirwa mu byiciro by'ubudehe bishya
Gisagara: Ubushakashatsi bukorwerwa mungo abaturage babwitiranya no gushirwa mu byiciro by’ubudehe bishya

By Scovia Mutesi
Mubisazwe muri gahunda zitandukanye za Leta hakorwarwa igenzura mungo z’abaturage, byaba ku isuku cyangwa n’ubushakashatsi bwimireho y’abaturage ibyo iyo babonye baje mungo zabo bagirango ni amakuru azakoreshwa mugushyirwa mu byiciro byubudehe bishya.
Ibi byagarutsweho n’abaturege bo m’Umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara mu ntara y’amajyepfo mu ikiganiro urubuga rw’abaturage n’abayobozi gitegurwa n’umuryango wa banyamakuru baharanira amahoro (pax press )
Bamwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umunya-Sénégal yavuze ibigwi Perezida Kagame wagizwe indahiro n'urubyiruko rwa Afurika
Umunya-Sénégal yavuze ibigwi Perezida Kagame wagizwe indahiro n’urubyiruko rwa Afurika

Iki ni igitekerezo cya Ibrahima Kane washinze akaba n’umuyobozi w’Ikigo Gaynako gikora ibijyanye n’itumanaho n’imenyekanishabikorwa hakoreshejwe ikoranabuhanga.
Perezida w’u Rwanda ukunzwe na bose kandi utajenjeka na mba ntanavugirwemo, ubu niwe uri ku ruhembe. Kuri ubu urubyiruko rwose rwa Afurika niwe rwirahira, ku bw’umurava wo ku rwego rwo hejuru mu gukora impinduka mu gihugu cye no mu nzego za Afurika n’iz’akarere.
Ku mugabane utari ufite inkingi iwugaragaza, Perezida Kagame (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Paul Kagame yashyizeho abahagarariye u Rwanda mu bindi bihugu bashya
Perezida Paul Kagame yashyizeho abahagarariye u Rwanda mu bindi bihugu bashya

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 15 Nyakanga 2019 yashyizeho abahagarariye u Rwanda mu bihugu 15 by’amahanga, bagizwe n’amasura mashya n’abasanzwe muri izi nshingano bahinduriwe ibihugu.
Mu bagizwe ba ambasaderi harimo Maj. Gen. Charles Karamba wari Umugaba w’Ingabo zirwanira mu Kirere wagizwe ambasaderi muri Tanzania, asimbuye Eugene Segore Kayihura wimuriwe muri Afurika y’Epfo. Vincent Karega wari ambasaderi muri Afurika y’Epfo we yimuriwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru