Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ikigo LEAF Rwanda binyuze ku cyo gishamikiyeho cyo muri Amerika L.E.A.F. Pharmaceuticals LLC, cyasinye amasezerano agihesha gutangira gukora umuti uvura kanseri uzwi nka LEAF-1404, uzakorwa hakurikijwe amabwiriza mpuzamahanga, ‘Current Good Manufacturing Practices’ (cGMP).
Aya masezerano yasinywe hamwe n’ikigo Contract Manufacturing Organization (CMO) cyo muri Amerika, gifite ubunararibonye mu gufasha ibigo n’inganda mu gukora imiti.
Mu itangazo ryashyizwe (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Hodan Nalayeh we yari yariyemeje gutangaza urundi ruhande rwa Somalia, ubwiza bwayo n’abaturage bayo, mu gihe amakuru menshi kuri Somalia agaruka ku ntambara, ibikorwa by’iterabwoba n’inzara.
Intego ye yo kuvuga ibyiza yabereye Abanyasomaliya benshi urugero mu muhate wo kunga no gushaka kubaka igihugu cyabo cyashegeshwe n’intambara z’imbere mu gihugu.
Iyicwa rye ku wa gatanu ushize rwashegeshe imitima y’abamuzi, abatamuzi nabo baboneraho kumumenya.
Hodan (…)
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bwamenyesheje ko bwa mbere habonetse umurwayi ufite Ebola mu mujyi wa Goma utuwe n’abantu barenga miliyoni. Uyu mujyi uhana imbibi n’umujyi wa Gisenyi mu burengerazuba bw’u Rwanda.
Minisiteri y’ubuzima yamenyesheje ko hari umupasitoro wasuzumwe bagasanga afite iyi ndwara ubwo yari ageze i Goma ejo ku cyumweru aje n’imodoka itwara abagenzi. Iyi minisiteri ariko ivuga ko ibyago ko iyi ndwara iza gukwirakwira muri uyu mujyi biri ku kigero cyo (…)
Umugore witwa Candide w’imyaka 47 usanzwe atuye mu murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Gasharu, umugudugu wa Kagunga, yafatanywe udupfunyika tune( boulets) tw’urumogi yari yafungiye mu irindazi ryari muri bimwe yari agemuriye umuhungu abereye Nyirasenge witwa Fabrice.
Amakuru uvuga ko gufata uriya uvugwaho gukora biriya byakozwe ku bufatanye bw’Urwego rw’igihugu rw’imfungwa n’abagororwa hamwe na Police y’u Rwanda.
Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’imfungwa n’abagororwa SSP Hillary Sengabo (…)
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Sake buvuga ko icyumba ntangamakuru ari igisubizo ku itekinika kuko ibibera hasi mu midugudu biba bizwi n’abaturage bose.
Ibibazo byose bigaragara mu mudugudu bishyirwa mu cyumba ntangamakuru kugira ngo abaturage bafatanye kubishakira igisubizo Icyumba ntangamakuru ni umwihariko w’Umurenge wa Sake, mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba.
Icyumba ntangamakuru kije cyunganira icyumba cy’imihigo cyari gisanzwe mu tugari, imirenge n’uturere bigize Intara (…)
Magingo aya, Kigali Arena, Stade ifite ubushobozi bwo kwakira imikino yose y’intoki, ibitaramo n’inama yamaze kuzura mu bice hafi ya byose, aho ubu ishobora gutangira gukoreshwa.
Kigali Arena ni inyubako ya mbere nini y’imikino yo mu nzu mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba ndetse iri mu icumi za mbere muri Afurika yose.
Yubatswe mu buryo bumeze kimwe na Dakar Arena iherereye mu Mujyi mushya uri kubakwa muri Sénégal, Diamniadio, nayo yubatswe na Summa, Sosiyete y’Abanya-Turikiya yanakoze (…)
Inzobere mu by’ubuvuzi n’abashyiraho ingamba muri politiki z’ubuvuzi n’abafatanyabikorwa babo bagera kuri 250 baturutse mu bihugu birenga 70 ku Isi bateraniye i Kigali mu Rwanda mu nama igamije kureba uburyo ibihugu by’Afurika byarushaho kwitegura guhangana n’indwara n’ibiza bitunguranye birimo n’icyorezo cya Ebola.
Afungura ku mugaragaro iyo nama y’iminsi ibiri, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Gashumba Diane yavuze ko iyo nama bazayiganiriramo uko ibihugu byarushaho kwitegura mu buryo bwo (…)
By Eva Joly
The “green wave” recorded during the European elections on 26 May should give Europe momentum. It is now time we oppose our determination to build a social, democratic and ecological Europe, against the withdrawal desires of nationalists and Eurosceptics, or the temptations of the status quo offered by Conservatives and Liberals.
The strong mobilisation of young people for the climate gives me particular hope for the future. In France and Germany, the Greens were the (…)
Mu kiganiro Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru bo mu Rwanda no mu mahanga ndetse na bamwe mu rubyiruko rukunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga rutanga ibitekerezo,yavuze ko urubyiruko rukwiriye kwitanga uko bikwiriye kugira ngo igihugu gitere imbere ndetse ko rudakwiriye kurindira ko barubwiriza gukora ibyiza.
Muri iki kiganiro kibanziriza isabukuru y’imyaka 25 u Rwanda rumaze rwibohoye,perezida Kagame yavuze ko urubyiruko rugomba kugira ishyaka ryo kuzuza (…)
Mu masaha y’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira kuwa Kabiri, abantu bataramenyekana bateye urwunge rw’amashuri rwa Rwisirabo ruherereye mu murenge wa Karangazi mu karere ka Nyagatare, biba ibikoresho birimo mudasobwa banica umuzamu usanzwe arinda umutekano kuri icyo kigo
Aya makuru yemejwe na Mbabazi Modeste, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB, mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Ukwezi dukesha iyi nkuru. Yavuze ko abateye iki kigo batamenyekanye ndetse ko amakuru (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















