Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

MUHANGA: YAKATIWE IGIFUNGO CYA BURUNDU NYUMA YO KWICA IMPANGA YIBYARIYE
MUHANGA: YAKATIWE IGIFUNGO CYA BURUNDU NYUMA YO KWICA IMPANGA YIBYARIYE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwakatiye igifungo cya burundu Ntamuvurira Kanani washinjwaga kwica abana be b’impanga akaza guhamwa n’icyaha.
Inkuru dukesha ikinyamakuru umuseke ivuga ko Isomwa ry’urubanza ryabereye mu ruhame mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe, aho icyaha cyabereye.
Urukiko ruvuga ko Ntamuvurira mu iburanisha ry’ubushize yemeye ko ari we wihekuye ariko ko kubica byabaye nk’impanuka agasaba imbabazi. Urukiko (…)

424 Shares 4 Comments
Gatsibo:Abaturage batitabira inteko yabagenewe ntibanyurwa n'icyiciro cy'ubudehe
Gatsibo:Abaturage batitabira inteko yabagenewe ntibanyurwa n’icyiciro cy’ubudehe

Bya Scovia Mutesi
Abaturage baranengwa kutitabira inteko zabagenewe, kuko ari ho bagezwaho gahunda za Leta n’iterambere ryabo ariko kubera gusiba ndetse no kutabyitaho bigira ingaruka kuri bo bigatuma ibyemezo bifatwa badahari batabyakira, bituma kandi abo bantu bahora basaba ko basubiramo ibyavuzwe harimo n’icyiciro cy’ubudehe baba barashyizwemo.
Abo baturage usanga bahora bavuga ko barenganyijwe, bahora bitana ba mwana n’abayobozi b’inzego z’ibanze, kuko ngo usanga amatangazo aba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Africa must raise taxes to better fight climate change
Africa must raise taxes to better fight climate change

Let us begin by welcoming international solidarity. Whether it was the United Nations, its field agencies or major NGOs, the mobilization was not long in coming to the aid of Zimbabwe, Malawi, and, especially Mozambique, devastated by Cyclone Idai last March. But as another tropical cyclone, Kenneth, has landed on the East African coast with even greater intensity, we cannot help but detect accents of guilt in this solidarity.
Mozambique is on its knees. Hit by what is considered the worst (…)

424 Shares 4 Comments
UWAGUZE INDEGE ISHAJE AKAYIJYANA MU ISHYAMBA, YAFUNGUYE YEREKANA IBIYIRIMO: [AMAFOTO]
UWAGUZE INDEGE ISHAJE AKAYIJYANA MU ISHYAMBA, YAFUNGUYE YEREKANA IBIYIRIMO: [AMAFOTO]

Ikidashidikanywaho ni uko umuntu wese wabona indege nini ahantu mu ishyamba, yahita atekereza ko iyo ndege yahakoreye impanuka. Siko byagenze ku ndege ya Bruce Campbell kuko yayiguze ishaje ayijyana ahantu mu ishyamba ayikoramo inzu ifite umwihariko udafitwe n’ izindi mu Isi.
Bruce Campbell 64 y’ amavuko ni umugabo w’ umunyadushya cyane. Yahoze ari enjennyeri ariko ubu yavuye mu kazi kubera izabukuru. Afite imyaka 20 y’ amavuko yaguze isambu ya hegitari 4 ahitwa Oregon ayigura amayero (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
RUSSIA: ABANTU 41 BAGUYE MU MPANUKA Y'INDEGE
RUSSIA: ABANTU 41 BAGUYE MU MPANUKA Y’INDEGE

By Imfurayabo Pierre Romeo Abantu 41 nibo baguye mu mpanuka y’indege ya Aeroflot nyuma yo kugwa ku kibuga cy’indege cya Sheremetyevo mu mujyi wa Moscow igahita ifatwa n’inkongi y’umuriro. Mu gitondo cyo kuri uyu mbere nibwo hagaragaye amashusho yacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga yerekana bamwe mu bagenzi barwana basohoka mu ndege ya Aeroflot yaritangiye gufatwa n’inkongi y’umuriro. Abana babiri n’umukozi umwe nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa leta mu bitangazamakuru byo mu burusiya. (…)

424 Shares 4 Comments
IGISIRIKARE CYA SUDANI CYANZE UBWIGANZE BW'ABASIVILE MU KANAMA KAYOBORA IGIHUGU
IGISIRIKARE CYA SUDANI CYANZE UBWIGANZE BW’ABASIVILE MU KANAMA KAYOBORA IGIHUGU

Umutegetsi mukuru wo mu kanama ka gisirikare kari ku butegetsi muri Sudani yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko aka kanama katazemerera abasivile kugira ubwiganze mu kanama k’ikirenga gateganyijwe kuyobora iki gihugu mu gihe cy’inzibacyuho.
Liyetona Jenerali Salah Abdelkhalek yavuze ko kimwe mu byo akanama ka gisirikare gashobora kuba kakwigaho ari uko imyanya yasaranganywa mu buryo bungana hagati y’abasivile n’abasirikare muri ako kanama k’ikirenga.
Abigaragambya bakomeje imyigaragambyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
UBWONGEREZA BUGIYE GUHA U RWANDA INYANDIKO Z' AMATEKA YA JENOSIDE
UBWONGEREZA BUGIYE GUHA U RWANDA INYANDIKO Z’ AMATEKA YA JENOSIDE

By Imfurayabo Pierre Romeo Guverinoma y’ Ubwongereza yatangaje ko igiye kohereza mu Rwanda mu gihe cya vuba inyandiko amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi zibitswe mu Bwongereza. Minisitiri w’ Ubwongereza ushinzwe Afurika Harriet Baldwin yabitangarije mu nama yo kuzirikana kuri Jenoside yakorewe abatutsi yabereye mu mugi wa Londres kuri uyu wa Mbere tariki 30 Mata 2019.
Iki gikorwa cyo kwibuka abatutsi bishwe muri Jenoside cyateguwe na Komisiyo ihagarariye inyungu z’ u Rwanda mu (…)

424 Shares 4 Comments
Umupolisi ukomeye yajyanye mu nkiko inshuti ye yahaye akazi ko gutera inda umugore we kakamunanira nyuma yo kumurongora inshuro 77
Umupolisi ukomeye yajyanye mu nkiko inshuti ye yahaye akazi ko gutera inda umugore we kakamunanira nyuma yo kumurongora inshuro 77

By Imfurayabo Pierre Romeo Umukuru wa polisi muri Tanzania witwa Darius Makambako w’imyaka 50 yajyanye mu rukiko inshuti ye ayishinja kunanirwa akazi yayihaye ko gutera inda umugore we kandi amaze kumusambanya inshuro 77 zose.
Uyu mukuru wa Police utabyara,yabwiwe n’umugore we ko ashaka umwana bituma aha akazi inshuti ye ko kumuterera inda,biramunanira ajya kumurega.
Urukiko rwa Dar-es-Salaam muri Tanzania rwakiriye ikirego cy’uyu mukuru wa polisi wababajwe n’uko iyi nshuti ye imaze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urukiko rwo muri Siwede rwagumishije ku gihano cya burundu Rukeratabaro Theodore wakoze jenoside ya korewe batuts
Urukiko rwo muri Siwede rwagumishije ku gihano cya burundu Rukeratabaro Theodore wakoze jenoside ya korewe batuts

Urukiko rwo muri Siwede rwagumishije ku gihano cya burundu Rukeratabaro Theodore wakoze jenoside ya korewe batutsi.
Urukiko rw’ubujurire rwa Sweden i Stockholm rwanze ubujurire bwa Rukeratabaro Theodore wakoze icyaha cya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 50 ,akomoka mu karere ka Rusizi, Umurenge wa Mururu ,Akagari ka Kabahinda ahahoze hitwa Komine Cyimbogo, Segiteri W’inteko.
Ubwo bibukaga ku nshuro ya 25, jenoside yakorewe abatutsi mu w’1994,bamwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
IREBERE UBURANGA BWA NYAMPINGA W'INGABO Z'ABARUSIYA AKABA N'UMWE MU BARINDA PEREZIDA PUTIN[AMAFOTO]
IREBERE UBURANGA BWA NYAMPINGA W’INGABO Z’ABARUSIYA AKABA N’UMWE MU BARINDA PEREZIDA PUTIN[AMAFOTO]

By Imfurayabo Pierre Romeo
Umukobwa witwa Anna Khramtsova uri mu barinzi bakuru ba Perezida Vladmir Putin niwe watowe nk’umukobwa mwiza kurusha abandi bose bari mu gisirikare cy’Uburusiya.
Uyu mukobwa uri mu barinzi bakuru ba Vladmir Putin yatowe na benshi ko ari we mukobwa ufite uburanga bwinshi kurusha abandi bose bari mu gisirikare cy’Uburusiya kiri mu bikomeye ku isi.
Uyu mukobwa w’imyaka 31, yavuze ko yifuza kuba mwiza nk’imbunda ye akoresha mu kurinda umukuru w’igihugu cy’Uburusiya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru