Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

PEREZIDA PAUL KAGAME NA MADAMU WE N'ABANYACYUBAHIRO BITABIRIYE “WALK TO REMEMBER”
PEREZIDA PAUL KAGAME NA MADAMU WE N’ABANYACYUBAHIRO BITABIRIYE “WALK TO REMEMBER”

By Imfurayabo Pierre Romeo Perezida Paul Kagame, Madamu Jeannette Kagame n’abandi banyacyubahiro batandukanye baraye bifatanyije n’abanyarwanda mu rugendo “walk to remember” n’ijoro ryo kwibuka ryabereye kuri Stade Amahoro ndetse bitabiriye n’ijoro ryo kwibuka.
Nyuma yo kuvuga ijambo ritangiza cyo Kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi,Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame n’amadamu we ndetse n’abandi banyacyubahiro bifatanyije n’abanyarwanda mu rugendo rwo kwibuka (…)

424 Shares 4 Comments
IMYAKA 25 IRASHIZE SANDRINE ISHEJA ATARABONA UMUBIRI WA SE WISHWE MURI JENOSIDE
IMYAKA 25 IRASHIZE SANDRINE ISHEJA ATARABONA UMUBIRI WA SE WISHWE MURI JENOSIDE

By Imfurayabo Pierre Romeo Sandrine Isheja n’umugore w’imyaka 31 afite umugabo n’umwana umwe w’umuhungu, uyu yamenyekanye cyane mu kiganiro Sunday night kuri Radio Isango star, ikiganiro cyamuhaye igikundiro gikomeye.
Sandrine yanyuze ku maradiyo atandukanye arimo Radio Salus, Isango Star ubu ari kuri Kiss Fm
Abinyujije ku rukuta rwe rw’Instagram yageneye ubutumwa Se wishwe muri Jenoside agaragaza n’ishavu atewe no kuba batarabona umubiri we ngo bamushyingure mu cyubahiro.
Sandrine (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Haracyari imbogamizi mu gufasha abafite ubumuga mu bigo bitanga serivisi.
Haracyari imbogamizi mu gufasha abafite ubumuga mu bigo bitanga serivisi.

by Nuwamanya Amon Bernard
Munzego zitandukaye zitanga serivisi zaba izigenga cyangwa iza leta haracyagaragara imbogamizi mu gufasha abafite ubumuga cyane cyane abari n’abatega rugori.
Ni munama y’iminsi ibiri yateranye kuva kuri uyu wa kane taliki 4 mata ho mu karere ka kicukiro ihuje bamwe mu bagore n’abakobwa bafite ubumuga butandukanye, bibumbiye mu Muryango nyarwanda w’abagore n’abakobwa bafite ubumuga (UNABU), baganira ku ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa bafite ubumuga. (…)

424 Shares 4 Comments
GAKENKE: KUTAGIRA UMURIRO NI BIMWE MU BITERA AMACYIMBIRANE MU MIRYANGO
GAKENKE: KUTAGIRA UMURIRO NI BIMWE MU BITERA AMACYIMBIRANE MU MIRYANGO

Mu murenge wa Janja mu kagari ka Gacyindo hari ikibazo cy’amashanyarazi ugasanga abagore n’abagabo batumvikana bitewe nuko abagore bajya gukoresha imisatsi kure yaho batuye baza bagasanga abagabo babakingiranye, n’abagabo iyo bagiye gushaka umuriro wo muri terefone abagore babo bavuga ko babaharitse (bafite abandi bagore) .
Abaturage bavuga ko amacyimbirane yo mu muryango aterwa n’impamvu nyinshi none hiyongereyeho niyo kujya gushaka umuriro kuko iyo bavuye mu kagari ka Gacyindo abashaka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
KOUCHNER YANENZE AMAHITAMO YA MACRON YO KUTITABIRA IBIKORWA BYO KWIBUKA MU RWANDA
KOUCHNER YANENZE AMAHITAMO YA MACRON YO KUTITABIRA IBIKORWA BYO KWIBUKA MU RWANDA

By Imfurayabo Pierre Romeo Uwigeze kuba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Bernard Kouchner, yanenze kuba Perezida w’igihugu cye, Emmanuel Macron atazitabira ubutumire yahawe n’u Rwanda mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ku wa 07 Mata 2019, u Rwanda ruzifatanya n’Isi mu gikorwa ngarukamwaka cyo kwibuka inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Muri uyu mwaka ni igikorwa kigiye kuba ku nshuro ya 25.
U Rwanda rwari rwahaye (…)

424 Shares 4 Comments
SOBANUKIRWA JYOTI KISANGE AMGE UMUKOBWA MUGUFI KU ISI
SOBANUKIRWA JYOTI KISANGE AMGE UMUKOBWA MUGUFI KU ISI

By Imfurayabo Pierre Romeo Ushobora kuvuka abantu benshi bibaza imikurire yawe uko izagenda, yewe n’abavandimwe bikabayobera ababyeyi bakabifata nk’igihombo, ariko Imana ni yo iba izi imigambi izanye umuntu ku isi ibyo azakora n’ibyo azahindura muri rubanda nyamwinshi.
Wavukana ubumuga cyangwa se utabufite, uyu we yitwa Jyoti Kisange Amge ukimubona wibaza byinshi kuri we no ku ndeshyo ye. Mu mwaka wa 1993 mu gihugu cy’Ubuhinde ni bwo havutse umukobwa Jyoti Kisange Amge avukana uburwayi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
ICYATEYE IMPANUKA Y'INDEGE (ETHIOPIAN AIRLINES BOEING MAX 737) CYATANGIYE KUMENYEKANA
ICYATEYE IMPANUKA Y’INDEGE (ETHIOPIAN AIRLINES BOEING MAX 737) CYATANGIYE KUMENYEKANA

By imfurayabo Pierre Romeo Amakuru yatangiye kumenyekana y’ibihe bya nyuma by’indege ya kompanyi ya Ethiopian Airlines yo muri Ethiopia yakoze impanuka mu byumweru bitatu bishize.
Uburyo bubuza indege guhagarara hamwe bw’iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing 737 Max, buvugwa ko ari bwo bwabaye intandaro y’iyo mpanuka yaguyemo abantu 157 bose bari bayirimo. Iyi ndege yakoze impanuka imaze iminota 6 gusa ihagurutse ku kibuga cy’indege Iyo ndege yari imaze amezi ane gusa ikora, yavaga mu murwa (…)

424 Shares 4 Comments
SLOVAKIYA IBONYE PEREZIDA WA MBERE W'UMUGORE
SLOVAKIYA IBONYE PEREZIDA WA MBERE W’UMUGORE

By Imfurayabo Pierre Romeo Zuzana Caputova wiyamamazaga ashyize imbere kurwanya ruswa ni we watsinze amatora ya perezida muri Slovakiya, akaba abaye Perezida wa mbere w’umugore mu mateka y’iki gihugu giherereye rwagati ku mugabane w’Uburayi.
Mu matora y’icyiciro cya kabiri, Madamu Caputova, urebye usa nk’udafite inararibonye muri politiki, yatsinze Maros Sefcovic, impuguke mu mibanire y’ibihugu (umu-diplomate), wari watanzwe nk’umukandida n’ishyaka riri ku butegetsi. Yiyamamaje avuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
UMURYANGO WA MUSONI JACKSON UHERUTSE GUPFIRA MU MPANUKA Y' INDEGE WATANZE IKIREGO MU NKIKO
UMURYANGO WA MUSONI JACKSON UHERUTSE GUPFIRA MU MPANUKA Y’ INDEGE WATANZE IKIREGO MU NKIKO

By imfurayabo Pierre Musoni Jackson, Umunyarwanda wapfiriye mu mpanuka y’ Indege ya Ethiopian Airlines, umuryango we watanze ikirego mu butabera bwa Leta zunze ubumwe za Amerika.
RBA yatangaje ko uyu muryango wareze ‘Boeing,’ Kampani y’ Abanyamerika yakoze indege ya 737 Max 8, uvuga ko iyi ndege yari ifite ikibazo gituruka ku buryo yakozwe.
Iyi ndege ya Boeing 737 Max 8 yakoze impanuka ku Cyumweru tariki 10 Werurwe 2019 ubwo yari ihagurutse muri Ethiopia yerekeje muri Kenya. Mu bantu 157 (…)

424 Shares 4 Comments
MUKARUGWIZA WAPFIRIYE KU MUPAKA AJYA UGANDA YASHYINGUWE
MUKARUGWIZA WAPFIRIYE KU MUPAKA AJYA UGANDA YASHYINGUWE

By imfurayabo Pierre Umurambo wa Mukarugwiza Elizabeth w’ imyaka 38 wapfiriye ku mupaka w’ u Rwanda na Uganda mu gitondo cyo ku wa Gatatu washyinguwe ejo ku wa Kane umugabo we Dan Hakizimana avuga ko yababajwe n’ ibyo yise ibinyoma byatangajwe na Uganda ku rupfu rw’ umugore we.
Inkuru dukesha ukwezi.rw ivuga ko Nyakwigendera yashyinguwe hafi y’ urugo rw’ umuryango we mu kagari ka Nyonirima , Umurenge wa Kinigi mu karere ka Musanze mu Ntara y’ Amajyaruguru.
Mukarugwiza yituye hasi ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru