Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

PAPA FRANCIS YAHAYE IMFASHANYO Y'IBIHUMBI 500 BY'AMADOLARI ABIMUKIRA BARI MU GIHIRAHIRO MURI MEXICO
PAPA FRANCIS YAHAYE IMFASHANYO Y’IBIHUMBI 500 BY’AMADOLARI ABIMUKIRA BARI MU GIHIRAHIRO MURI MEXICO

By Imfurayabo Pierre Romeo Ibiro bya Papa Francis byatangaje ko yatanze imfashanyo y’ibihumbi 500 by’amadolari y’Amerika byo gufasha abimukira bari mu gihirahiro muri Mexico bagerageza kugera ku mupaka na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Ni imfashanyo iva mu kigega Peter’s Pence cya Kiliziya Gatolika, gishyirwamo imfashanyo iba yakusanyijwe iturutse mu bice bitandukanye ku isi.
Itangazo ry’i Vaticani rivuga ko inkunga icyenewe n’abimukira iri kugabanuka mu gihe itangazamakuru ku isi (…)

424 Shares 4 Comments
UGANDA YAREKUYE ABANYARWANDA BARIMO ABAHATIRWAGA KUJYA MU MUTWE WA KAYUMBA NYAMWASA
UGANDA YAREKUYE ABANYARWANDA BARIMO ABAHATIRWAGA KUJYA MU MUTWE WA KAYUMBA NYAMWASA

By Imfurayabo Pierre Romeo Abanyarwanda icyenda bari bamaze igihe batoterezwa muri Uganda barekuwe, barimo n’abagiye bahatirwa kujya mu mutwe w’inyeshyamba wa Kayumba Nyamwasa. Abo Banyarwanda bagejejwe ku Mupaka wa Kagitumba muri Nyagatare kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Mata 2019.
Abarekuwe barimo abagore bafunganywe n’abagabo babo ndetse n’abana, abasore n’abandi batoterejwe mu bigo by’Urwego rushinzwe Igisirikare muri Uganda (CMI), abandi batoterezwa muri gereza zisanzwe. Muri aba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rurindo: Hakizimana Cyprien yamenewe ikigajye kuko yanze gutanga ruswa
Rurindo: Hakizimana Cyprien yamenewe ikigajye kuko yanze gutanga ruswa

Rurindo: Hakizimana Cyprien yamenewe ikigajye kuko yanze gutanga ruswa Ubusanzwe gucuruza no kungwa inzoga za gakondo biremewe urwangwa,ikigajye,umutobe n’ibindi bikomoka kubihingwa nibyo bituma uyumuturage Hakizimana cyprien utuye murenge wa Murambi mu karere ka Rurindo avuga ko yarenganyijwe bakamumenera ikiganjye agatanga na mande kuko yanze guha ruswa ushijwe kurwanya ibiyobyabwenge mu murenge wa masoro ariko yakorega mu mirenge itandukanye.
Hakizimana yagize ati “nenga ikigajye (…)

424 Shares 4 Comments
Kirehe:Imwe mu mirimo ikoreshwa abana itiza umurindi kubyara kw'abangavu
Kirehe:Imwe mu mirimo ikoreshwa abana itiza umurindi kubyara kw’abangavu

Abaturage bavuga ko mumujyi wa nyakarambi mu karere ka Kirehe mu murenge wa Kigina ahaza abana baje gushaka akazi cyane ako murugo bahamara iminsi ugasanga atewe inda na shebuja cyangwa nundi musore urihafi yaho akora yamara kugutwara inda agasubira iwabo hirya mucyaro.
Mugiraneza Emmaunel waganiriye na mamaurwagasabo.rw yagize ati “Nyakarambi haza abana bato bari mu kigero k’imyaka 15 kuzamura bashaka akazi cyane ako murugo ugasanga abantu barabakoresha kuko bo basaba amafanga macye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ubutabera :Abarokotse basanga kumenya amakuru y'imanza za Jenoside zibera hanze ari ubutabera bahabwa
Ubutabera :Abarokotse basanga kumenya amakuru y’imanza za Jenoside zibera hanze ari ubutabera bahabwa

Zimwe mu manza z’iburanashwa hanze y’urwanda harimo urwa Rucyeratabaro Theodore ubu urikuburana mu bujurire mu gihugu cya Swede,akurikiranyweho ibyaha ya koze mugihe cya Jenoside ya korewe abatutsi muri 1994 ,mu cyahoze ari cyangugu, muri segiteri Uwinteko, kurubu ni mu karere ka Rusizi mu murenge wa Mururu.
Ndagijimana Laurent Perezida wa Ibuka mu karere ka Rusizi avuga ko iyo ntamakuru y’urubaza bamenye yuburana icyaha cya Jenoside bo babifata nko kutabona ubutabera.
Yagize ati “ (…)

424 Shares 4 Comments
BARAMUTWITSE KUGEZA APFUYE NYUMA YO KUREGA DIREGITERI W'IGIKIGO KO YAGERAGEJE KUMUFATA KU NGUFU
BARAMUTWITSE KUGEZA APFUYE NYUMA YO KUREGA DIREGITERI W’IGIKIGO KO YAGERAGEJE KUMUFATA KU NGUFU

By Imfurayabo Pierre Romeo Atewe akanyabugabo n’ umuryango we , Umukobwa wo mu gihugu cya Bangladesh Nusrat Jahan Rafi yagiye kuri polisi avuga ko yahohotewe birangira yishwe urwagashinyaguro. Mu gihugu cya Bangladesh abakobwa baho ntabwo bajya bavuga ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakorerwa mu rwego rwo kwirinda kuba iciro ry’ imigani aho batuye.
Nusrat Jahan Rafi wari ufite imyaka 19 yiga mu ishuri rya Abayisilamu, tariki 27 Werurwe , yabwiye polisi ko umuyobozi w’ ishuri rye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
GASABO: UMUGABO YICIYE UMUGORE WE KWA SEBUKWE AMUTEYE ICYUMA MU MUTIMA
GASABO: UMUGABO YICIYE UMUGORE WE KWA SEBUKWE AMUTEYE ICYUMA MU MUTIMA

By Imfurayabo Pierre Romeo Nizeyimana Aloys utuye mu Mudugudu wa Ruseno mu Kagari ka Mukuyu mu Murenge wa Ndera, yasanze umugore we Niyomukiza Naomi, iwabo (kwa sebukwe) aho yari yamuhungiye, amutera icyuma mu mutima arapfa.
Saa moya za mugitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, nibwo Nizeyimana w’imyaka 30 y’amavuko yasanze umugore we Niyomukiza w’imyaka 28 y’amavuko iwabo mu rugo rwa Bizimana Joel na Mukamana Jeanne, amwica amuteye icyuma mu mutima inshuro eshatu.
Amakuru agera kuri mu (…)

424 Shares 4 Comments
KIGALI: CAMERA ZICUNGA UMUTEKANO ZIGIYE KUJYA ZANDIKA IKINYABIZIGA GIFATIWE MU MAKOSA
KIGALI: CAMERA ZICUNGA UMUTEKANO ZIGIYE KUJYA ZANDIKA IKINYABIZIGA GIFATIWE MU MAKOSA

By Imfurayabo Pierre Romeo Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko camera zo ku muhanda zicunga umutekano zigiye kujya zandika ibinyabizinga bikoreshejwe amakosa n’ amazina ya banyirabyo. SSP Ndushabandi Jean Marie Vianney, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, yabitangarije abanyamakuru ubwo hazozwaga amahugurwa y’ abamotari.
Yagize ati “Ni kamera ziri hirya no hino ku mihanda; zikoze ku buryo zinakurikirana niba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DEPITE, ABACAMANZA N'UMUGABA W'INGABO ZIRWANIRA KU BUTAKA BARAHIYE
DEPITE, ABACAMANZA N’UMUGABA W’INGABO ZIRWANIRA KU BUTAKA BARAHIYE

By Imfurayabo Pierre Romeo Perezida Kagame yayoboye umuhango wo kurahiza Umudepite usimbura uheruka kwegura ku mpamvu bwite, yarahiranye n’Abacamanza b’Urukiko rw’Ikirenga n’urw’Ubujurire baherutse kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri, n’Umugaba Mukuru w’ingabo zirwanira ku Butaka.
Abarahiye ni Hitiyaremye Alphonse, na Rukundakuvuga Francois Regis bagizwe Abacamanza b’Urukiko rw’Ikirenga, na Mme Tugireyezu Venantie wahoze ari Minisitiri muri Perezidansi, yarahiriye kuba Umucamanza w’Urukiko (…)

424 Shares 4 Comments
PEREZIDA MUSEVENI WA UGANDA YEMEREWE KWIYAMAMAZA NA NYUMA Y'IMYAKA 75 Y'AMAVUKO
PEREZIDA MUSEVENI WA UGANDA YEMEREWE KWIYAMAMAZA NA NYUMA Y’IMYAKA 75 Y’AMAVUKO

By Imfurayabo Pierre Romeo
Urukiko rw’ikirenga rwa Uganda rwashyigikiye icyemezo cy’urukiko rw’itegekonshinga cyo gukuraho ikigero cy’imyaka 75 y’amavuko nk’imyaka ntarengwa umuntu aba atacyemerewe kwiyamamariza kuba perezida.
Bivuze ko Perezida Yoweri Museveni wa Uganda ufite imyaka 74 y’amavuko, ashobora kongera kwiyamamaza mu matora ateganyijwe kuba mu mwaka wa 2021.
Ku munsi w’ejo ku wa kane, abacamanza bane batoye bashyigikira umwanzuro wari wafashwe n’urukiko rw’itegekonshinga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru