Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
BY HABIMANA Jean Claude
From 28th May to 30th 2019, Kigali-Rwanda has received 40 professional journalists from eight countries from Africa to discuss issues related to Sexual and Reproductive Health and Rights (SRHR) but also with the aim of increasing awareness on issues women and girls are still facing across the continent.
The tree days of training is organized by The African Women’s Development and Communication Network (FEMNET) by means of ongoing missions on building capacity (…)
Yanditswe na Olive MUKAHIRWA
Ibyumba byo gukoreramo akazi bikonje ku buryo bukabije bishobora kudafasha abagore gukora akazi neza. Ni ibigaragazwa n’abashakashatsi bo muri Amerika bafatanyije n’abo mu Budage.
Aba bashakashatsi bifashishije isuzuma ry’imibare n’ururimi, abagore babajijwe batanze ibisubizo bizima ni abakoreye mu byumba bishyushye. Mu gihe abagabo bakoreye mu bushyuhe bo batanze ibisubizo bipfuye ku bwinshi. Bahereye kuri urwo rugero, aba bashakashatsi banditse mu gitabo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Abaturage batuye mu murenge wa Rukumbeli mu karere ka Ngoma, bagaragaza impinduka za Biogaz mu buzima bwabo nyuma yuko aho batuye mu mudugudu w’icyitegererezo kubona inkwi bitari biboroheye.
Umudugudu w’icyitegererezo wa Rukumbeli
Bamwe mu batuye muri uyu mudugudu bavuga ko abana babo bavaga kwishuri bakajya gutashya inkwi zo guteka kandi baribunasubire kwishuli, bityo hakaba n’igihe abana basibye ishuli kuko bagiye gutashya kure hakaba n’igihe inkwi (…)
U Rwanda ni igihugu cyikuye mu kuzimu kutagira ukundi kuzimu munsi yako-Honorable Gasamagera Wellars
By Imfurayabo Pierre Romeo Ibi yabivugiye mu muhango wo kwibuka abatutsi bazize jenoside yakorewe abatutsi bo mu mu murenge wa Kanyinya akagari ka Nzove, ubusanzwe ngo hagize amateka yihariye mu gihe cya Jenoside.
Kuri icyi cyumweru tariki 19 Gicuransi, nibwo Umurenge wa Kanyinya ufatanyije n’akarere ka Nyarugenge wibutse abatutsi bazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 baguye mu Nzove.
Mu Nzove ahabereye umuhango wo kwibuka abatutsi bazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo @mamaurwagasabo.rw
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngoma bafite ubuhamya bw’iterambere bakesha amatsinda yo kubitsa no kugurizanya nyuma y’ubukangurambaga bwakozwe n’umushinga Gikuriro.
Amatsinda yo kubitsa no kugurizanya azwi nka SILC (Saving and internal leanding community) ni bumwe mu buryo abanyarwanda batuye mu ntara zitandukanye bari kwifashisha muri ino minsi, mu rwego rwo kwiteza imbere mu gihe batabashije kujya ku ma banki kwaka inguzanyo. Ibi cyane (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo @mamaurwagasabo.rw
Mu murenge wa Musha mu karere ka Rwamagana ahakunze guparika amakamyo, hubatswe ubwiherero rusange buri gufasha benshi mu bashoferi ndetse n’abagenzi. Ahazwi nka Kadasumbwa, ku muhanda uva mu Ntara y’Iburasirazuba (Kigali-Kayonza) hari hamaze igihe hakoreshwa n’abashoferi batwara ibikamyo byikorera imizigo, ahanini biva mu bihugu bya Kenya na Tanzaniya, ukunze gusanga ariho baparika bakahafatira akaruhuko k’igihe gito rimwe na rimwe (…)
By Scovia Mutesi
Kuri uyu wa mbere tariki 13 Gicurasi mu kiganiro n’itangazamakuru , Ikigo gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) n’ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura basobanuye ibijyanye n’ibiciro bishya by’amazi, ngo byashyizweho hitawe kuri buri kiciro Umunyarwanda abarizwamo mu gukoresha amazi.
Ubuyobozi bw’Ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA), Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ndetse n’ikigo cy’amazi n’isukura (WASAC), basobanuye uburyo izamurwa (…)
Mu majyaruguru ya Burkina Faso, abantu bitwaje intwaro binjiye mu kiriziya y’ahitwa Dablo kuri iki cyumweru basanga abantu bari mu misa bicamo batandatu barimo na padiri.
Abategetsi muri iki gihugu bavuga ko aba bantu bateye kuri iyo kiriziya bari hagati ya 20 na 30, bahise banatwika iyi kiriziya.
Ousmane Zongo utegeka agace ka Dablo avuga ko abantu bagize ubwoba bwinshi babona kiriziya iri gushya n’aba bateye bari gusahura ikigo cy’ubuvuzi gihari.
Kuva 2016 muri iki gihugu ibitero (…)
Muri Myanimar igihugu cyahoze cyitwa Birmania, umu pilote w’indege yarokoye abagenzi nyuma yuko ageze ku kibuga cy’indege amapine y’imbere akanga gusohoka ngo agekore hasi.
Mu kugerageza kurwana no kuyimanura yaohora amapine ntasohoke, byarangiye icyizuru cy’iyi ndege ya kompanyi yitwa Myanmar National Airlines aricyo gisimbuye amapine kigenda kikuba muri kaburimbo ahakabaye amapine aha iyi ndge ikaba yageragezaga kugwa ku kibuga cya Mandalay.
Umupilote w’iyo ndege Embraer 190 - yakozwe (…)
Nyuma yo kumva ko ishuri ribanza aturanye naryo rigiye gufunga kubera kubura abanyeshuri, umworozi yarijyanyeho intama ze 15 ngo bazandike zijye kwiga.
Abanyeshuri biga ku ishuri ryitwa Jules Ferry ryo mu cyaro cya Crêts-en-Belledonne, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umujyi wa Grenoble, baragabanutse cyane kugeza ubwo ritangaza ko rigiye gufunga ibyumba bimwe by’amashuri.
Mu gikorwa cyo kurwanya gufunga ayo mashuri, umworozi Michel Girerd yafashe umwanzuro wo kujyana amwe muri (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















