Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Mu karere ka Nyaruguru, hafashwe ingamba ko nta mwana numwe ugomba kuvutswa kwiga ku mpamvu izo arizo zose, kabone nubwo nta mafranga yishuli yaba afite ngo ubuyobozi bugomba kubiganiraho nababyeyi ndetse nabarezi bagashaka uko bikemurwa, ibindi bikazaba bikurikiranwa.
Ubwo yari mu kiganiro nabanyamakuru, umuyobozi wakarere ka Nyaruguru, HABITEGEKO Francois, yavuze ko igikomeye cyane ari ingamba ziba zarashyizweho zo gukumira undi mwana wavuga ngo arata ishuli, aho yavuze ko ubu ngubu hari (…)
Ibi byagarutsweho ubwo hagaragazwaga ubusesenguzi ku makuru na service zitangwa mu buvuzi bwo mu Rwanda bikaba byakozwe n’ihuriro ry’imiryango itegamiye kuri Leta mu Rwanda Rwanda Civil (RCP) kuri service mu buvuzi, aho bamwe mu bari bitabiriye ikiganiro nyungurana bitecyerezo bagaragaje ko usanga abanyarwanda bakunze kwiviriza mu mahanga cyane cyane mu Buhinde kubera kutagirira ikizere ubuvuzi byo mu Rwanda.
Rwatayi Janvier n’umwe mu bari mu nama uvuga ko bagize umugisha wo kubona (…)
Ikibazo cyo kugwingira n’imirire mibi mu bana, abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Nyabihu biyemeje kukirwanya bivuye inyuma, bagenda urugo ku rundi bigisha ababyeyi uko bategura indyo yuzuye. Umujyanama w’Ubuzima, Maniraho Denis, ahamya ko iyi gahunda imaze gutanga umusaruro. Ati “Mu by’ukuri mu Karere kacu nta kibazo cy’ibiryo dufite, ahubwo ikibazo gihari ni imyumvire n’ubumenyi bucye bwo gutera indyo yuzuye.”
“Twiyemeje kujya tugenda urugo ku rundi by’umwihariko mu ngo zirimo abagore (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kitabi na Cyanika mu karere ka Nyamagabe bavuga ko akarima k’igikoni kagabanyije imirire mibi, aho abana 60 bari bafite ikibazo cy’imirire, bari mu ibara ritukura bagabanutse bakagera kuri 36.
Jean Damascene Karekezi uvuka mu Murenge wa Kitabi mu karere ka Nyamagabe avuga ko mbere batarasobanukirwa n’akarima k’igikoni, umwana yagaburirwaga ibijumba, impungure n’ibitoki hatabayeho gutegura indyo yiharire y’umwana .
Ati "Ibyo ababyeyi baryaga ninabyo (…)
Rihanna niwe muhanzikazi ukize ku isi
Olive MUKAHIRWA
Umuririmbyikazi, umunyamideri, umunyabugeni, umugore wa mbere w’umwiraburakazi wayoboye inzu y’ubudozi y’igiciro gihanitse, Rihanna amaze guca agahigo ko kuba umuhanzikazi ukize kurusha abandi ku isi, n’akayabo ka miliyoni 600 z’amadorari. Ni ibyatangajwe n’ikinyamakuru Forbes.
Ku myaka y ‘amavuko 31, Robyn Rihanna Fenty yamaze gutambuka ku bahanzikazi bagenzi be bahoraga bamuza imbere mu mutungo aribo Madonna kuri ubu ufite (…)
Inkuru yanditswe na HABIMANA Jean Claude
Ku mupaka muto (Petit Barierre) uhuza u Rwanda n’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokrasi ya Kongo, ni urujya n’uruza, ababyeyi b’Abanyarwandakazi barikoreye berekeza mu gihugu cya Kongo, abandi baravayo.
Kuri uyu mupaka muto uzwi nka “Petit Barriere” ku muntu uhazi mu myaka icumi ishize ariko atahaheruka, uhamugejeje uyu munsi ukamubaza ikintu kidasanzwe ari kuhabona, nta gushidikanya ko kutahabona abana bato bahetse abandi bana biri mu byo yakubwira.
Mu murenge wa Gisenyi mu kagari ka Mbugangari hari urugo mbonezamikurire aho bamwe mu bagore bakora ubucuruzi buciritse bwambukiranya imipaka basiga abana kuko ntawe bemera ko ya kwampukana umwana amuhetse.
Iki kigo cyabarindiye abana kungwingira n’indwara ziva kumwanda.
Mutesi Ratifa umwe mu babyeyi basiga abana mu rugo mbonezamikurire mu mudugudu wa Majyambere avuga ko bimufasha mukazi ke.
Yagize ati”twasigaga abana kuri (duwani) kumupaka,twabasigiraga abandi bana twishyuraga 300 (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Nyuma yuko imyigaragambyo ifashe intera ndende muri Sudani, inama ya gisirikare iyoboye iki gihugu mu nzibacyuho yatangaje ko ihagaritse ibindi byose ikaba ubu igiye gutegura amatora mu mezi icyenda.
itangazo basohoye, umuyobozi wa Sudani ubu, Jenerali Abdel Fattah al-Burhan, yavuze ko "bahagaritse ibiganiro ndetse n’ibyo bemeranyijweho mbere byose n’abahagarariye abigaragambya". Yavuze ko mu gihe cy’amezi icyenda hazaba amatora azarebererwa n’indorerezi zo mu (…)
Abahanga mu by’imiterere ya muntu bakusanyije ibitekerezo bashyira hanze ingingo zihurirwaho na benshi zitandukanya umugore w’umuhanga n’umugore w’umunyabwenge.
Mbabwire ko hagendewe ku bisobanuro bigenekereje ubuhanga bushingira akenshi ku bumenyi bwo mu ishuri, ku gushyira imibare mu bikorwa byose, cyangwa mu mahugurwa yo mu buryo butandukanye.
Naho ubwenge bwo bushingira akenshi ku bunararibonye, ku kureba kure, ku burere no ku kwigengesera.
Umugore w’umuhanga : Ibimuranga : (…)
Perezida mushya wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yamaze gushyira hanze abazab
a bagize guverinoma nshya, nyuma y’iminsi mike arahiye.
Uyu muperezida yagaragaje intambwe iganje yo kubahiriza ihame ry’uburinganire akora ibyo abamubanjirije batigeze bakora. Iyi guverinoma nshya yavuye ku baminisiteri 36 abagira 28.
Perezida Ramaphosa yavuze ko impamvu yo kugabanya umubare w’abaminisitiri no kunganisha umubare w’abagore n’abagabo ari ukugira ngo yubahirize ihame ry’uburinganire, (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















